Burundi :Abanyekongo bari kugwa m’uruzi rwa Rusizi kubera kwangirwa gusubira iwabo
Mu Ntara ya Bujumbura, muri Komine Cibitoke mu Burundi habonetse imirambo itatu mu mazi y’umugezi wa Rusizi, hafi y’umupaka uhuza u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyo mirambo yabonetse ku itariki ya 27 Mutarama 2026, harimo uw’umugabo, umugore n’umwana. SOS
Umunyamakuru Uwera Jean Mourice yagizwe umuvugizi wa guverinoma wungirije
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Mutarama 2026, yagize Jean Maurice Uwera, Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije. Asimbuye Alain Mukuralinda witabye Imana muri Mata 2025 azize uburwayi bwo guhagarara k’umutima. Uwera wamusimbuye yari asanzwe ari Umunyamakuru wa SK FM yagiyeho avuye kuri Televiziyo y’u
MRDP Twirwaneho yamaganye ibitero byongeye kugabwa ku midugudu ituwe n’Abanyamulenge
Mu itangazo ryasowe n’umutwe wa MRD Twirwaneho wavuze ko wamagana ibitero biri kugabwa n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa byibasira imidugudu ituwe nabo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Uyu mutwe uvuga ko ibyo bitero byahereye muri teritwari ya Fizi na Uvira cyane cyane mu midugudu
AFC/M23 yahishuye uburyo ikoramo n’ubutegetsi bw’u Rwanda n’ubwa Uganda
Umuyobozi wa AFC/M23, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko nta kidasanzwe kiri mu bufatanye bw’iri huriro n’u Rwanda mu gihe bihuje umupaka. Nangaa yagize ati “Nk’uko tubivuga mu Gifaransa, ese gukorana bivuze gufasha? Oya. Ese dukorana n’u Rwanda? Ntidukorana n’u Rwanda gusa, tunakorana na
AFC/M23yagaragaje uburyo yasuzuguwe na Tshisekedi Felix nyuma yuko bafashe Bunagana
Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatangaje ko bwigeze kugerageza kwegera Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana, mu rwego rwo gushaka inzira ya politiki yahagarika imirwano, ariko ngo icyo cyifuzo cyateshejwe agaciro. Nk’uko byatangajwe, Bunagana yafashwe
Ntituzongera kuva mu gice na kimwe twabohoye /Afc/m23
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ridafite umugambi wo kuva mu bice rigenzura mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo gukura abarwanyi baryo mu Mujyi wa Uvira. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 26 Mutarama 2026, Umuvugizi waryo, Lawrence Kanyuka, yavuze
Umuyobozi w’agateganyo wa Monusco muri RDC yahahamuwe n’ifatwa ry’umujyi wa Goma
Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Vivian van de Perre, yatangaje ko yabonye isura atari azi ku barwanyi ba AFC/M23 ubwo bari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma kuko bari bafite imbaraga zitamenyerewe ku mutwe
MRDP Twirwaneho iratanga impuruza y’ibitero biri gutegurwa n’ihuriro rya Kinshasa mu bice bya Minembwe na Fizi
Umutekano w’abaturage bo mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo uravugwaho impungenge zikomeye, nyuma y’amakuru avuga ko hari ingabo n’imitwe yitwaje intwaro bikomeje kwinjizwa muri utu duce mu buryo budasanzwe. Ibyo byatangajwe n’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, uvuga ko mu bice birimo Fizi, Itombwe na Uvira
Igisirikare cya USA kigiye gutoza igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi
Umugaba mukuru w’ingabo za Kongo FARDC yoherereje abakuru b’ingabo telegram ya gisirikare yihutirwa abasaba gutoranya no kohereza byihuturwa abasirikare bazajya mu mutwe udasanzwe uzatozwa kandi ugakorana n’ingabo za Amerika muri Congo mu kwisubiza buri sentimetero yose y’ubutaka bwabo no kurinda ubusugire bwa Congo
Afc/m23 yamaganye ibitero biri kugabwa na leta ya Kinshasa ku baturage
Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yatangaje ko iri huriro ryamaganye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, Wazalendo n’Abarundi byahitanye abasivili mu gace ka Minzenze. Ni ibitero byagabwe ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026. Bikaba byanifashishijwemo