Masisi:umutwe wa m23 wigaruriye imidugudu ibiri mishya nyuma yo kwirukana Wazalendo
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri teritwari ya Masisi aritwo Ndurumo na Kinyaonga. Imirwano ikaze yashyamiranyije umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo guhera ku Cyumweru cyashize tariki ya 14 Nzeri 2025 nibwo abarwanyi ba Wazalendo bagabweho ibitero n’abarwanyi bo mu mutwe wa
Burundi:Niyonkuru Dieudonne alias Rabin impunzi yabaga mu Rwanda yashimuswe n’inzego z’iperereza z’u Burundi
Dieudonné Niyukuri Alias Rabin na bagenzi be bane barashimuswe n’iperereza ry’Uburundi kuva tariki ya 28.8.2025 umurundi uzwi cyne kuri chaîne ya YouTube mu Rwanda yitwa Bwiza Tv azwi kw’izina rya Rabin, amaze imisi 19 mu iperereza ry’Uburundi (SNR). Amazina yiwe y’ukuri ni Dieudonné
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: AFC/M23 YINJIJE ABAKOMANDO 7,437 BASOJE IMYITOZO YA GISIRIKARE
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: AFC/M23 YINJIJE ABAKOMANDO 7,437 BASOJE IMYITOZO YA GISIRIKARE Kuri iki Cyumweru mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, mu karere ka Kivu ya Ruguru, habereye umuhango ukomeye wo kwinjiza mu ngabo za AFC/M23 abakomando bashya 7,437 basoje imyitozo ikomeye ya gisirikare.
AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: ABANYAMATEGEKO BASHOBORA GUHINDUKA ABACAMANZA B’UBUCAMANZA BWA AFC/M23 AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’ahantu AFC/M23 iri kwiyubakira inzego zisa n’iz’igihugu, ku munsi w’ejo hashize habereye igikorwa gikomeye kitabiriwe
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE Abakandida barenga 500 mu kizamini cy’ipima-bushobozi Ku munsi w’ejo ku cyumweru, mu kigo cya Rumangabo, habereye ikizamini gikomeye cy’ipima-bushobozi cy’abanyamategeko bifuza kuba abacamanza mu rwego rushya rwa AFC/M23. Iki kizamini cyitabiriwe n’abakandida 517 barimo abavoka
Israel ikomeje kunengwa n’amahanga
QATAR YASABYE UMURYANGO MPUZAMAHANGA GUFATIRA ISRAEL IBIHANO Israel ikomeje kunengwa n’amahanga Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yongeye kugaragaza ko igihe kigeze ngo isi ihaguruke ikumire ibikorwa by’igitugu n’intambara bimaze igihe bikorwa na Israel. Mu ijambo rye rikomeye
M23 yinjije izindi rwanyi shyashya zirenga 7000
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi bashya 7.437 bari bamaze amezi atandatu batorezwa mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo kwinjiza aba barwanyi mu gisirikare witabiriwe
U Rwanda,RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu
Muri Kanama, u Rwanda, RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu. Nubwo umushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu wateguwe, amasezerano y’amahoro uwayo ntarubahirizwa uko bikwiye.Uyu mushinga w’impapuro 17 ushingiye ku mahame agenga ubufatanye mu by’ubukungu u Rwanda na RDC byashyizeho umukono
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE Ubuzima bw’abashakanye ni ishingiro ry’imiryango yose. Iyo urugo rufite urukundo, kubahana no kwizerana, usanga no mu buzima bw’imiryango yose byoroshye. Ariko iyo hagati y’abashakanye hadatekanye, bigira ingaruka ku bana, ku muryango mugari ndetse
IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE
IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE Abashakashatsi batandukanye bamaze kwerekana ko gukora imyitozo ngororamubiri bifitiye umumaro abantu bose, yaba abana cyangwa abantu bakuru. Ariko iyo siporo ikozwe hagati y’umwana n’umubyeyi, umumaro urushaho kuba munini kuko urebana n’ibice bitandukanye by’ubuzima: ubuzima bw’umubiri, ubw’umutima, ubw’imibanire