Umuririmbyi Natty Dread yitabye Imana mu Budage
Umuhanzi w’umurage ukomeye muri muzika ya Reggae, Natty Dread, yapfuye mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2025 aguye mu Budage, aho yari amaze igihe yivuza. Iyi nkuru yamenyekanye binyuze ku muntu wari usanzwe amufasha kandi banabanaga mu Mujyi wa Kigali, wahamirije IGIHE
RDC/Burundi:Ingabo z’Uburundi zatangiye guhungisha ibikoresho byabo byari mu mujyi wa Uvila.
Ingabo z’Uburundi zatangiye guhungisha ibikoresho byabo byari mu mujyi wa Uvila,ni nyuma yuko umuvugizi wa gisirikare cy’umutwe wa m23 yandikitse k’urukuta rwe, rwa twitter ko ibiri gukorwa n’ingabo za guverinoma ya Kinshasa zifatanyije na Mai Mai n’ingabo z’Uburundi batagumya kubyihanganira ko bagiye kubihagarika.
Chriss Eazy mu gahinda ko kubura umubyeyi we
Umuhanzi w’Umunyarwanda Chriss Eazy ari mu bihe by’akababaro nyuma y’urupfu rwa nyina umubyara, umwe mu bantu bari bafitanye umubano wa hafi cyane mu buzima bwe. Mu gitondo cyo ku wa 13 Kamena 2025, Chriss Eazy yifashishije urubuga rwa Instagram asangiza abamukurikira amashusho agaragaza
Rwanda: Hiyemejwe kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke kugera kuri 65%
Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukaza ingamba zo kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke, igamije gutuma batangira amashuri abanza bafite ubumenyi bubafasha kwitwara neza mu myigire. Intego ni uko mu myaka itanu iri imbere nibura 65% by’abana bazaba banyuze muri ayo
Ibihugu bizakira CAN 2027 byashyize ingengo y’imari ku bikorwa by’imyiteguro
Ibihugu bya Kenya, Uganda na Tanzania byamaze gushyira ingengo y’imari mu bikorwa bijyanye n’imyiteguro y’Igikombe cya Afurika cya 2027 (AFCON 2027), rizaba ribaye ku nshuro ya mbere ribereye mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba. Ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026, uzahita ukurikirwa n’uzaberamo iri rushanwa,
Kazungu Denis ushinjwa kwica abantu 13 yavuze amagambo agaragaza ko yifuza gufungurwa
Kazungu Denis, wahamijwe ibyaha bikomeye by’ubwicanyi n’ibindi byaha byibasiye ikiremwamuntu, yasabye Urukiko Rukuru rwa Kigali ko rwamugabanyiriza igihano cy’igifungo cya burundu yahawe. Mu rubanza rwabaye ku wa 12 Kamena 2025, Kazungu yavuze ko yemeye ibyo ashinjwa, abisabira imbabazi kandi afasha ubutabera mu iperereza,
RDC:Nibura abantu 35 bishwe n’umutwe wa ADF muri Banango.
Nibura abantu 35 bishwe n’umutwe wa ADF mu gace ka Banango muri Locarite iri hafi na Lubero centre nkuko amakuru aturuka muri kano gace abyemeza,bivugwa abasivile nibura 35 bishwe kuwa 7kamena. Abayobozi bayobora sosiyete sivile zo mu gace ka Banango batangaje ko iyicwa
Umuhanzikazi Ariel Wayz yatangiye gukorana na Sosiyete mpuzamahanga
Umuhanzi w’umunyarwandakazi Ariel Wayz yamaze kwinjira mu bahanzi bakorana na sosiyete mpuzamahanga “Universal Music Group”isanzwe izwiho gufasha abahanzi bakomeye ku Isi. Iyo sosiyete iri mu nzu z’imiziki eshatu zikomeye ku Isi ibarizwamo abahanzi banyuranye b’ibyamamare mpuzamahanga, aho ikorera mu bihugu bisaga 60. Mu
Rusizi: Umusore w’imyaka 21 yasanzwe yapfuye nyuma yo gusiga ubutumwa kuri WhatsApp
Mu gitondo cyo ku wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Murongo, Akagari ka Tara, Umurenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 21 witwa Uwamurengeye Clément, bikekwa ko yaba yiyambuye ubuzima. Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze
Indege ya Air India yarimo abagenzi 242 yakoze impanuka nyuma yo guhaguruka, ibyayo bikomeje gusuzumwa
Indege ya kompanyi y’u Buhinde, Air India, yari itwaye abagenzi 242 yerekeza i London mu Bwongereza, yakoze impanuka nyuma y’iminota mike ihagurutse ku Kibuga cy’Indege cya Ahmedabad, mu gihugu cy’u Buhinde. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 787-8 Dreamliner, izwi nka AI171,