Gatsibo yapfuye, hakekwa inkoni yakubiswe
Inzego z’umutekano mu karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gitoki, Zatangiye iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 32 bikekwa ko yishwe n’abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe muri aka karere. Uyu mugabo yapfuye ku cyumweru tariki 17 Kanama 2025.Yari atuye mu Mudugudu wa Gishore
Umutoza wa Azam FC yasobanuye uko yigeze kugorwa na APRFC
Umutoza w’ikipe ya Azam FC Florent Ibenge Ikwange yatangaje ko ubwo yatozaga RS Berkane bagowe cyane no gutsinda ikipe ya APER FC nubwo byarangiye begukanye irushanwa rya confederation cup bakinaga. Mu mwaka wa 2021,ikipe ya APR FC yari isigaje iminota 14 ngo yerekeze
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa RDC
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari ya Lubero ndetse no mu mujyi wa
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa RD, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara, bapfa umushahara. Aba badepite tariki ya 15 Kanama 2025 banditse ibaruwa, bagaragaza ko abakozi bo muri iyi
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya,bigiye kohereza intumwa muri Qatar kugira ngo zisuzume uko amahame yashyizweho umukono tariki ya 19 Nyakanga 2025 ari kubahirizwa. Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand bisimwa, yatangaje ko mu ngingo zizasuzumirwa muri Qatar zirimo ihagarikwa
Intambara ibera muri Gaza imaze guhitana abarenga ibihumbi 62
Intambara igiye ibiri ica ibintu mu gace ka Gaza imaze guhitana Abanya-Palestine barenga ibihumbi 62 mu gihe abarenga ibihumbi 120 bakomeretse. Nibura hrjuru ya 80% by’abapfuye muri iyi ntambara ni abasivire mu gihe hejuru ya 50% ari abakiri bato,bari munsi y’imyaka 24,bakiganzamo abana n’abagore.
Drones zituruka i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere
Drones zaturutse i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere Ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ingabo za Leta ya Kinshasa, zifatanyije n’abambari bazo,
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete Bukavu, kuwa 17 Kanama 2025; Amakuru aturuka mu bice bya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’abambari bazo bo mu
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI Mu gihe abantu benshi ku isi basigaye bamara umwanya munini bareba mu matelefoni yabo aho kuba mu nzira, bishobora gutera impanuka, umunyakoreya witwa Paeng Min-wook, w’imyaka 28, yakoze agashya kitamenyerewe: ijisho ry’ikoranabuhanga rishobora
UBUHANGA BUSHYA BWO MU BUSHINWA: ROBOT ZISHOBORA GUTWITIRA UMUNTU
UBUHANGA BUSHYA BWO MU BUSHINWA: ROBOT ZISHOBORA GUTWITIRA UMUNTU Isi yose ikomeje gukurikirana amatsiko n’impungenge inkuru ivuga ko mu Bushinwa hari abashakashatsi bari gukora kuri robot idasanzwe izashobora gutwitira umuntu, kugeza umwana avutse. Ubu bushakashatsi bwatangajwe mu bitangazamakuru byo muri Aziya ndetse n’ibinyamakuru