Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo.
Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo. Nord-Kivu: Imirwano ikaze i Muhola hagati ya FARDC-UPDF n’inyeshyamba za Maï-Maï. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, habaye imirwano
RDC:Nzaba uwa mbere kugutorera guhabwa Prix Nobel intambara nihagarara Tshisekedi abwira Trump
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yasezeranije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika ,kuzaba uwa mbere mukumutora mu gihe amasezerano agiye gusinywa hagati yiki gihugu n’igihugu cy’u Rwanda . Yagize ati:”Nzaba uwa mbere mugutorera Donald Trump ko ahabwa igihembo kitiriwe
Gitifu w’Akagari ka Kizura yafashwe n’inzego z’ubugenzacyaha akurikiranyweho gufungira abaturage mu biro
Banyangiriki Alphonse, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi akekwaho gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho bivugwa ko yajyaga afungira abaturage mu biro by’akagari. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Banyangiriki yatangiye kumenyekana ku wa 26
Itsinda rya RDC ryageze Washington amasezerano n’u Rwanda arashyirwaho umukono
Mu rwego rwo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda, ateganijwe kuri uyu wa gatanu, tariki ya 27 Kamena 2025, i Washington, muri Amerika, itsinda rya mbere ry’Abanyekongo ryamaze kugera ku butaka bwa leta zunz’ubumwe z’amerika.
Manchester City yasezereye amatsinda ku buryo butunguranye, inyagira Juventus 5-2(Amafoto)
Imikino ya nyuma y’amatsinda y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye ishyizweho iherezo, aho Manchester City yo mu Bwongereza yasize ikomo ku mikino yayo itsinda Juventus yo mu Butaliyani ibitego 5-2. Uyu mukino wabereye mu ijoro ryo ku
Burundi:Inzirakarenga zaba zigiye gutangira kurekurwa ziva mu magereza no munzu z’iperereza?
Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu gihugu cy’u Burundi (CNDH) yatangiye gusura amagereza atandukanye muri kino gihugu nyuma yuko abantu beshi bagaragaje ko hari abantu bafunzwe barengana. Aba komiseri batandatu bagize iyi komisiyo baraye bagiye muri gereza nkuru ya Mpimba aho baganirije bamwe
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri; Intambara y’ubwenge
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri: Intambara y’ubwenge yatinze gufatwa nk’inkubiri y’ubwirinzi bushya n’ibihugu byo mu Burengerazuba Irani isohora ku isoko ry’umurimo aba injeniyeri 233,700 buri mwaka. Uyu ni umubare w’abanyeshuri barangiza amasomo y’ikoranabuhanga buri mwaka muri
Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi.
Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi. Kuva mu mpera z’umwaka wa 2021, Brigadier General w’igipolisi Bertin Gahungu, ushinzwe umutekano muri Ambasade y’u Burundi ku cyicaro cya ONU i New York, yanze gusubira mu gihugu nk’uko byategetswe na Leta ya Gitega. Umupolisi
RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda
Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage (ACHPR), rwaregewe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho yashinjaga u Rwanda ko imyaka ibarirwa muri za mirongo ko iki gihugu gitera kigakora ubwicanyi, no gusahura umutungo kamere wacyo ,uru rukiko rwatangaje ko rufite ubushobozi
Rubavu:Tugaya abashoye imitungo yabo mu kwica abatutsi/Guverineri Ntibitura Jean Bosco
Urugaga rw’Abikorera mu ntara y’Iburengerazuba bibutse abikorera bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,abayobozi batandukanye bitabiriye iki gikorwa banenze imyitwarire mibi yaranze bamwe mu bikorera ba mbere ya jenoside yakorewe abatutsi aho bashoye imitungo yabo mu kwica Abatutsi. Ni igikorwa cyabereye mu karere