Minisitiri y’umurimo yagaragaje amatariki y’ibiruhuko atandukanye.
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda yasoye itangazo rimenyekanisha amatariki atandukanye y’ikiruhuko rusange. Muri iri tangazo rigaragaramo ko :kuwa Kabiri ,tariki ya 1 Nyakanga 2025 ari umunsi w’ubwigenge. Kuwa Gatatu,tariki ya 4 Nyakanga 2025 ko azaba ari umunsi wo kwibohora. Iyi minisiteri
Ingabire Victoire yongeye gutabwa muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rusabye ko hakorwa iperereza rirambuye ku ruhare akekwaho mu bikorwa bivugwaho kuba bigamije guhungabanya umutekano w’igihugu. Iri perereza rishingiye ku byaha bikubiyemo kurema umutwe w’abantu bagamije ibikorwa by’urugomo no gukwirakwiza
Rubavu:Ubuyobozi bwerekanye ibikorwa bitanga amahirwe kw’ishoramari muri aka karere.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwerekanye ibikorwa bitandukanye bishobora kubyazwa amahirwe mu ishoramari muri kano karere kegereye ikiyaga cya Kivu. Ni igikorwa cyatangijwe n’umuyobozi w’Akarere ka Rubavu bwana Mulindwa Prosper ari kumwe n’abayobozi batandukanye b’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’u Rwanda(RDB) ,iki gikorwa cyo
Italiki y’isomwa ry’urubanza rwa RDC n’u Rwanda yamenyekanye
Ku wa kane, tariki ya 26 Kamena 2025, Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage ruzatanga imyanzuro yarwo ku bijyanye n’ububasha bwarwo no kwakira ikirego cyatanzwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) ku Rwanda. Kinshasa ishinja Kigali ihohoterwa rikabije ry’uburenganzira bwa
Madagascar: 17 bishwe n’ibiryo
Mu gihugu cya Madagascar, mu Murwa mukuru Antananarivo, abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye bariye mu birori by’isabukuru, byabaye ku Cyumweru tariki 15 Kamena 2025. Uretse abo bantu 17 bamaze gupfa, hari abandi 40 bahise bajyanwa mu bitaro bya HJRA Hospital by’aho
King James ukiri ingaragu agiye gukora igitaramo cy’amateka mu muziki we
Umuhanzi King James, umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda, ari mu bazitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bizazenguruka Igihugu kuva muri Nyakanga 2025. Yatangaje ko ari gutegura igitaramo gikomeye kizabera i Kigali, mu rwego rwo kwishimira imyaka 20 amaze mu rugendo rw’umuziki.
U Rwanda na Tunisia mu biganiro byo gushimangira umubano n’ubufatanye mu iterambere
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yaganiriye kuri telefone na Minisitiri wa Tunisia, Sarra Zaafrani Zenzri, ku wa 17 Kamena 2025, bagaruka ku ngingo zitandukanye zijyanye no gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane mu by’ubucuruzi, ingufu, ubwikorezi n’imishinga y’iterambere rusange. Mu
INTAMBARA: Ibyaranze ijoro ryo kuwa kabiri hagati ya Israel na Iran (Amafoto)
Umunsi wa gatandatu w’intambara iri hagati ya Iran na Israel wagaragayemo ibitero bikomeye byahuriranye hagati y’impande zombi. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, Iran yakoze ibitero by’indege n’ibisasu ku bice bitandukanye birimo n’Umujyi wa Tel Aviv hamwe n’ahandi hagenzurwa na Israel mu misozi
Abagabo Babiri Bafashwe bazira Ibiganiro byabo kuri YouTube ya ‘Dawa Rwanda TV’
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo babiri bazwi mu gutambutsa ibiganiro kuri shene ya YouTube yitwa Dawa Rwanda TV, isanzwe ikora ibikorwa by’iyobokamana bya Islam. Nk’uko RIB yabitangaje, aba bagabo bafashwe ku wa 10 Kamena 2025 ku bufatanye n’Inzego za Polisi,
Yampano agiye gutaramira abakunzi be i Rubavu mu gitaramo cyihariye
Umuhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo zifite ubutumwa bukomeye ku buzima n’urukundo, Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, agiye gutaramira abafana be mu gitaramo gikomeye kizabera mu Karere ka Rubavu. Uyu musore wavukiye mu Karere ka Nyamasheke amaze kwigarurira imitima ya benshi biciye mu bihangano