RDF igiye kuganira na FNDB bayisubize umusirikare wayo wafatiwe mu Burundi
Igisirikare cy’u Rwanda,cyemeje amakuru yifatwa ry’umusirikare wacyo n’igipolisi cy’igihugu cy’u Burundi. RDF yavuze ko igiye gukoresha inzira ya dipolomasi mu gukorana na guverinoma y’u Burundi, kugira ngo umusirikare wayo usanzwe ari umushoferi, Sgt Sadiki Emmanuel, watawe muri yombi n’igipolisi cy’u Burundi nyuma y’uko
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka Abasirikare babiri bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, barimo ufite ipeti rya Captain na mugenzi we ufite irya Sergeant bacyiyonkoyeho biyunga ku ihuriro rya Alliance Fleuve
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko Albania impaka k’ubwenge bw’ubukorano (AI) bwagizwe minisitiri wo kurwanya ruswa Albania yongeye kuba ku isonga mu bikorwa bishya bya politiki n’ikoranabuhanga nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe, Edi Rama, atangaje ku wa 14 Nzeri 2025
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE Urukundo rwubakwa ku mibanire n’itumanaho. Ikiganiro hagati y’abakundana cyangwa abashakanye ni ryo rishimangira imbaraga, n’igihe urukundo rushobora kumara. Abantu benshi bibaza bati: “Ese abakundana baganira iki cyane mu buzima bwa buri munsi?” N’ubwo buri mubano wose
Abarwanyi ba FDLR baduteraga ubwoba ko nidutaha tuzicwa n’inkotanyi
Kuri uyu wa gatatu ku mupaka minini uhuza u Rwanda na DRC ahazwe nka La Corniche mu Karere ka Rubavu hakiriwe abanyarwanda 328 baturuka mu miryango 105 batahutse bava muri congo “Iyo wageragezaga gushaka gutaha mu Rwanda bakubwiraga ko uhageze bagukorera ibya mfura
Imirwano ikaze yadutse i Nyabikere hagati ya Wazalendo na m23
Imirwano ikaze yadutse kuri uyu wa kabiri tariki 23 Nzeri i Nyabikere, mu chefferie ya Bashali, mu karere ka Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka mu baturage abivuga, iyi mirwano yatangiye ahagana saa mbiri za mu gitondo, ihuza abarwanyi ba
Perezida Paul Kagame yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki 23 Nzeri 2025, yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byanditse kuri X ko yakiriwe na Perezida Abdel Fattah Al-Sisi wa Misiri mu Ngoro ya Ittihadiya. Biti “Aho abakuru
Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza. Yabigarutseho ubwo yaganirizaga urubyiruko rurenga 300 mu biganiro “Rubyiruko Menya Amateka” byaruhurije mu karere ka Rusizi, kuri uyu wa kabiri tariki
Rubavu:ishyari n’uburiganya bwo gushaka gutwara business ya Bahati Lilianne byatumye afungirwa hotel n’uwamukodesheje inzu
Ishyari no gushaka gutwara business yuwo yakodeshaga hotel ni bimwe mubyatumye Kubwimana Alphonse afungira byigitaraganya LILYJOH Group Ltd ihagarariwe na Bahati Lilianne yari yarakodesheje hotel ye. Akoresha amayeri yashutse umugabo wa Bahati Lilianne amusinyisha amasezerano avuguruza aya mbere yari yasinyanye n’umugore we kandi
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO Ku Cyumweru, tariki ya 21 Nzeri 2025, mu karere ka Walikale mu ntara ya Nord-Kivu, hamenyekanye inkuru y’akababaro yashegeshe abaturage benshi. Umudugudu wa Lukoma, uri hagati ya Kikamata 1 na Buhendje, mu gace ka Luberike, wibasiwe bikomeye n’imitwe yitwaje