Bukavu:Joseph Kabila yakiriye abahagarariye amoko yo muri Kivu yepfo(Amafoto)
Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira demukarasi ya Congo yagiranye inama n’ibyiciro bitandukanye by’abaturage muri Kivu yepfo ndetse yanavuganye n’umuryango wa Barza intercommunautaire pour la paix uhuza abahagarariye imiryango itandukanye ya Kivu yepfo. “Mu byukuri twatumiwe na perezida w’icyubahiro kugira ngo
RDC:Ingabo z’Uburundi zateguye ibitero bigamije kumaraho Abanyamulenge
Ingabo z’Uburundi zifatanyije nabo mu mutwe wa Wazalendo,FDLR,FARDC ndetse na MaiMai bateguye ibitero mu bice bitandukanye mu ntara ya Kivu Y’Amajyepfo bigamije kwibasira abaturage babanyamulenge. Mu itanagazo dukesha ishyaka rya MRD Twirwaneho basoye kuwa 25Kamena 2025 riravuga ko bamagana ibitero by’ingabo zirwana ku
Ubuzima bubi bw’imbonerakure ku rugamba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Imbonerakure, ku miterere yazo, ni urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD rwakomeje gukoreshwa mu bikorwa bijya gusa n’iby’igisirikare birimo kugenzura abaturage, kwikoma abatavuga rumwe n’ubutegetsi, gukora ibikorwa byo guhashya abarwanya ubutegetsi mu buryo butemewe n’amategeko. Mu gihe zimaze gufatwa nk’inkingi y’ubutegetsi, zikoreshwa nk’igisirikare cyo hanze
Ikimoteri cya Huye cyafashwe n’inkongi y’umuriro
Ikimoteri cya Huye cyafashwe n’inkongi, yibasira igice cy’inzu zizwi nka hangari zitunganyirizwamo imyanda ndetse no mu bubiko bw’ifumbire yamaze gutunganywa. Giherereye i Sovu mu Murenge wa Huye mu cyanya cy’inganda. Hatangiye gushya mu ma saa sita z’amanywa, kugeza saa kumi n’imwe z’umugoroba hari
RDC:Urugamba ntirurwanwa n’amagambo Perezida Kabila abwira Perezida Tshisekesdi
Perezida Joseph Kabila Kabange wayoboye igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo imyaka 18 yibiye ibanga mugenzi we wamusimbuye Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo Alias Beton,amugaragariza ko afite amahitamo atatu gusa atarenga. Perezida Felix Antoine Tshisekedi yabwiwe ko asigaranye amahitamo atatu gusa aryo
Umubare w’abahitanywe n’umusirikare wa FARDC wasinze ukomeje kwiyongera
Umubare w’abahitanwe numusirikare wasinze I walikale kuruyu wa kabiri, tariki ya 24 Kamena 2025 i Mungazi muri Gurupema ya Luberike muri Teritwari ya Walikale ukomeje kwiyongera. Amakuru aturuka mu baganga avuga ko nyuma yo kujyanwa mu bitaro bikuru bya Kibua kwitabwaho, abandi basirikare
Uganda: Abasirikare babiri bakuru batawe muri yombi bakekwaho gukorana na ADF
Abasirikare babiri mu gisirikare cya Uganda (UPDF) batawe muri yombi bakekwaho gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweli Kaguta Museveni. Amakuru avuga ko abo basirikare bafashwe Colonel Peter Ahimbisibwe uyobora ishami ry’igisirikare rishinzwe kurwanya iterabwoba,na Lt col Ephraim Byaruhanga uyobora
USA irashaka gushishikariza ishoramari mu mwuka w’amahoro (Amb Lucy Tamlyn)
Intego Leta zunze ubumwe z’Amerika mu buhuza irimo bwo kugarura amahoro mu karere k’ibiyaga bigari hagati ya Repubulika Iharanira demukarasi ya Congo n’u Rwanda ni ukunoza imiterere y’ubucuruzi hagamijwe gushishikariza ishoramari mu bihe by’amahoro. Ambasaderi w’Amerika muri Repubulika Iharanira demukarasi ya Congo Lucy
RDC:Ingabo z’Abarundi zakubise bamwe mu batuye i Ndondo zibagira intere.
Nyuma yuko umusirikare mu ngabo z’u Burundi anyweye agasinda akarasa bagenzi be nawe akikomeretsa,bagenzi be badukiriye abaturage b’i Ndondo barabakubita babahindura intere. Ikubitwa ryaba baturage ryabereye muri Ndondo gurupoma ya Bijombo,teritwari ya Uvila ibice bituwe n’abanyamulenge benshi,amakuru ava muri kano gace avuga ko
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge.
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge. Ku wa 24 Kamena 2025, Iran na Israel binjiye mu masezerano y’agahenge, ariko ako gahenge kavugwaho ko kari kabangamiwe cyane n’uko impande zombi ziregana kukarengaho mu masaha ya