Uvira:Umusirikare wa FARDC yishe umuyobozi mu biro bya guverineri Jean Jacques Purusi
Umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yishe arashe umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu biro bya guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Jaen Jacques Purusi. Uyu musirikare wa FARDC ufite ipeti rya kapiteni amaze kurasa uyu muyobozi ,abaturage bamwirutseho baramufata nabo bamwica bamutsitse.
Perezida Kagame yavuze ku bafasha interahamwe n’abibasira u Rwanda
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazatezuka ku rugendo rwo kwirinda no gusigasira umutekano warwo, nubwo amahanga akomeje kurushinja impamvu zidafite ishingiro, zirimo gushaka amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi yabitangarije mu birori byo kwizihiza imyaka 31 ishize
Riderman yatangiye guha amahirwe murumuna we
Umuraperi Riderman ari gukoresha urubuga rwa MTN Iwacu Muzika Festival mu kumurikira Abanyarwanda murumuna we witwa Muhire Landry Bonfils, wiyise Bobly Equalizer mu muziki. Uyu musore mushya mu ruhando rwa muzika ateganyijwe kuzenguruka igihugu cyose afatanyije na mukuru we ku rubyiniro. Nyuma y’igitaramo
Elon musk yagaragaje icyatumye ashinga ishyaka rya politike
Umuherwe w’Umunyamerika Elon Musk yatangije ishyaka rishya rya politiki yise America Party, avuga ko rigamije gusubiza ubwisanzure abaturage, no guhangana n’ibibazo byugarije Amerika birimo ruswa no gusesagura umutungo wa Leta. Iri shyaka ryatangajwe ku mugaragaro ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nyakanga 2025,
Nyamasheke: Abakuze bigishijwe gusoma no kwandika basaba bagenzi babo kudacikanwa n’amahirwe
Bamwe mu batuye Akarere ka Nyamasheke barangije amasomo yo gusoma, kwandika no kubara, bashimira ubumenyi bungutse, bavuga ko byabagiriye akamaro mu buzima bwa buri munsi. Basaba bagenzi babo batagize amahirwe yo kwiga bakiri bato kudaterwa ipfunwe no kwiyandikisha mu masomo y’abakuze. Benshi muri
Kinshasa, Ubuzima buri mu kaga.
Kinshasa, Ubuzima buri mu kaga. Mu nama y’abaminisitiri yabaye kuri uyu wa gatanu, hatangajwe ko icyorezo cya kolera kimaze gufata uturere 25 kuri 35 tw’ubuzima two muri Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Kubera ubukana n’ubukana bw’iki cyorezo,
Iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari kubona urupfu/Perezida Kagame Paul
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’umuryango w’ubukungu w’Afurika y’Amajyepfo SADC zari zaje mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zari zifite gahunda yo kurasa u Rwanda,gusa ashimangira ko iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari guhura n’urupfu. Perezida Paul
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye ubutumwa nyina umubyara!
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye message nyina umubyara! Umunya Brezilikazi Juliana Marins yaguye mu manga ya metero 1000 ku musozi wa Rinjani muri Indoneziya. Lombok, Indoneziya, 21 Kamena 2025: Juliana Marins, Umunya brezilakazi w’imyaka 26, wari mu rugendo rw’ubukerarugendo n’ubushakashatsi muri Aziya
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite.
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite. “Baracuruzwa nk’ibintu”, umurundikazi aratabaza avuye muri Arabia Saoudite Leta y’Uburundi yamenyesheje ko yagaye ibyasohowe na televiziyo TV5 Monde, by’uko hari abarundikazi boherezwa muri Arabia Saoudite kugira
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera!
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera! Bujumbura, hari abakobwa biga muri Kaminuza y’u Burundi, mu by’ubushakashatsi bwa Politike n’Impuguke mu by’Ubutwererane mpuzamahanga, bafite ikibazo gikomeye kirebana n’ingeso bavuga ko zikorwa n’umwarimu wabo, Dr Dionise ARAKAZA, bamurega ko abategeka kuryamana nawe