Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho
Uvira imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi n’abarwanyi b’umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bwiki gihugu ukorera mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwiki gihugu. Ni imirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6Kamena 2025 mu bice bya Kiliba
SIDA yibasiriye igisirikare cy’u Burusiya cyiri mu ntambara muri Ukraine
Minisitiri y’Ingabo mu Burusiya avuga ko umubare w’abasirikare banduye indwara ya SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine. Amakuru y’ubwiyongere bw’ubwandu bw’indwara ya SIDA mu basirikare b’u Burusiya yahishuwe n’urubuga Carnegie Politika nyuma yo gusesengura raporo ya Minisiteri y’Ingabo
Ni uko Marie Chantal afata intwaro
“Ni uko Marie Chantal afata intwaro” Ishyirwaho bwa mbere ry’umugore ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, ari we Marie-Chantal Nijimbere. Marie-Chantal yafashe intwaro… Ku nshuro ya mbere, umugore agizwe Minisitiri w’Ingabo mu Burundi. Uwo mugore ni Marie-Chantal Nijimbere, ukomoka mu muryango
M23 ishobora kujya mu kaga
M23 ishobora kujya mu kaga Inyandiko iri mu gitabo cy’inyandiko za Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Congressional Record), irimo icyifuzo cy’ivugururwa ry’itegeko ryagejejweho na Senateri RISCH kuri projet de loi S.2296, rigamije guha uburenganzira bwo gukoresha ingengo y’imari y’umwaka wa 2026
Leta ya RDC ntivuga rumwe na AFC/m23 kwiyicwa ry’umunyamakuru Fiston Wilondja wiciwe i Bukavu
Fiston Wilondja Mazambi wari umunyamakuru yiciwe i Bukavu, mu gace kagenzurwa na AFC/M23. Ikinyamakuru kitwa Le Potentiel cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Tariki 05/8/2025 ari bwo abantu basanze umurambo we uryamye hasi,yavuye amaraso menshi kandi aziritse ikiziriko mu ijoso.
“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere
“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere Guverinoma y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro gahunda nshya y’imyaka itanu igamije guteza imbere urubyiruko, aho izashorwamo arenga miliyari 49 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyi gahunda,
Uwahoze ari umukozi wa As kigali ayisaba kumwishyura bitabaye ibyo akayijyana mu Nkiko
Nsabimana Jean de Dieu wahoze ari umukozi wa As kigali mu gice cyo kuvura abakinnyi , yasabye ubuyobozi bwiyi kipe kumwishyura imishahara ye ingana na mezi 13 ingana n’arenga miliyoni 6 Frw, bitakunda akaba yakwitabaza inkiko zikamurenganura. Mu mwaka w’imikino wa 2024/2025 urangiye,
Amerika igiye kujya isaba abanyamahanga ingwate kuri visa zabo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gutagira gusaba abanyamahanga ingwate ya 15.000 dollar kuri visa bitewe n’abarenza igihe bemerewe kumarayo. Ku wa 5 nyakanga nibwo iyi gahunda yashyizweho umukono na Perezida Donald Trump mu buryo bwo gukumira abanyamahanga bajyayo bakarenza igihe bimerewe ndetse
Abagize Guverinoma nshya y’u Burundi
Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri W’intebe ,Nestor Ntahontuye yongewemo abandi baminisitiri bashya benshi. ku wa 5 Nyakanga 2025 Perezida Evariste Ndayishimiye nibwo yabashyizeho. Perezida Evariste Ndayishimye yashyizeho abagize Guverinoma nshya , bamwe bagaruka mu buyobozi abandi barahindurwa, bwa mbere umugore yagizwe Minisitiri W’Ingabo
Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza
Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’imitwe ya Wazalendo na AFC-M23 mu gace ka Kalembe, muri Territoire ya Masisi, Groupement ya Bashali Mokoto, aho intambara y’amajwi y’imbunda ziremereye yumvikanye. Iyi mirwano yatewe