Perezida Kagame yaganiriye n’abayobozi bakomeye ku iterambere rishingiye ku ngufu za nikeleyeri(Amafoto)
Ku wa Kabiri, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Niger, Ali Mahaman Lamine Zeine, uri mu ruzinduko mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama Nyafurika igamije kurebera hamwe ejo hazaza h’imikoreshereze y’ingufu za Nikeleyeri ku mugabane. Ibiganiro byabo byibanze ku
Police FC yasinyishije uwahoze ari umutoza wa APR FC
Ku wa Kabiri w’iki cyumweru, ikipe ya Police FC yatangaje ko yamaze gutandukana na Mashami Vincent wari umutoza mukuru wayo, maze ishyira umukono ku masezerano na Ben Moussa El Kebil Abdessattar ukomoka muri Tuniziya, ngo abe ari we utangirana na yo urugendo rushya.
RDC: Goma hongeye gukorwa ubundi bwicanyi bukabije
Mu mujyi wa Goma hongeye gukorerwa ubwicanyi bwakozwe na Wazalendo baciye murihumye abarwanyi ba AFC/M23, nk’uko amakuru azindutse atugeraho muriki gitondo cyo kuwa kabiri taliki 2 Nyakanga 2025 . Ubu bwicanyi bwabereye ahazwi nka SEBECA Ndosho ,aho ubu bwicanyi bwaguyemo abasivile batatu,ubwo abarwanyi
U Rwanda rwatangije icyiciro gishya cy’umushinga ugamije kuzamura imibereho y’impunzi n’abaturage babakikije
Leta y’u Rwanda ku bufatanye na Banki y’Isi yatangije icyiciro cya kabiri cy’umushinga wa ‘Jya Mbere II’, ugamije guteza imbere imibereho myiza y’impunzi n’abaturage babituriye, binyuze mu kunoza serivisi, kongera amahirwe y’iterambere no kubaka ibikorwaremezo birengera ibidukikije. Uyu mushinga ufite ingengo y’imari ingana
RDC:Imirwano ikaze hagati ya Wazalendo na M23 muri Muku yaguyemo benshi
Imirwano ikaze hagati y’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo muri Muku muri teritwari ya Kabare ,intara ya Kivu y’Amajyepfo,yahitanye abantu benshi kubera ubukana iyo mirwano yarifite guhera mu masaha ya mugitondo kuri uyu wa mbere tariki ya 30Kamena2025. Amakuru atangazwa n’abaturage batuye muri
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati ya M23 na Wazalendo muri Kivu Y’Amajyaruguru
Imirwano ikomeye yongeye kubura mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amjyaruguru ,hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo ,ni imirwano yahereye mu masaha ya mugitondo kuri uyu mbere washize. Abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo barwanye bikomeye mu bice bya Munguli
Burundi:Tugiye gufata intwaro tubohore igihugu cyacu/Bamvuginyumvira
Abanyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye batangaje ko bagiye gufata intwaro bakarwanya ubutegetsi bwe mu buryo bwo kwamagana ibyavuye mu matora aheruka. Mu kiganiro bahaye Abanyamakuru mu mpera ziki cyumweru i Buruseli mu Bubiligi bamwe mubanye politike bahuriye mu Mahuriro atatu
Perezida Kagame Paul na Perezida Felix Tshisekedi batumweho na Perezida Donald Trump
Perzida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe ZA amerika yatumiye i Washington Perezida Paul Kagame w’igihugu cy’u Rwanda na Perezida Felix Tshisekedi Tshilombo alias Beto Fatshi wa Repubulika iaharanira demokarasi ya Congo kubonana nawe. Trump yasinye ku butumire bwa bariya ba Perezida bombi
RDC/Kinshasa:Amasezerano y’u Rwanda na RDC si inyandiko gusa/Perezida Tshisekedi
Mu ijambo Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yagejeje ku gihugu kuri uyu munsinwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 65 ,iki gihugu kibonye ubwigenge yatanagaje ko amasezerano igihugu cye cyagiranye n’u Rwanda atari inyandiko gusa ko ari icyizere cy’anahoro. Yagize ati:”ibirori by’uyu munsi bifite
U Burusiya bwagabye igitero gikomeye ku nganda za gisirikare muri Ukraine
Mu ijoro ryo ku wa 29 Kamena 2025, u Burusiya bwakoze igitero cy’ubukana kigabwa ku bikorwa remezo bya gisirikare muri Ukraine, by’umwihariko ku nganda zikora intwaro ndende n’indege zitagira abapilote, ndetse n’izitunganya ibikomoka kuri peteroli. Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko icyo gitero