RDC:Kubeshya ko nta kibazo kiri muri RDC ko ari ikibazo cya Kigali na Kinshasa byaba ari ubushukanyi butakihanganirwa/Nangaa Corneille

RDC:Kubeshya ko nta kibazo kiri muri RDC ko ari ikibazo cya Kigali na Kinshasa byaba ari ubushukanyi butakihanganirwa/Nangaa Corneille

Jun 30, 2025

Umuhuzabikorwa w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa yatangaje ko amasezerano aherutse gusinywa hagati y’ubwo butegetsi n’ubutegetsi bw’u Rwanda ,i Washington ari intambwe ituzuye ariko ko ari amasezerano y’ingenzi. Mu ijambo yavuze ko ageneye abaturage ba Repubulika iharanira

Read More
Chris Brown yasabye ko atagomba kugereranywa n’abandi bahanzi

Chris Brown yasabye ko atagomba kugereranywa n’abandi bahanzi

Jun 30, 2025

Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown, uzwi cyane mu ndirimbo z’urukundo n’imbyino, yatangaje ko abona bidakwiye ko akomeza kugereranywa n’abandi bahanzi. Yabigarutseho mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yasabye abafana be n’abasesenguzi mu bijyanye n’imyidagaduro kumureka agakomeza gukora ibyo ashoboye ntawe umugerageza. Chris

Read More
Iran ishyize ingaruka z’ibitero bya Amerika mu rukuta rw’ibiganiro kuri nucléaire

Iran ishyize ingaruka z’ibitero bya Amerika mu rukuta rw’ibiganiro kuri nucléaire

Jun 30, 2025

Iran yatangaje ko ititeguye gusubira mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’intwaro za kirimbuzi (nucléaire), igihe cyose hatabayeho ibisobanuro birambuye ku byerekeye ibitero Amerika iheruka kuyigabaho. Kuwa 22 Kamena 2025, Leta ya Amerika yagabye igitero ku bice bikomeye bya

Read More
António Guterres yashimagije amasezerano ya RDC n’u Rwanda

António Guterres yashimagije amasezerano ya RDC n’u Rwanda

Jun 30, 2025

António Guterres, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, yishimiye isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda ku buhuza bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika. Binyuze mw’itangazo umuyobozi w’umuryango w’abibumbye yasanze aya masezerano ari intambwe y’ingenzi iganisha ku kugarura ituze n’umutekano mu

Read More
RDC:ONU yahagaritse iperereza ku byaha byakorwaga m’Uburasirazubwa bwa RDC kubera kubura amafaranga

RDC:ONU yahagaritse iperereza ku byaha byakorwaga m’Uburasirazubwa bwa RDC kubera kubura amafaranga

Jun 30, 2025

Mu rugendo rwiwe mu kwezi kwa kane 2025,Volker Turk uyobora OHCHR yavuze ko abaturage bo mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru na Kivu Y ‘Amajyepfo bihebye,barushye cyane ,bacitse intege kubera imyaka mirongo bamaze mu ntambara. Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu OHCHR ryashinze

Read More
RDC:Menya amasezerano yose RDC yagiye isinya agamije gusenya FDLR akaba amasigarakicaro

RDC:Menya amasezerano yose RDC yagiye isinya agamije gusenya FDLR akaba amasigarakicaro

Jun 30, 2025

KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEGuhera umutwe w’iterabwoba wa FDLR  ushinzwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, watangiye gukora ibikorwa bibuza umutekano abaturage b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo batuye m’uburasirazuba bw’iki gihugu ,cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi nk’uko raporo

Read More
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump

Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump

Jun 29, 2025

Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump   Mu butumwa bwe ku rukuta rwe rwa X, uwahoze ari perezida wa Kongo Kinshasa, bwana Joseph Kabila, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko amasezerano yakorewe imbere ya Trump ntacyo avuze ku ntambara iri kubera muri

Read More
USA yashinje M23 kubangamira Monusco ntikore akazi kayo neza

USA yashinje M23 kubangamira Monusco ntikore akazi kayo neza

Jun 29, 2025

Leta Zunze ubumwe z’amerika binyuze kuri Dorothy Shea ambasaderi wayo mu muryango w’abibumbye ONU, yatangaje ko umutwe wa M23 umaze iminsi warabujije Ingabo z’umuryango w’abibumbye MONUSCO kugeza ubufasha kubabukeneye mu burasirazuba bwa RDC. Dorothy Shea, ibi yabitangaje ubwo yari mu kanama k’umuryango w’abibumbye

Read More
Uganda igiye gutangira gukoresha umuti urinda SIDA uherutse kwemezwa

Uganda igiye gutangira gukoresha umuti urinda SIDA uherutse kwemezwa

Jun 29, 2025

Inzego z’Ubuzima muri Uganda zatangaje ko mu minsi iri imbere zizatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir,mu kwirinda ubwandu bw’Agakoko gatera SIDA. Muri uku kwezi kwa Kamena 2025 nibwo Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa muri Amerika ,FDA cyemeje ko uyu muti wa Lenacapavir. Uyu muti

Read More
M23 ikomeje kongera abasirikare n’ibikoresho mu nzira ijya Walikale

M23 ikomeje kongera abasirikare n’ibikoresho mu nzira ijya Walikale

Jun 29, 2025

Kuva ku ruyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, mu gaceka Kasopo na Kaandja hakomeje kugaragara abarwanyi benshi b’umutwe w’inyeshyamba za M23 mu muri sheferi ya Osso Banyungu muri Teritwari ya Masisi. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko M23 irimo gukomeza ibirindiro byayo i

Read More