Uvira:umujenerari wa Fardc yapfuye amarabira biteza akaduruvayo mu mujyi
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko umuyobozi w’akarere ka gisirikare ka 33, Brig Gen. Mwaku Mbuluku Daniel yapfuye. Umuvugizi w’iki gisirikare, Gen Maj Sylvain Ekenge Bomusa, yasobanuye ko uyu musirikare yagize ikibazo cy’ubuzima, apfa kuri uyu wa 12 Nzeri 2025
Wari uzi ko umuntu umwe muri bane arinda asaza atarashaka?
Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko umwe mu bantu bane bakiri bato muri iki gihe azagera ku myaka 50 atarashatse cyangwa ngo abone uwo babana. Ibi byagaragajwe na Pew Research Center, ikigo cy’ubushakashatsi giherereye i Washington D.C., gikora ku mibereho n’imibare y’Abanyamerika. IMPINDUKA
Amafaranga Mutamba yari yaranyereje yasubijwe mu Kigega cya Leta
Rawbank yamenyesheje Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yamaze kohereza kuri konte ya Leta miliyoni 19 z’Amadolari zari zaranyerejwe na Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera. Aya makuru agaragara mu ibaruwa abanyamategeko b’iyi banki bandikiye uyu
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BASENYE STADE
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BARASENYE STADE Kinshasa, 09 Nzeri 2025, Umukino wari utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wahindutse isoko y’imyigaragambyo n’urusaku rwinshi nyuma y’uko ikipe y’igihugu ya RDC itsinzwe na
GASITA YAMAZE GUHUNGIRA MU BURUNDI NYUMA YO GUSOHOKA MURI UVIRA MU BURINZI BUKOMEYE
GASITA YAMAZE GUHUNGIRA MU BURUNDI NYUMA YO GUSOHOKA MURI UVIRA MU BURINZI BUKOMEYE BW’INGABO Z’UBURUNDI Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira aravuga ko Gasita, umwe mu bayobozi bakuru b’abarwanyi mu burasirazuba bwa Congo, yamaze kuva ku
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi Uvira: Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira Mu masaha ya kare ku wa mbere tariki 08 Nzeri 2025, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yatumije inama
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI Uvira, umujyi ukomeye mu Buseruko bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukomeje kuba ahantu h’inkundura hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’ingabo za leta (FARDC). Kuva tariki ya 1 Nzeri 2025, ibikorwa byo kurwanira uyu mujyi
Masisi:umutwe wa m23 wigaruriye uduce dushya umunani muri Masisi
Abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigaruriye imidugudu itandukanye yo muri Osso Banyungu muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. AFC/M23 yafashe imidugudu umunani mu mirwano yo ku Cyumweru, tariki 7 Nzeri 2025, nyuma yo
Uvira hazindukiye imyigaragambyo ikaze yo kwamagana brig gen Gasita Olivier
Kuva taliki ya 1 Nzeri 2025, General Olivier Gasita Mukunda yagizwe Commandant wungirije wa gisirikare unshinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi mu gace ka 33 yoherezwa gukorera mu gace ka Uvira (Kivu y’Epfo). Icyo gihe, abayobozi b’imitwe ya Wazalendo (abasanzwe bafasha FARDC) bamwangiye ko