RDC:Kubeshya ko nta kibazo kiri muri RDC ko ari ikibazo cya Kigali na Kinshasa byaba ari ubushukanyi butakihanganirwa/Nangaa Corneille
Umuhuzabikorwa w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa yatangaje ko amasezerano aherutse gusinywa hagati y’ubwo butegetsi n’ubutegetsi bw’u Rwanda ,i Washington ari intambwe ituzuye ariko ko ari amasezerano y’ingenzi. Mu ijambo yavuze ko ageneye abaturage ba Repubulika iharanira
Chris Brown yasabye ko atagomba kugereranywa n’abandi bahanzi
Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown, uzwi cyane mu ndirimbo z’urukundo n’imbyino, yatangaje ko abona bidakwiye ko akomeza kugereranywa n’abandi bahanzi. Yabigarutseho mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yasabye abafana be n’abasesenguzi mu bijyanye n’imyidagaduro kumureka agakomeza gukora ibyo ashoboye ntawe umugerageza. Chris
Iran ishyize ingaruka z’ibitero bya Amerika mu rukuta rw’ibiganiro kuri nucléaire
Iran yatangaje ko ititeguye gusubira mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’intwaro za kirimbuzi (nucléaire), igihe cyose hatabayeho ibisobanuro birambuye ku byerekeye ibitero Amerika iheruka kuyigabaho. Kuwa 22 Kamena 2025, Leta ya Amerika yagabye igitero ku bice bikomeye bya
António Guterres yashimagije amasezerano ya RDC n’u Rwanda
António Guterres, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, yishimiye isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda ku buhuza bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika. Binyuze mw’itangazo umuyobozi w’umuryango w’abibumbye yasanze aya masezerano ari intambwe y’ingenzi iganisha ku kugarura ituze n’umutekano mu
RDC:ONU yahagaritse iperereza ku byaha byakorwaga m’Uburasirazubwa bwa RDC kubera kubura amafaranga
Mu rugendo rwiwe mu kwezi kwa kane 2025,Volker Turk uyobora OHCHR yavuze ko abaturage bo mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru na Kivu Y ‘Amajyepfo bihebye,barushye cyane ,bacitse intege kubera imyaka mirongo bamaze mu ntambara. Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu OHCHR ryashinze
RDC:Menya amasezerano yose RDC yagiye isinya agamije gusenya FDLR akaba amasigarakicaro
KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEGuhera umutwe w’iterabwoba wa FDLR ushinzwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, watangiye gukora ibikorwa bibuza umutekano abaturage b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo batuye m’uburasirazuba bw’iki gihugu ,cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi nk’uko raporo
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump Mu butumwa bwe ku rukuta rwe rwa X, uwahoze ari perezida wa Kongo Kinshasa, bwana Joseph Kabila, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko amasezerano yakorewe imbere ya Trump ntacyo avuze ku ntambara iri kubera muri
USA yashinje M23 kubangamira Monusco ntikore akazi kayo neza
Leta Zunze ubumwe z’amerika binyuze kuri Dorothy Shea ambasaderi wayo mu muryango w’abibumbye ONU, yatangaje ko umutwe wa M23 umaze iminsi warabujije Ingabo z’umuryango w’abibumbye MONUSCO kugeza ubufasha kubabukeneye mu burasirazuba bwa RDC. Dorothy Shea, ibi yabitangaje ubwo yari mu kanama k’umuryango w’abibumbye
Uganda igiye gutangira gukoresha umuti urinda SIDA uherutse kwemezwa
Inzego z’Ubuzima muri Uganda zatangaje ko mu minsi iri imbere zizatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir,mu kwirinda ubwandu bw’Agakoko gatera SIDA. Muri uku kwezi kwa Kamena 2025 nibwo Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa muri Amerika ,FDA cyemeje ko uyu muti wa Lenacapavir. Uyu muti
M23 ikomeje kongera abasirikare n’ibikoresho mu nzira ijya Walikale
Kuva ku ruyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, mu gaceka Kasopo na Kaandja hakomeje kugaragara abarwanyi benshi b’umutwe w’inyeshyamba za M23 mu muri sheferi ya Osso Banyungu muri Teritwari ya Masisi. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko M23 irimo gukomeza ibirindiro byayo i