Umukino w’umupira w’amaguru (football) wahuje UPDF na RDF
Umukino w’umupira w’amaguru (football) wahuje UPDF na RDF Kuri Stade Ubworoherane, Musanze, Tariki 16 Kamena 2025 Kuri uyu wa Gatandatu, Diviziyo ya kabiri y’Ingabo za Uganda (UPDF) yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda iy’u Rwanda (RDF) mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Ubworoherane
Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora FERWAFA ntashishikajwe na mafaranga yayo
Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yavuze ko atarangajwe n’umushahara wa Perezida w’iri shyirahamwe atari wo ashyize imbere. Shema aheruka kwemezwa nk’umukandida rukumbi ku mwanya wo kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu matora ateganyijwe kuwa 30 Kanama
Rayon Sports yashize hanze imyambaro mishya igiye kujya yambara
Rayon Sports FC yashize hanze imyambaro mishya izifashisha mu mikino yakiriye mu mwaka wa 2025/2026, yakozwe n’ikigo Nyarwanda gikora Imideli, Kwesa Collection. Mwijoro ryo ku wa gatanu, tariki ya 8 Kanama 2025, ni bwo Gikundiro yagaragaje imyambaro izakoreshwa ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo.
Uwahoze ari umukozi wa As kigali ayisaba kumwishyura bitabaye ibyo akayijyana mu Nkiko
Nsabimana Jean de Dieu wahoze ari umukozi wa As kigali mu gice cyo kuvura abakinnyi , yasabye ubuyobozi bwiyi kipe kumwishyura imishahara ye ingana na mezi 13 ingana n’arenga miliyoni 6 Frw, bitakunda akaba yakwitabaza inkiko zikamurenganura. Mu mwaka w’imikino wa 2024/2025 urangiye,
Kwicara cyane bitera indwara nyinshi.
Kwicara cyane bitera indwara nyinshi. kwicara cyane bingana no kunywa itabi kuko bitiza umurindi indwara nyinshi zirimo guturika kw’imitsi yo mu bwonko, indwara z’umutima n’umugongo. Kwicara igihe kirekire (nko mu biro, imbere ya mudasobwa, cyangwa kuri televiziyo) bimaze kwemezwa na benshi
Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”.
Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”. Huye, tariki ya 25 Nyakanga 2025, abahanzi baturuka mu karere ka Huye batangije ku mugaragaro gahunda yitwa “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”, igamije kugaragaza no guteza imbere impano z’abahanzi, gukangurira urubyiruko kugira uruhare
Bizimana Djihad yafashije ikipe ye gutera indi ntambwe
Umunyarwanda Bizimana Djihad ukinira Al Ahly Tripoli yo muri Libya, ari mu bayifashije gutsinda umukino wa mbere mu ya kamarampaka izagena ikipe yegukana Shampiyona. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, ni bwo Al Ahly Tripoli yakinnye na Al
Nshuti Innocent agiye gupagarisa mu bihugu by’Abarabu
Rutahizamu Nshuti Innocent yerekeje mu ikipe ya ES Zarzis yo muri Tunisia avuye mu ikipe ya Sebail yo mu gihugu cya Azerbaijan. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Nyakanga 2025 ni bwo amakuru yacicikanye ko rutahizamu Nshuti Innocent uvuka mu
AS Kigali yiteguye gutwara ibikombe no guhangana nandi makipe akomeye
Ikipe ya AS Kigali, Kuri uyu wa Kane tariki 24 Nyakanga 2025, nibwo yatangiye imyitozo, itangirana abakinnyi 16 barimo abakinnyi bashya bagera kuri 4 barimo Elie Kategaya, Dushimirimana Olivier na Kabanda Serge bakoranye n’abandi ndetse na Mugiraneza Froduard wari ku ruhande. Ni imyitozo
Rayon Sports yatangaje ibiciro byo kwinjira ku munsi wa Rayon Day utegerejwe
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 22 Nyakanga 2025, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ibiciro by’itike yo kwinjira mu birori bya Rayon Day, biteganyijwe ku wa Gatandatu tariki 19 Nyakanga 2025, bizabera muri Sitade Amahoro. Ikipe ya Rayon Sports, nyuma yo