RDC:FDLR na Wazalendo muguhigana bukware mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,umutwe wa m23 guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri wazindutse uhiga bukware abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR . Ibi ni ibikorwa byatangiye mu buryo budasanzwe biri gukorwa n’umutwe wa m23 ,aho babitangiriye muri gurupoma ya
Uganda:Perezida Museveni w’imyaka 80 azongera guhatanira intebe iruta izindi 2026.
Perezida Museveni w’imyaka 80 azongera guhatanira intebe iruta izindi 2026,nk’uko byatangajwe n’ishyaka rye rya NRM( National Resistance Movement) yryemeje ko uyu mukabwe azongera kurihagararira mu matora ya Perezida wa Repubulika azaba muri Mutarama umwaka utaha wa 2026. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yagiye
RDC/Rutshuru:Amazu 18 y’abaturage yatwitse n’abarwanyi ba Wazalendo na m23.
Amazu arenga 18 y’abaturage yatwitswe muri teritwari ya Rutshuru mu mirwano yashyamiranyije umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo muri gurupoma za Bambo,Bukombo,na Tongo muri sheferi ya Bwito. Mu mirwano ikaze iri hagati y’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo muri tritwari ya
Joseph Kabila yageze i Bukavu mw’ibanga rikomeye
Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira demukarasi ya Congo kuruyu wa mbere, tariki ya 23 Kamena 2025 yageze i Bukavu mw’ibanga rikomeye nyuma yo kumara ukwezi kumwe ageze i Goma. Uru ruzinduko ruje mu gihe hakiri intambara mu burasirazuba bw’igihugu, aho
RDC/Kabare:Imirwano yongeye kubura muri Cirunga hagati ya Wazalendo na M23.
Imirwano yongeye kubura hagati y’umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,muri tiritwari ya Kabare mu gace ka Cirunga. Ni imirwano yatangiye murukerera rw’uyu munsi tariki ya 24Kamena 2025 aho abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo bazindutse bagaba ibitero ku barwanyi
Rwanda:Ni fake news RDF ivuga kubyabitiriwe k’ubuzima bwa Perezida Paul Kagame.
Mu butumwa bwanyujijwe k’urukuta rwa Twitter rw’igisirikare cy’U Rwanda RDF buvuga ko itangazo ryasowe n’abantu bataramenyekana buvuga k’ ubuzima bwa Perezida w’U Rwanda butameze neza ari ibihuha cyangwa Fake news nk’uko RDF yabyanditse. Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga zabarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bandika
Umusirikare wa FARDC wasinze yarashe bagenzi yicamo 2 akomeretsa 9
Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko umusirikare wasinze yarashe bagenzi be mu gitondo cya kare. Abasirikare babiri ba FARDC bahise bahasiga ubuzima abandi icyenda barakomereka bikabije. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa kabiri, tariki ya 24 Kamena, i Mungazi, muri Gurupema
Qatar yagabweho igitero
Qatar yagabweho igitero Ibisasu bya Irani byarashe ku birindiro bya Amerika muri Qatar Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kamena 2025, igihugu cya Irani cyarashe ibisasu bitandatu ku kigo cya gisirikare cya Al-Udeid kiri i Doha muri Qatar, aho ingabo za Leta
Gen Maj Muhoozi yiyemeje kurwanya Wazalendo n’abandi nkabo
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu mitwe yitwaje intwaro agiye kurwanya ku ikubitiro harimo umutwe wa Wazalendo. Ibi Muhoozi yabitangaje k’urukuta rwe rwa Twitter aho yavuze ko atazihanganira ibikorwa bibi by’uyu mutwe mukubuza umutekano abaturage
Imirambo 2 y’abasore yabonetse ku muhanda Sake – Kimoka
Imirambo ibiri y’abasore yabonetse ku muhanda uva Sake ugana Kimoka muri gurupoma ya Kamuronza, muri teritwari aa Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturukayo avuga ko humvikanye urusaku rw’amasasu hagati ya saa saba na saa saba n’iminota 15 za mugitondo ku muhanda