MINICOM ikeneye miliyoni $130 kugira ngo ibyanya by’inganda bikore neza mu Rwanda
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), Antoine Marie Kajangwe, yatangaje ko kugira ngo ibyanya by’inganda byose biri mu gihugu bikorwe neza, hakenewe nibura miliyoni 130 z’amadolari y’Amerika, angana na miliyari 187.9 Frw. Ibi yabigarutseho ubwo yitabaga Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Imari n’Umutungo
Ukuri ku kuba Burna Boy afite ifaranga rye bwite rya Crypto Currency
Umuhanzi Burna Boy uri mu bamaze gukora amateka atandukanye mu muziki, yihakanye ifaranga ry’ikoranabuhanga rizwi nka meme ryitiriwe izina rye, ryari rimaze iminsi rizenguruka ku rubuga rwa X. Uwo muhanzi w’injyana ya Afro Beats, yasobanuye ko adakora ubucuruzi ubwo ari bwo bwose bwa
Amagambo ya Miss Iradukunda Liliane ku isabukuru y’umukunzi we
Iradukunda Liliane wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2018 yongeye kwerekana ko ari mu rukundo rudasanzwe n’umukunzi we Imfura Kenny, wizihije isabukuru y’amavuko kuri tariki 15 Nyakanga. Uyu mukobwa wamenyekanye cyane mu Rwanda no hanze yaranzwe no gusangiza abamukurikira amafoto atandukanye ari kumwe n’uwo
Donald Trump yahaye Vladimir Putin iminsi 50 yo kurangiza intambara muri Ukraine.
Donald Trump yahaye Vladimir Putin iminsi 50 yo kurangiza intambara muri Ukraine. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa mbere tariki 14/7/2025 yatangaje ko yahaye Uburusiya ultimatum y’iminsi 50 ngo buhagarike intambara muri Ukraine, bitaba ibyo bugafatirwa ibihano
Intambara nshya ishobora kwambukiranya imipaka.
Intambara nshya ishobora kwambukiranya imipaka. Uko ibikorwa by’intambara bikomeje kwiyongera mu bice bya Uvira no muri Kivu y’Epfo, imitwe yitwaje intwaro irimo FARDC, abarundi, Wazalendo ndetse n’abacanshuro baragenda biyongera ku rugamba, mu gihe M23 ikomeje kugaragaza imbaraga zidasanzwe. Ibi biri gutuma agace
Ibice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyepfo n’iya Majyaruguru byiriwemo imirwano hagati ya Wazalendo na m23
Ibice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyepfo n’iya Majyaruguru byiriwemo imirwano hagati ya Wazalendo na m23,muri teritwari ya Walikare na teritwari ya Masisi imirwano yiriwe ishyamiranyije abarwanyi biyi mitwe yombi. Muri teritwari ya Walikare mu bice bya Rusamambo na Bukumbirwa abarwanyi ba Wazalendo yo
AS Kigali na Kigali bagiranye ibiganiro bigamije gutuma ikipe yitabira Shampiyona
Ku wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga 2025, ikipe ya AS Kigali yakoranye inama n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali hagamijwe gushaka ibisubizo byafasha iyi kipe kwitabira Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere y’umwaka utaha w’imikino. Ibi biganiro bije nyuma y’uko AS Kigali iherutse koherereza Umujyi wa
Rayon Sports yagaragaje ko yiteguye gususura andi makipe
Ntarindwa Aimable, umukinnyi wo hagati ushinzwe kugarira, yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira Rayon Sports, nyuma y’igihe yari amaze akorana imyitozo n’iyi kipe atarasinyira ku mugaragaro. Amakuru agera ku bitangazamakuru avuga ko uyu mukinnyi yasinyiye iyi kipe yo mu Mujyi wa Kigali
RDC:Teritwari ya Kabare yongeye kuba isibaniro ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo nabo mu mutwe wa M23
Byakugora ko wabona umunsi ushize utumvise ko muri Teritwari ya Kabare hongeye kuba isibaniro ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo nabo mu mutwe wa M23,ni nako byagenze ku munsi wo ku Cyumweru aho umutwe wa m23 wongeye gusakirana n’umutwe wa Wazalendo mu mirwano
Rubavu:Umugore yicishije umugabo we ishoka kubera urukundo
Ubushinjacyaha bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu dosiye y’umugore ukekwaho kwica umugabo babanaga mu buryo butemewe n’amategeko, nyuma y’uko amubonanye n’undi mugore mu Karere ka Burera. Iki gikorwa gishinjwa uwo mugore cyabaye mu ijoro ryo ku wa 25 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Yungwe,