RDC:Leta ya Kinshasa yabujije ibinyamakuru gutangaza amakuru yerekeranye na Joseph Kabila.
Ubutegetsi bwa Kinshasa bwatangaje ko nta kinyamakuru na kimwe cyemerewe gutanagaza amakuru yerekeranye n’urugendo rw’uwahoze ari perezida wiki gihugu ,ari kugirira m’uburasirazuba bwa Rcd mu bice bigenzurwa na m23. M’ubutumwa bwanyujijwe mu ma groupe ya whatsapp ahuriramo abanyamakuru bakorera i Kinshasa bahawe gasopo
Leta itanze ikiruhuko ku bakozi mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa EID AL-ADHA abenshi bita irayidi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 03/06/2025 nibwo kumbuga nkoranya mbaga hatangiye gukwirakwizwa itangazo rigaragaza ko Minisiteri y’Abakozi ba leta n’Umurimo itanze ikiruhuko cyo kwizihiza umunsi mukuru wa eid al-adha benshi bita irayidi wizihizwa cyane naba Islam, itangazo riravuga riti: Minisiteri
RDC/GOMA: Urubyiruko rwo mu mujyi wa Goma rusabye Joseph Kabila ibintu bitoroshye.
Urubyiruko ruhagarariye urundi rw’abanyecongo rutuye mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwahuye n’uwari perezida wa repubulika iharanira demokarasi ya Congo rumusaba gukora ibyo ashoboye byose rukava m’ubukene n’ubushomeri rumazemo igihe. M’uruzinduko perezida Joseph Kabila Kabange yagiriye mu mujyi wa Goma
Umuhanzi Asinah yerekeje mu nkiko kubera inkoni
Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Asinah, umwe mu bagore bamenyekanye mu myidagaduro nyarwanda, ari mu rugamba rwo gushaka ubutabera nyuma y’uko yakubiswe n’umugabo w’Umunya-Eritrea, icyaha bivugwa ko cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2025. Amakuru yizewe atangwa n’umwe mu bantu ba hafi be, avuga
Umukozi wa British Airways wambaye ubusa mu ndege ari mu.mazi abira
Umugabo w’imyaka 41, ukorera sosiyete y’indege ya British Airways, yafashwe n’inzego z’umutekano akigera ku kibuga cy’indege i Londres, nyuma yo kwitwara mu buryo budasanzwe ubwo yari mu kazi k’indege yavaga i San Francisco, USA, yerekeza mu Bwongereza. Uyu mugabo wari mu itsinda ry’abakozi
RDC:Ihuriro rya afc/m23 ryamaganye ubugizi bwa nabi bukomeje gukorwa na Kinshasa.
Ihuriro riryanya ubutegetsi bwa repubulika ya demokarasi ya Congo (afc/m23)ryatangaje ko rikomeje kwamagana ibitero bikorwa na leta ya Kinshasa n’abafatanyabikorwa bayo harimo n’umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. M’ubutumwa bwanyujije kuri twitter n’umuvugizi w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa
RDC:samidrc yongeye gucyura ibikoresho n’abasirikare bayo bari muri Goma.
Ingabo za SADC zari zaraje m’ubutumwa bwa SAMIDRC m’uburasirazuba bwa Rdc mu mujyi wa Goma guhangana n’ingabo z’umutwe wa m23 zongeye gucyura intwaro zabo ikiciro cya 8. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Kamena 2025 niho ingabo zari
RDC:Icyo tuzahemba umugambanyi ni ukwicwa mubimenye/Gen Ephraim Kabi.
Mu cyumweru gishizi Gen Ephraim Kabi yabwiye abasirikare barinda Perezida Felix Tshisekedi ko igihembo cy’umugambanyi ari ukwicwa,ibyo yabivuze mu rwego rwo guhangana n’umutekano mukeya ukomeje kugaragara m’uburasirazuba bwa RDC. Gen Ephraim Kabi yahamagariye abasirikare ayobora i Kinshasa ko bakwiye gukunda igihugu ,no
DRC:Jenerali Banywesize yateje impaka hagati ya leta n’imiryango yigenga
Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ONGDH), ryasohoye itangazo ryerekana impungenge zishingiye ku ifungwa ridasobanutse rya Jenerali Pierre Banywesize Bulanga, wari Umuyobozi Wungirije ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Dungu, Intara ya Haut-Uele. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara
Uko byifashe mu rubanza rwa P.Didiy uremerewe n’ibiyaga
Sean Combs, uzwi cyane ku izina rya P. Diddy, umwe mu bahanzi, abatunganya umuziki n’abanyemari b’ibyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho ibyaha bikomeye bifitanye isano no gukoresha ihohoterwa rishingiye ku gitsina no gucura umugambi w’ubucuruzi bw’abantu.