AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara Mu itangazo ryasohotse ku rukuta rwa X (yahoze yitwa tweeter) ryasohowe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), ryamaganye bikomeye kandi ryerekana agahinda batewe n’uko ingabo zifatanyije zishamikiye kuri Leta ya Kinshasa
Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana
Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana Twebwe ntituri abasinye amasezerano ya Doha. Ayo masezerano ni hagati y’umutwe wa M23 n’ubutegetsi bwa RDC, ntabwo ari hagati na Twirwaneho,” uko byavuzwe na SAMATAMA, jenerali uyoboye umutwe w’inyeshyamba wa Twirwaneho,
Abanyamahanga bitabiriye ikoraniro ry’Abahamya ba Yehova bishimiye cyane uburyo bakiriwe mu Rwanda
Abahamya ba Yehova bitabiriye ikoraniro mpuzamahanga ryabereye i Kigali bagaragaje ko bahagiriye ibihe byiza, ubwiza bwiyongera mu bundi ubwo basuraga ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda harimo Pariki ya Akagera, Pariki y’Ibirunga n’ahandi. Iri koraniro mpuzamahanga ryabereye muri Stade Amahoro i Remera guhera ku
Davido yahaye impano y’isaha umugore we ingana na Miliyoni 433 Frw
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeat,David Adeleke uzwi ku izina rya Davido, yahaye umugore we Chioma Rowland impano y’isaha yo mu bwoko bwa Richard Mille irimo amabuye ya diyama, ifite agaciro ka $300,000[433,529,700] mu muhango w’ubukwe bwabo bwo gusezerana imbere y’Imana wabereye mu
Rusizi Umugore wabyaye avuye kwamamaza umukuru w’igihungu yahawe inzu
Uwamariya Noella wo mu karere ka Rusizi, wabyaye avuye kwamamaza, Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, wari umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihungu mu matora yatsinze mu 2024, yubakiwe inzu. Ku wa 10 kanama 2025, nibwo Uwamariya Noella yahawe iyi nzu yubakiwe n’abanyamuryango ba FPR-I
Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukora bute?
Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukora bute? Ubuvuzi bukoresheje massage y’ibirenge bukunze kwitwa reflexology bukora ku gitekerezo cy’uko mu birenge hari “utuntu” cyangwa “uduce” twihariye twihuza n’ibice bitandukanye by’umubiri wose binyuze mu miyoboro y’amaraso, imitsi y’ubwonko, n’imiyoboro y’ingirangingo (nerve pathways). Iyo utuntu tw’ingenzi mu
DonaId Trump yahagaritse intambara mu gihugu cya Congo
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane. Donald Trump yabivuze ku wa 8 Kanama 2025, nyuma yo gufasha Perezida IIham Aliyev wa Azerbaijan na
Addis-Abeba, RDC n’Urwanda byifashe gute?
Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriye Addis-Abeba Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriyeyo ku matariki ya 7 na 8 Kanama i Addis-Abeba mu nama ya mbere y’umuryango w’ubufatanye mu gucunga umutekano, igamije gushyira mu bikorwa amasezerano ya
Rayon Sports yashize hanze imyambaro mishya igiye kujya yambara
Rayon Sports FC yashize hanze imyambaro mishya izifashisha mu mikino yakiriye mu mwaka wa 2025/2026, yakozwe n’ikigo Nyarwanda gikora Imideli, Kwesa Collection. Mwijoro ryo ku wa gatanu, tariki ya 8 Kanama 2025, ni bwo Gikundiro yagaragaje imyambaro izakoreshwa ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo.
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23 Tariki ya 8 Kanama 2025, mu masaha y’umugoroba, imirwano ikomeye mu karere ka Nzibira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zikomatanyije n’umutwe wa Wazalendo bahanganye n’abarwanyi ba AFC/M23 mu