Gen.Muhoozi yasabye Perezida Tshisekedi gukura Gen Luboya muri Ituri
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi kenerugaba yatangaje ko umutekano wa Perezida Tshisekedi urinzwe ariko amusaba ko akwiye gukora ibishoboka byose agakura umuyobozi wa Gisirikare w’intara ya Ituli kubuyobozi bw’iyo ntara,Gen Johnny Luboya Nkashama ko igihe cye kibaze, Muhoozi
Imyambarire y’umukunzi wa Kanye West Bianca Censori yongeye kurikoroza i New York
Ku wa 21 Kamena 2025, umunyamideli Bianca Censori ukomoka muri Australia yongeye gutuma imbuga nkoranyambaga zivugisha benshi nyuma yo kugaragara mu mihanda ya New York yambaye umwambaro usanzwe utemerewe kuri benshi. Yari yambaye agapira kabonerana k’umukara gafashe ku mubiri, ikabutura ngufi cyane, n’inkweto
Umubano wa Justin Bieber n’umugore we Hailey watangiye kugerwa inyundo
Mu gihe hatarashira igihe kinini humvikanye amakuru avuga ko umubano wa Justin Bieber n’umugore we Hailey Baldwin Bieber ushobora kuba uri mu mazi abira, ibimenyetso bishya birimo kuvugwa bishobora gukomeza gutera impungenge abakunzi babo. Hailey aherutse kugaragara atemberera mu Mujyi wa New York,
Ishimwe Noriella, umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda mu 2018, yarushinze na Fiston Wilson
Uyu mukobwa wigeze kugera mu cyiciro cya nyuma cy’abakobwa batanu bashoboraga kwambikwa ikamba rya Miss Rwanda 2018, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Fiston Wilson mu ntangiro za Kamena 2025. Umuhango wo gusaba no gukwa wabaye mbere y’uko basezerana mu rusengero rwa Zion Temple,
Iran na Israel mu Ntambara y’Ikoranabuhanga: Intwaro n’Ubwirinzi bugezweho biri hagati mu makimbirane
Mu gihe ibihugu bibiri bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati, Iran na Israel, bikomeje guterana amagambo n’ibisasu, uburyo bugezweho mu gukoresha intwaro n’indege z’intambara nibwo bugena uko ibibera ku rugamba bigenda. N’ubwo igihugu gishobora kugira abasirikare benshi kandi b’intwari, igihe kidafite ibikoresho bijyanye n’igihe,
Imirwano ikomeye hagati ya Wazalendo na M23 muri Rutshuru yahitanye abasiviri 2
umutekano ukomeje kuba muke mu mujyi wa Nyanzale, muri Rutshuru, mu majyaruguru ya Kivu, aho imirwano yongeye kubura kuri iki cyumweru nyuma ya saa sita, ku ya 22 Kamena, hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’umutwe wa M23 ni mu gihe hari hagaragaye agahenge mu
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025 Icyo urutonde rushingiraho: Uburyo igihugu kiyobowe (neza cyangwa nabi), kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abaturage, kuba umuyobozi ufite icyerekezo rusange kandi gihuriweho, ivangura ry’ubutegetsi rishingiye ku nyungu bwite cyangwa ku gushaka gukundisha
Umusore w’imyaka 20 yasanzwe yapfiriye mu ishyamba, hakekwa irondo
Mu gitondo cyo ku wa 22 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Rusisiro, Akagari ka Matyazo mu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Huye, habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 20 witwa Nkurunziza Patrick, aho bivugwa ko yagiririwe nabi nyuma yo gufatwa n’abanyerondo b’umwuga. Amakuru aturuka mu
Ahazaza ha M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano ya Washington hamenyekanye
Nyuma yuko ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na RDC bazashyira umukono ku masezerano mu muhango uzaba ku ya 27 Kamena imbere ya Marco Rubio, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika . Amakuru aturuka hafi y’abayobora ibi biganiro avuga ko ikibazo cy’inyeshyamba za
Umunyezamu wa Bugesera FC agiye gukomereza umupira w’amaguru i Burayi
Umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Habineza Fils François, ari mu myiteguro yo kwerekeza mu Burayi, aho agomba kwinjira muri Midtjylland FC, imwe mu makipe akomeye mu Cyiciro cya Mbere muri Denmark. Amakuru yizewe avuga ko Habineza azagenda ku wa Gatatu tariki ya 25