Raila Odinga yongeye guteza impaka kuri leta ya Nairobi
Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yasabye Perezida w’iki gihugu gusubiza icyubahiro no gutanga indishyi y’akababaro ku miryango y’abaturage baguye cyangwa bagakomereka mu myigaragambyo yabaye mu 2024. Ibi yabivuze ku wa Kabiri tariki 1 Kamena 2025 mu mujyi wa Kisumu uherereye
Gicumbi: Ibisambo byafatiwe ingamba zishobora kubica burundu
Abaturage batuye mu tugari two mu nkengero z’Umujyi wa Byumba, mu Karere ka Gicumbi, batangaza ko bishimiye gahunda nshya yo gushyiraho irondo ry’umwuga ryitezweho kurinda umutekano wabo, nyuma y’igihe kinini bahanganye n’ubujura bukabije. Bavuga ko mbere abajura bajyaga biyoberanya, rimwe na rimwe bakifashisha
NIJERIYA:IGISIRIKARE CYISHE IBYIHEBE 60 MU BITERO BYO K’UBUTAKA NO MU KIRERE.
Igisirikare cya Nijeriya cyatangaje cyatangaje ko mu bitero bitandukanye cyagabye k’umutwe w’ibyihebe wa ushingiye ku idini rya Islam witwa Boko Haram kishe abasirikare buyu mutwe bagera kuri 60. Igisirikare cya Nijeriya kuwa gatanu tariki ya 30 Gicurasi cyagabye ibitero gikoresheje intwaro zo
UBUZIMA BUSHARIRIYE YABAYEMO MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BWATUMYE AFATA ICYEMEZO CYO GUHARANIRA GUKOMEZA KUBAHO.
UBUZIMA BUSHARIRIYE YABAYEMO MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BWATUMYE AFATA ICYEMEZO CYO GUHARANIRA GUKOMEZA KUBAHO. Specioza UWANYIRIGIRA yavukiye mu karere ka Gisagara, umurenge wa Nyanza, mu mwaka wa 1971, agize imyaka 18 yashatse umugabo babyarana umwana umwe, umwana agize amwaka umwe jenoside yakorewe abatutsi
RDC/GOMA:KABILA YAHUYE N’UBUYOBOZI BW’AMASHULI MAKURU NA KAMINUZA MU MUJYI WA GOMA.
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa DRC, yakiriye itsinda ry’Abayobozi b’Amashuri Makuru na za Kaminuza muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu bantu bari bahari harimo Perezida w’Inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru na Kaminuza zo muri Kivu y’Amajyaruguru akaba n’umuyobozi wa Kaminuza ya Goma (UNIFORM), Mohindo
RDC/GOMA:JOSEPH KABILA A POURSUIVI SA SERIE DE CONSULTATIONS.
Ce samedi 31 mai 2025, Son Excellence le Président honoraire Joseph Kabila Kabange a poursuivi sa série de consultations en recevant une délégation de responsables d’établissements supérieurs et universitaires. Parmi les personnalités présentes figurait notamment le président de la Conférence des chefs d’établissements
Amagambo ya Perezida Ndayishimiye amugaragaza nk’umushinjacyaha w’imbere ushinzwe gushinja u Rwanda
Mu nama yabereye i Kampala muri Uganda igahuza abayobozi bo mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Perezida w’u Burundi, Général Major Evariste Ndayishimiye, yagaragaye nk’uwafashe umwanya wo gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bikomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse
Rihanna yashyize hanze amafoto yavugishije benshi (Yarebe)
Umuhanzikazi w’icyamamare Robyn Rihanna Fenty, uzwi cyane nka Rihanna, yongeye kuvugisha isi nyuma yo gushyira hanze amafoto amugaragaza yambaye imyambaro igaragaza ibice by’umubiri, ibintu byatangaje benshi ndetse binavugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga. Aya mafoto yasohotse ku rubuga rwa Instagram, Rihanna ayaherekeresha amagambo
Leta ya Kinshasa yagize Goma n’ibiyegereye nk’amahanga, M23 ivuga ko ari ubugambanyi
Ihuriro ry’inyeshyamba za AFC/M23 ryashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kugendera ku myumvire y’uko hari igice cy’igihugu kitatayeguriwe, bituma yifata nk’aho ari igice cy’amahanga, bikaba bishobora gukurura ingaruka zikomeye ku bumwe bw’igihugu. Mu raporo y’impapuro 38 yashyizwe ahagaragara ku wa
Rayon Sports yagaragaje umutoza mushya ugiye kuyifasha guhangana n’amakipe yatumye itsikira
Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ku mugaragaro ko Afhamia Lotfi wo muri Tuniziya ari we mutoza wayo mukuru mushya uzayifasha mu mwaka w’imikino wa 2025-2026. Ibi byemejwe binyuze mu itangazo ryashyizwe ahabona n’ubuyobozi bw’iyi kipe kuri uyu wa Gatanu. Hashize iminsi havugwa