USA:Ndagusaba ko watanga internet y’ubuntu muri Iran/Richard Grenell.
Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump ,Richard Grenell ,yasabye umuherwe Elon Musk ,ko yatanga internet ku buntu mu gihugu cya Iran kugira ngo inshuti ze zibashe kubonera amakuru ku gihe. Ibi yabitangaje nyuma y’ahoPerezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ,Donald Trump ,atangaje ko
Umujyanama wa Kabila avuga ko gusinya n’u Rwanda bitacyemura ibibazo bya RDC byonyine
Barnabé Kikaya Bin Karubi umujyanama mubya politike wa Joseph Kabila, yamaganye gukemura ikibazo cya Kongo hifashishijwe gusinya amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda. Abajijwe ku hazaza ha Joseph Kabila, uri i Goma, umujyi ugenzurwa igice na AFC /
RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ,tariki ya 22Kamena 2025 nibwo hatashye abandi basirikare ba SADC bari mu butumwa bwa SAMIDRC m’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,abatashye bose hamwe bakaba bagera kuri 461,bagizwe na 317 b’Afurika Y’Epfo ni 144 ba Malawi
Uganda:Perezida Museveni yaba yabujije muramu wa Gen Muhoozi kongera kwiyamamariza kuba depite?
Kwikura mu matora kwa Musherure kubayeho nyuma y’iminsi mike yongeye gushyamirana na murumuna wa Perezida Museveni ,witwa Sodo Aine Kaguta bombi bapfa umwanya wo mu nteko Ishinga amategeko. Shartsi Musherure usanzwe ari muramu wa Gen Muhoozi Kainerugaba ,yatunguranye avuga ko atazongera kwiyamamariza kujya
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho. Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, Perezida Donald Trump yagejeje ijambo ku gihugu avuga ko indege za gisirikare za Amerika
Ingabo za leta na Twirwaneho bazindukiye mu mirwano
Nyuma y’ibitero byo kuri uyu wa gatanu ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye mu Minembwe no mu burasizuba bwayo, muri iki gitondo zongeye kugaba ikindi gitero kurubu imirwano ikomeye ikaba ihanganishije ihuriro ry’ingabo za leta n’abarwanyi ba Twirwaneho. Amakuru agaragaza ko iki gitero iri
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Dore isesengura ry’uko misile za Iran zabashije kunyura kuri système ya THAAD ya Amerika, n’impamvu eshanu zikomeye zituma izi ntwaro nshya zigora cyane ubwirinzi bwa
Joel Brown yagaragaje ubuhanga budasanzwe, bituma Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahindura indirimbo “Pom Pom” burundu
Umuhanzi w’Umunyanijeriya akaba n’umutegura indirimbo (producer), Joel Brown, yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, ku buryo Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahisemo gusubiramo ibice byabo bari bararirimbye mbere, kugira ngo bihuze n’imbaraga n’ubuhanga uyu muhanzi yashyizemo. Iyi ndirimbo yatangiye
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose!
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose! Kuwa 20/6/2025, ku rukuta rwa X rwa minisitere y’abakozi ba leta n’umurimo hasohotse itangazo rigaragaza iminsi y’ikiruhuko uko izakurikirana, bigaragara ko hazabaho konji icyumweru cyose. Iryo tangazo riragira riti ”Minisiteri y’abakozi ba Leta
U Rwanda rwafashe ingamba kubera intambara ya Israel na Iran
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko Leta y’u Rwanda yashyizeho itsinda rihoraho rishinzwe gukurikirana ibijyanye n’ibikomoka kuri peteroli, byinjira mu gihugu ndetse n’ububiko bufite, hagamijwe kwirinda ingaruka zituruka ku makimbirane ari kuba hirya no hino ku Isi, cyane cyane intambara yahuje Israel