YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA Ku italiki ya 21 Nzeri 2025, mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habaye inkuru yasize benshi bacecetse ariko n’abandi ibashyira mu kantu. Umusore w’umunyekongo witwa Tshidingi
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo ku buryo bushya bwo kuyobora Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu butumwa yashyize kuri X ku wa 22 Nzeri 2025, Umuvugizi wa Politiki wa
Uwahoze ari perezida yarezwe ibyaha byibasiye inyokomuntu muri icc
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwareze Rodrigo Duterte, wahoze ari Perezida wa Philippines, w’imyaka 80, ibyaha byibasiye inyokomuntu. Duterte ashinjwa impfu z’abantu benshi mu ntambara ye yo kurwanya ibiyobyabwenge, aho abarenga ibihumbi bishwe nta manza baciriwe. Umushinjacyaha wungirije wa ICC, Mame Mandiaye Niang, yavuze
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya. Kamerhe ku wa 22 Nzeri 2025, mu ibaruwa yishyiriyeho umukono, yavuze ko yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. ariko siwe gusa weguye
Perezida Donald Trump narangiza ikibazo cy’umutekano mukeya mu gihugu nyobora nzamutorera kubona Prix Nobel/Perezida Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald Trump, narangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cye, azaba mu ba mbere bazashyigikira ko ahabwa igihembo cy’abaharaniye amahoro kizwi nka ‘Prix Nobel’. Ni ingingo Tshisekedi
Hamenyekanye impamvu yajyanye Perezida Tshisekedi muri Afurika Y’Epfo igitaraganya
Hamenyekanye amakuru yajyanye Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi, m’ uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa nawe akaba yari yabisabwe
Fizi umusirikare mu gisirikare cya Fardc yishwe na bagenzi be bapfa umushahara we
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashwe na bagenzi be ahita ahasiga ubuzima mu misozi ya teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko yarimo asaba umushara we. Uyu musirikare akaba yarishwe na bagenzi be mu ijoro ryaraye rikeye rishya
UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare
UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare Byatangajwe na Perezida w’ishyirahamwe ry’imikino yo gusiganwa ku magare ku isi (UCI), David Lappartient Mu mateka y’imikino yo gusiganwa ku magare ku rwego mpuzamahanga, umwaka wa 2025 uzasiga ikimenyetso kitazibagirana
Miss Uganda 2025: Ikamba rya Muhoza Trivia Elle ryazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga
Miss Uganda 2025: Ikamba rya Muhoza Trivia Elle ryazamuye impaka ku mbuga nkoranyambaga Ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda ndetse no mu matsinda y’abakurikiranira hafi imyidagaduro, impaka zikomeje gufata intera nyuma y’itorwa rya Muhoza Trivia Elle nk’uwambitswe ikamba rya Miss Uganda 2025. Uyu mukobwa
Uko imbuga nkoranyambaga zihindura ubuzima bw’abantu n’imibanire yabo
Uko imbuga nkoranyambaga zihindura ubuzima bw’abantu n’imibanire yabo Mu myaka 20 ishize, isi yacu yinjiyemo impinduka zikomeye zishingiye ku ikoranabuhanga, by’umwihariko imbuga nkoranyambaga. Ubu umuntu wese uri munsi y’imyaka 35 bigoye ko utamubona kuri Facebook, WhatsApp, Instagram, TikTok, cyangwa se izindi mbuga nshya