Perezida Tshisekedi yemeye ko agiye kubuza ingabo ze na Fdlr gukomeza kurwana
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye ko ingabo za Leta zizubahiriza agahenge kifujwe na mugenzi we uyobora Angola akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), João Lourenço. Ibiro bya Perezida wa RDC, kuri uyu wa 13 Gashyantare
Wazalendo zatangiye kurwanira ibirombe by’amabuye y’agaciro
Imitwe yitwaje intwaro yo mu Ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihanganiye kugenzura agace ka Batakirwa gaherereye muri gurupoma ya Bafuna, Teritwari ya Walikale. Imitwe ihanganye ni NDC-R iyoborwa na Guidon Shimiray Mwissa uyobora Wazalendo ku rwego rwa gisirikare
Umuhuzabikorwa w’Ihuriro rya afc/m23 yabonanye n’umuyobozi w’agateganyo wa Monusco
Kuri uyu wa 13 Gashyantare 2026, abayobozi bo mu ihuriro AFC/M23 n’abo mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(MONUSCO) bahuriye mu Mujyi wa Goma mu nama yiga ku iyubahirizwa ry’agahenge. Ku ruhande rwa AFC/M23, iyi nama yitabiriwe n’Umuyobozi Mukuru
Ubutegetsi bwa Kinshasa bwareze MTN Group ko iri gukorera k’ubutaka bwabo mu buryo bunyuranyije n’amategako
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko iri gukurikirana byimbitse ibirego by’uko sosiyete y’itumanaho MTN Rwanda ishobora kuba iri gukorera ku butaka bwayo itabifitiye uburenganzira bwemewe n’amategeko. Ibi byatangajwe tariki ya 11/02/2026 na Minisitiri w’Itumanaho n’Ikoranabuhanga muri RDC, José Mpanda, wavuze ko
Umutwe wa m23 na fardc byasabwe guhagarika imirwano guhera kuwa gatatu
Ibiro bya Perezida wa Angola byasabye leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe bihanganye wa M23 guhagarika imirwano kuva tariki 18 saa sita z’amanywa. Itangazo ry’ibiro bya perezida wa Angola ntiryavuze niba ari tariki 18 z’uku kwezi cyangwa ugutaha, ariko ibinyamakuru muri
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye irushanwa rya SWAT (Special Weapons and Tactics) rihuza abaturutse mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye irushanwa rya SWAT (Special Weapons and Tactics) rihuza abaturutse mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, azwi nka ‘UAE SWAT Challenge’ bakomeje kwitwara neza. U Rwanda ruhagarariwe n’amakipe atatu muri iri rushanwa riri kubera muri Leta Zunze
Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi 160 muri Sudan Y’Epfo mu butumwa bw’amahoro bwa Loni
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 160 bagiye koherezwa mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), aho bazasimbura bagenzi babo bari bamaze umwaka muri ubwo butumwa bafasha polisi ya Sudani y’Epfo kwiyubaka. Aba bapolisi 160 bahawe impanuro n’Umuyobozi Mukuru
Bob Wine nta cyaha afite akwiye kugaruka iwe/Min Chris Baryomunsi
Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Uganda, Chris Baryomunsi, yamaganye igitero cya gisirikare ku rugo rwa Bobi Wine, abwira ibiro ntaramakuru Reuters ko Bobi Wine nta cyaha na kimwe yakoze kandi ko afite uburenganzira bwo gusubira iwe. Bobi Wine yari amaze igihe kirekire avuga ko
Igisirikare cya AFC/M23 irwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi cyungutse abakomando kabuhariwe bashya 7.532
Igisirikare cya AFC/M23 irwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi cyungutse abakomando kabuhariwe bashya 7.532 bahabwa ubutumwa bwo kubohora no kubaka Repubulika ya Demokarasi ya Congo nshya. Aba bakomando basoje amasomo ku wa 8 Gashyantare 2026, batojwe mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Tchanzu mu Ntara
U Buhinde: Abanyarwanda bizihije Umunsi w’Intwari
Ni umuhango wabaye tariki 8 Gashyantare 2026, itariki yatoranyijwe nyuma y’ibiganiro Ambasade yagiranye n’abanyeshuri b’Abanyarwanda ku munsi wari gushobokera benshi kugira ngo babashe kwitabira iyo gahunda kuko abenshi mu Banyarwanda bari muri ibyo bihugu bajyanywe no kwiga. Ni umunsi wizihijwe hakoreshejwe iyakure ku