Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda?
Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda? Nyuma y’uko FERWAFA yemeje ko amakipe yo muri Sudani, arimo Al Hilal SC Omdurman na Al-Merrikh SC, yemerewe gukina muri Rwanda Premier League guhera mu Ugushyingo
Amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina muri Rwanda Premier League
Amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina muri Rwanda Premier League Ni inkuru itunguranye ariko inashimishije abakunzi ba ruhago mu Rwanda no muri Afurika yose: Al-Merrikh SC na Al Hilal SC Omdurman, amakipe abiri akomeye cyane muri Sudani, yamaze kwemererwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu
Al-Merrikh na Al Hilal zo muri Sudani zemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda
Amakipe yo muri Sudani, Al-Merrikh na Al Hilal zemerewe gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 nyuma yo kubisaba.Aya makipe niyo yabitangaje abinyujije kuri X mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane.Al-Merrikh yavuze ko yakiriye ibaruwa ivuye muri FERWAFA iyemerera gukina
U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie
U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie Mu mateka mashya y’imyitozo n’ubunyamwuga mu gisirikare, u Rwanda rwongeye kugaragaza ko ari igihugu cyubatse ingabo zifite ubumenyi buhanitse, nyuma y’uko Ingabo z’u Rwanda zidasanzwe (RDF Special Forces)
Perezida wa FERWAFA yateguje igisubizo cyo gutsindwa kw’Amavubi
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice yateguje igisubizo cyo gutsindwa ku ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, avuga ko bagiye gushyira imbaraga nyinshi cyane mu bakiri bato.Amavubi arimo arabarizwa muri Afurika y’Epfo aho yagiye gukina n’iyi kipe y’igihugu mu mukino usoza
Aba-Rayons baguriwe amatike yo kureba umukino w’Amavubi na Bénin
Mu rwego rwo gushyigikira ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rayon Sports na APR FC zisanzwe ari abakeba, zaguriye amatike abafana bazo n’ab’Amavubi bifuza kuzaza kuyashyigikira ejo kuri Stade Amahoro. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025 kuri Stade Amahoro Saa Kumi n’Ebyiri z’Umugoroba,
Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella”
Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella” UCI bisobanuye Union Cycliste Internationale, mu Kinyarwanda bivuga Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Imikino y’Amagare. Ni ryo shyirahamwe riyobora, ritegura kandi rigakurikirana ibikorwa byose by’amagare ku isi hose harimo Shampiyona y’Isi y’Amagare (UCI Road
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare Kigali, umujyi w’urukundo n’ishema Mu minsi umunani itazibagirana, ijisho ry’isi yose ryari ryerekeje ku gihugu cyacu, u Rwanda, n’umurwa mukuru warwo Kigali. Ku nshuro ya mbere mu mateka y’imyaka irenga ijana ya Shampiyona y’Isi y’Amagare,
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda Los Angeles, USA-Kigali, Rwanda Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (Rwanda Development Board, RDB) cyatangaje ko cyinjiye mu bufatanye bushya n’ikipe ya basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, LA Clippers, ikina muri
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa y’Amagare, Thomas Voeckler, yemeje ko u Rwanda ari igihugu kitamworoheye kubona icyo yakinenga, nyuma y’iminsi we n’abakinnyi be bamaze bakiriye neza uko bakiriwe, bishimira uburyo bwo kubaho ndetse