Menya icyagutera kubura ibyishimo mu buzima bwa buri munsi n’uburyo wabirwanya
Menya icyagutera kubura ibyishimo mu buzima bwa buri munsi n’uburyo wabirwanya Buri wese mu buzima akunda kwishima, akumva ari muzima mu mutima no mu mubiri. Ariko se ni kuki hari igihe usanga abantu benshi bibaza bati: ni iki gituma mbura ibyishimo mu buzima
Mwenga:imitwe 15 na Wazalendo byasabye perezida Tshisekedi gusimbuza umuyobozi wabo
Imitwe 10 ya Wazalendo yo muri Mwenga na Shabunda yasabye Perezida Tshisekedi n’Umugaba Mukuru wa FARDC gusimbuza vuba Tshihutu Vela uyobora Regima ya 3306. Mu rwandiko rwasinywe n’iyo mitwe, bashinja uwo muyobozi ibyaha bitandukanye birimo kwiba intwaro . Tshihutu kandi ashinjwa gufatanya
Uko bibyutse byifashe muri RDC mu ntambara ya M23 na FARDC
Amakuru Avugwa kuri Point Zero mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe Kuri iki cyumweru AFC/M23/MRDP yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo FARDC yageneye ubutumwa bushaririye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23 AFC/M23 yateguje FARDC ibikomeye nyuma y’ibitero by’indege
Ubureiganya bwabujije umunyamakuru w’umubiligi gukurikirana shampiyona y’Isi y’amagare iri kubewra mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yashyize umucyo ku byavuzwe kuri uyu munyamakuru Stijn, agaragaza ko uburiganya ari bwo bwatumye yangirwa kwitabira iri rushanwa rikurikiwe b’abanyamakuru amagana ba siporo ku Isi. Bimwe mu binyamakuru ndetse na Stijn batangaje ko u Rwanda
Kwakira shampiyona y’Isi y’amagare ni ibyishimo kuritwe/Makolo Yolanda
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko kuba u Rwanda rugiye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare ari ibintu Abanyarwanda bakoreye, yizeza ko kandi bari gukora ibishoboka byose ngo igende neza. Kuri iki Cyumweru tariki 21 Nzeri 2025, nibwo mu Mujyi wa Kigali
Mwenga:umutwe wa m23 wigaruriye agace ka Nzibira ukanyaze Wazalendo na Fardc
Abarwanyi b’umutwe wa m23 bigaruriye agace ka Nzibira kuri iki Cyumweru,tariki ya 21Nzeri 2025 mu mirwano ikaze yabashyamiranyije n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo n’igisirikare cya Leta ya Rdc (FARDC). Mu mirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yari ikomeye cyane,umutwe wa m23 waje
FARDC yageneye ubutumwa bukarishye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23
FARDC yageneye ubutumwa bukarishye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23 Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kibinyujije ku muvugizi wacyo, Major Gen Sylvain Ekenge, yasabye abasirikare babo bafatiwe ku rugamba mu ntambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, bakaba banaheruka
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi urateganya guha Ukraine amafaranga y’u Burusiya yafatiriwe
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uteganya guha Ukraine amafaraga abarirwa muri miliyari 170 z’Amayero, y’u Burasiya yafatiriwe nyuma y’uko icyo gihugu gishoje intambara kuri Ukraine mu 2022. Ikinyamakuru Financial Times cyatangaje ko EU iteganya ko ayo mafaranga yakoreshwa mu gusubiranya Ukraine imaze kuba isibaniro
Amerika gushinja Israel jenoside, Algerie iyibutsa ko iri gukora amakosa nk’ayakorewe Abanyarwanda mu 1994
Ambasaderi wa Algerie mu Muryango w’Abibumbye, Amar Bendjama, yavuze ko.nihatagira icyo uyu muryango ukora ngo uhagarike ubwicanyi Israel iri gukora muri Gaza, uzisanga wakoze amakosa nk’ayo mu 1994 ubwo mu Rwanda habaga Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ingingo Amar Bendjama yagarutseho  ku wa 18
RDC intebe zasahuwe muri stade ya Martry i Kinshasa zatangiye kujyanwa ku isoko
Abafana b’ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bangije Stade des Martyrs i Kinshasa nyuma yo gutsindwa na Sénégal ibitego 3-2 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026, none intebe zasahuwemo zatangiye kugirishwa n’abanye-Congo. Ibikorwa byo kwangiza iyi Stade ndetse no