Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi bahuriye i Doha mu buryo butunguranye
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku wa 18 werurwe 2025 bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha ku mahoro arambye, nk’uko ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Qatar
Gitangaza Prince ukekwaho kwica umuntu agahungira muri Uganda yagaruwe mu Rwanda
kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Weruwe 2025, u Rwanda rwakiriye Gitangaza Prince wari warahungiye muri Uganda nyuma yo gucyekwaho kugira uruhare ku cyaha cy’iyicarubozo cyakorewe uwitwa Haberumugabo Guy Divin mu Ugushyingo 2024 nkuko byatangajwe na RIB ibinyujije kuri ‘X’. RIB yavuze ko
Uruzinduko rwa perezida Kagame I gahanga rwahinduwe
Uruzinduko rw’umukuru w’igihugu yari kugirira mu karere ka kicukiro muri Gahanga rwasubitswe ruhindurirwa umunsi naho ruzabera. Ibi byatangarijwe mu itangazo umujyi wa Kigali wanyujije kurukuta rwa X tariki 13 Werurwe 2025, watangaje ko uruzinduko rwa Perezida Kagame rwagombaga Kubera i Gahanga mu Karere
Abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda batangiye kwandikwa
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka kwiyandikisha kugira ngo binjire mu ngabo z’u Rwanda mu byiciro bitandukanye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa 06 Werurwe 2025, igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibikorwa byo kwandika abifuza
Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri Mushya wa banki nkuru y’igihugu, BNR
Perezida wa Repuburika Paul Kagame yagize Soraya Hakuziyaremye Guverineri wa bank nkuru y’igihugu BNR, asimbuye kuri uwo mwanya, John Rwangombwa wari uwumazeho igihe. Ibi byatangarijwe mu itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe Ku wa 25 Gashyantare 2025. Soraya niwe mugore wambere ubaye
Kigali: Abajya mu ntara kwizihiza iminsi mikuru bashyiriweho aho bazategera
Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA rwashyizeho ingamba zigamije korohereza abakora ingendo zitandukanye zerekeza mu Ntara mu mpera z’umwaka, aho yashyizeho ahantu hane hatandukanye abagenzi bazajya bategera imodoka bitewe n’intara bagiyemo. Ni mu itangazo RURA yashyize ahagaragara kuwa 17 Ukuboza
Dore uko abanyeshuri biga bacumbikiwe bazasubira mu miryango yabo mu gihembwe cya mbere 2024/2025
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA cyatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko by’igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2024/2025. NESA yabinyujije mu itangazo ku rubuga rwa X kuwa 11 Ukuboza 2024. Iyi gahunda izatangira tariki 19 kugeza ku wa 22 Ukuboza
Rwanda: Utubari n’utubyiniro byemerewe gukora kugeza mu gitondo
Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, yemereye hoteli, utubari, resitora n’utubyiniro gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, naho kuva ku wa Gatanu kugera ku Cyumweru, bigakora amasaha
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we mushya wa Ghana
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye mugenzi we John Dramani Mahama wongeye gutorerwa kuyobora Ghana. Abinyujije ku rukuta rwa X Umukuru w’Igihugu yavuze ko u Rwanda na Ghana bisangiye ubushake bw’iterambere kandi yiteguye gukomeza imikoranire mu kwagura umubano mwiza n’icyerekezo cy’iterambere
Sgt Minani wishe arashe abaturage 5 yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Sergeant Minani Gervais, igihano cy’igifungo cya burundu ndetse no kwamburwa impeta za gisirikare. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha 3 birimo kurasa atabiherewe uburenganzira n’umukuru, ubwicanyi buturutse ku bushake no kwiba, kwangiza no kuzimiza igikoresho cya gisirikare. Ni ibyaha yakoze