Burundi :Perezida Evariste Ndayishimiye yasuye umunyarwenya ajya kumuhingira.
AMAFOTO Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye witegura amatora y’umukuru w’Igihugu yasuye umunyarwenya wakanyujijeho muri icyo Gihugu uzwi nka Mutima aho yahisemo kuva mu Mujyi akajya mu bice by’icyaro guhinga ibirari. Minani Fleury [ Mutima ] usanzwe ari inshuti ya Evariste Ndayishimiye yataye Umujyi
RDC:Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yabijijwe ibyuya n’ubushinjacyaha bwa RDC.
Minisitiri w’ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Constant Mutamba yongeye kwitaba ubushinjacyaha bw’urukiko rusesa imanza muri iki gihugu abizwa ibyuya n’ibibazo yahatwaga n’ubu bushinjacyaha mu gihe kingana n’amasaha hafi icyenda yicaye ahatwa ibibazo we n’abunganizi bagera kuri makumyabiri yari yitwaje. Minisitiri
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, wazalendo zajujubije abaturage.
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, wazalendo zajujubije abaturage. I Burasirazuba mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, akagari ka Kawangire na Rwimishinya, abaturage bavuga ko bafite ikibazo cy’insoresore ziyise Wazalendo zijya mu mashyamba y’abaturage zikajya kuyangiza zishakamo amabuye y’agaciro ya
RDC:Qatar yashyikirije m23 na guverinoma ya Kinshasa ibikubiye mu mushinga w’amasezerano y’amahoro.
Muri iki cyumweru nibwo hatangajwe ko Qatar yahaye umutwe wa m23 na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ,umushinga ukubiyemo amasezerano y’amahoro hagati yizi mpande zombi zihanganye. Mu nkuru dukesha igitangazamakuru cyo mu gihugu cy’Ubwongereza Reuters banditse ko uwo mushinga w’amasezerano Qatar yashyikirije umutwe
RDC/Goma:Umutwe wa m23 watangaje ko wakiriye Marcelin Cishambo.
Umutwe wa m23 watangaje ko wakiriye uwahoze ari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Marcelin Cishambo mu mujyi wa Goma we n’itsinda bazanye. Kuri uyu wa gatatu ,tariki ya 04 kamena 2025 umutwe wa m23 watangaje ko uwahoze ari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo
RDC: Minisitiri Constant Mutamba yavuye kwizima yitaba ubushinjacyaha.
Minisitiri w’ubutabera wa repubulika iharanira demokarasi ya Congo Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha bukuru bw’urukiko rusesa imanza ,bwari bamutumije akavuga ko adashobora kubwitaba ngo yiregure imbere yuwo mushinjacyaha. Umushinjacyaha mukuru w’urukiko rusesa imanza Firmin Mvonde Mambu yumvise ubwisobanuro bwa minisitiri w’ubutabera kubyaha amukekaho
Abafana ba Rayon Sports biteguye kubyinana na Diamond Platnumz mu birori by’ikipe yabo
Mu minsi ishize, hari amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, avuga ko Diamond Platnumz yaba ategerejwe mu birori byateguwe na Rayon Sports. Ariko kugeza ubu, nta biganiro bifatika birabaho hagati y’uyu muhanzi n’ubuyobozi bw’iyi kipe y’i Nyanza.
Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yiteguye guhura na Martin Fayulu, kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye igihugu gihanganye na byo muri iki gihe. Ibi bibaye nyuma y’uko Fayulu asohoye itangazo risaba ibiganiro byihariye hagati ye, Tshisekedi ubuyobozi
CSAC muri RDC yahagaritse itangazwa ry’amakuru ya Kabila na PPRD mu bitangazamakuru
Christian Bosembe uyobora urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe kugenzura itangazamakuru n’itumanaho (CSAC), yatangaje icyemezo kiburira ibitangazamakuru gutangaza inkuru zerekeye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, ndetse n’ishyaka rye rya PPRD. Ibi yabitangaje ku wa 2 Kamena 2025, mu gihe
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda ruteganya gushinga Ambasade nshya muri Repubulika ya Algérie, hagamijwe gukomeza gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’ibi bihugu bibiri bya Afurika. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye ibiganiro yagiranye na mugenzi we wa Algérie, Perezida Abdelmadjid Tebboune, ubwo