Intwaro zoherezwaga muri Isreal u Budage bwazihagaritse.
Leta y’u Budage kurubu yafashe icyemezo cyo kutazongera kohereza intwaro muri Isreal, nyuma y’uko icyo gihugu gifashe icyemezo cyo kugenzura umujyi wa Gaza, inkambi ziwukikije ndetse n’umutekano w’agace ka Gaza kose, mu rwego rwo kwambura intwaro umutwe wa Hamas ndetse no gucyura imbohe
Nta rugo rwubakwa nk’urundi. ibyo abakora brider shower bagomba kumenya
Nta rugo rwubakwa nk’urundi. ibyo abakora brider shower bagomba kumenya Ibyo abakora bridal shower bagomba kumenya, bigendanye n’ihame ry’uko nta rugo rwubakwa nk’urundi, birimo ibintu byinshi bijyanye n’umuco, imyumvire, n’imiterere y’ingo zitandukanye. Inama n’impano bigomba gushingira ku buzima bw’umugeni n’umuryango we, aho akomoka,
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya Mu gihe isi yose ikomeje gukurikirana ibibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwe mu mitwe yitwaje intwaro imaze igihe kirekire ivugwa mu itangazamakuru ni AFC/M23. Uyu mutwe, uvuga ko uharanira uburenganzira bwa rubanda n’abandi
Rubavu abaturange babiri na Gitifu batawe muri yombi bakekwaho kugurisha inka za Girinka
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka kanyundo mu Murenge wa mudende ho mu karere ka Rubavu yatawe mu yombi arikumwe n’abaturange babiri, bakekwaho kugurisha inka ebyiri za Girinka bari barahawe. Kuruyu wa Mbere tariki 4 kanma 2025, nibwo Gitifu w’Akagari yatawe muri yombi, nyuma y’umunsi
Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we?
Ese Teta Sandra yashakaga kwica umugabo we? Ku mugoroba wo ku itariki ya 7 Kanama 2025, mu gace ka Munyonyo, kuri Shan’s Bar & Restaurant, habaye amakimbirane hagati ya Sandra Teta n’umugabo we, umuhanzi Douglas “Weasel” Mayanja. Mu buryo buhangayikishije, Sandra
Nyanza Abantu batatu bari mu maboko y’ubugenzacyaha bakurikiranwaho urupfu rw’umusore wari waraburiwe irengero
Abantu batatu bo mu Krere ka Nyanza ,Umurenge wa Rwabicuma bari mu maboko y’ubungenzacyaha (RIB), bakurikiranwaho urupfu rw’ umusore w’imyaka 19, wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma yuko umurambo we bahusanze mu mufuka. Ibi byatangajwe ku wa 6 kanama 2025 na Polisi y’u
AFC/M23 Ishyigikiye Impinduka mu Miyoborere ya RDC binyuze muri ‘Fédéralisme’
Ihuriro rya politiki n’umutwe wa gisirikare AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasohoye icyifuzo risaba ko imiyoborere y’iki gihugu yahinduka ikajya ishingira ku ihame rya federalisme, rishingiye ku gutanga ububasha bwisumbuye ku nzego z’ibanze, nk’uko bikorwa mu bihugu nka
Ghana iri mu gahinda k’abayobozi bayo bakuru bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu
Igihugu cya Ghana kiri mu gihe cy’amarira n’agahinda nyuma y’uko indege ya kajugujugu ikoze impanuka igahitana abantu umunani, barimo abayobozi bakuru ba Leta. Iyi ndege yari yavuye i Accra, Umurwa Mukuru, igana mu mujyi wa Obuasi, ariko ntibyigeze bigenda uko byari byitezwe kuko
Diamond Platnumz yagaragaje ibimenyetso byo kwihakana bamwe mu bana be
Umuhanzi Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare nyawo w’abana yabyaye, kandi ko ashidikanya niba abo bivugwa ko yabyaranye n’abagore batandukanye bose ari abe koko. Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru. Yavuze ko nubwo yita ku bana batandukanye bivugwa ko ari be,
Umuskuti ayoboye igisirikare!
Umuskuti ayoboye igisirikare! Uyu munsi, Uburundi buri mu bihe bigoye byo guhindura no kunoza imikorere ya gisirikare, ndetse hakaba hanagaragara impinduka zidasanzwe mu miyoborere y’igisirikare; nko gushyiraho Marie-Chantal Nijimbere nka Minisitiri w’Ingabo wa mbere w’umugore mu mateka y’igihugu. Uko byakiriwe n’abaturage n’abasirikare: Hagati