IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA Umunya Australia Chapman Brodie ari mu bakinnyi b’ibyamamare batangiye guhamya ko imihanda ya Kigali izasiga amateka mu mikino y’amagare ku rwego rw’Isi. Nyuma yo gufasha ikipe ye gutwara umudali wa zahabu mu isiganwa rya Team
Ubureiganya bwabujije umunyamakuru w’umubiligi gukurikirana shampiyona y’Isi y’amagare iri kubewra mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yashyize umucyo ku byavuzwe kuri uyu munyamakuru Stijn, agaragaza ko uburiganya ari bwo bwatumye yangirwa kwitabira iri rushanwa rikurikiwe b’abanyamakuru amagana ba siporo ku Isi. Bimwe mu binyamakuru ndetse na Stijn batangaje ko u Rwanda
Kwakira shampiyona y’Isi y’amagare ni ibyishimo kuritwe/Makolo Yolanda
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko kuba u Rwanda rugiye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare ari ibintu Abanyarwanda bakoreye, yizeza ko kandi bari gukora ibishoboka byose ngo igende neza. Kuri iki Cyumweru tariki 21 Nzeri 2025, nibwo mu Mujyi wa Kigali
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BASENYE STADE
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BARASENYE STADE Kinshasa, 09 Nzeri 2025, Umukino wari utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wahindutse isoko y’imyigaragambyo n’urusaku rwinshi nyuma y’uko ikipe y’igihugu ya RDC itsinzwe na
Umusifuzi yakomerekejwe muri Shampiyona ya Tunisie
Mu mukino wa shampiyona mu gihugu cya Tunisie, umusifuzi wo ku ruhande witwa Marwana Saad,yakomerekejwe n’abafana nyuma yo kutishimira ibyemezo yagiragamo uruhare. Ku wa Gatatu, Tariki ya 27 kanama 2025, umukino wahuzaga CA Bizertin na Club African zikinz shampiyona ya tunisie, wahagaze ugeze
Bwa mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba ikomeye
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika.Ni imikino ya 1/2 ya ‘Professional Fighter League’izabera muri Bk Arena, ku wa 18 Ukwakira 2025. Ishyirahamwe ry’imukino Njyarugamba ku isi (Global Association of Mixed Martial Arts-GAMMA),ryatangaje ko u
Abafana ba APR FC bagaragaje agahinga gakomeye nyuma yo kuba iya nyuma mu Inkera y’Abahizi
Abafana ba APR FC bagaragaje agahinda gakomeye, nyuma yo gusoza irushanwa yateguye ryiswe Inkera y’Abahizi itatsinze umukino n’umwe, igikombe kikegukana na Police FC. Ikipe y’Ingabo yatsinzwe imikino yose yakinnye muri iri rushanwa,aho usoza yatsinzwe na Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0. Bamwe
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko uru rwego ruri mu myiteguro yo gushinga ikipe ya ruhago izitabira amarushanwa mu Rwanda. Yavuze ko intego nyamukuru atari ugutsinda imipira
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa
Ibitangaza mu mikino ya ‘Robot Olympics’ yabereye mu Bushinwa Kuva ku wa Gatanu kugeza ku cyumweru gishize, mu murwa mukuru w’u Bushinwa habereye amarushanwa yiswe World Humanoid Robot Games, bamwe bakazita Olympics ya Robots, imikino yatumye amaso y’isi yose yibera i Beijing. Iri
Umutoza wa Azam FC yasobanuye uko yigeze kugorwa na APRFC
Umutoza w’ikipe ya Azam FC Florent Ibenge Ikwange yatangaje ko ubwo yatozaga RS Berkane bagowe cyane no gutsinda ikipe ya APER FC nubwo byarangiye begukanye irushanwa rya confederation cup bakinaga. Mu mwaka wa 2021,ikipe ya APR FC yari isigaje iminota 14 ngo yerekeze