Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri

Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri

Sep 27, 2025

Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ku wa 25 Nzeri 2025. Yavuze ko aya masezerano ari ingenzi mu guharanira umutekano w’ingufu z’igihe kirekire no kugera ku ntego z’iterambere

Read More
Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi

Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi

Sep 27, 2025

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri gurupoma ya Kisimba, mu rwego rwo kwitegura kurinda abaturage cyane ko ibitero by’Ingabo za RDC n’abo

Read More
Rwamagana :Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bwa mbere rifunguye ibiro byaryo mu ntara

Rwamagana :Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bwa mbere rifunguye ibiro byaryo mu ntara

Sep 26, 2025

Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR/Green Party) ryafunguye ku mugaragaro ibiro by’iri shyaka biherereye mu karere ka Rwamagana mu ntara y’iburasirazuba akaba ari igikorwa cyakozwe n’ubuyobozi bukuru bwiri shyaka burangajwe imbere na Perezida waryo Hon Dr Frank Habineza kuri uyu wa

Read More
Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo

Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo

Sep 26, 2025

Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo Impunzi z’Abanyamulenge zicumbikiwe na Uganda mu ikambi y’i mpunzi ya Nakivale iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu, zatoye ubuyobozi bwazo mu matora yaranzwemo n’ituze. Aya matora yabaye kuri uyu wa kane

Read More
Ubuholande bwatangye gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda

Ubuholande bwatangye gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda

Sep 26, 2025

Leta y’u Buholandi igeze kure gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda, nyuma y’uko impande zombi zikomeje ibiganiro mu rwego rwo kugera ku masezerano yemeranyijweho. Amakuru avuga ko u Buholandi bumaze igihe mu biganiro na Uganda. Abimukira bazoherezwa muri Uganda ni abazaba bimwe ibyangombwa

Read More
Menya FDLR umutwe ugizwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda

Menya FDLR umutwe ugizwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda

Sep 26, 2025

Bivugwa ko FDLR igizwe ahanini n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bahora bifuza kugaruka mu Rwanda gusoza umushinga basize batarangije neza, wo gutsemba icyitwa Umututsi ari nayo mpamvu igomba gusenwa burundu. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku

Read More
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump

Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump

Sep 26, 2025

Umuyobozi w’Umujyi wa Londres, Sadiq Khan, yasubije Perezida Donald Trump, nyuma y’uko amwise umuyobozi mubi, avuga ko uyu mugabo uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika agira ivangura. Mu butumwa Perezida Trump aherutse gutangira mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye (UN), yagaragaje ko afite impungenge ko

Read More
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO

URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO

Sep 25, 2025

URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwafashe icyemezo cy’amateka ku wa 25 Nzeri 2025, ruhanisha uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Nicolas Sarkozy, igihano cyo gufungwa imyaka itanu ndetse

Read More
UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO

UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO

Sep 25, 2025

UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO Mu gihe imyaka myinshi ishize byari bimenyerewe ko kunywa inzoga mu rugero bishobora kugira umumaro ku buzima bw’umuntu, cyane cyane ku bwonko, ubushakashatsi bushya bwasohowe n’Ikigo cy’Ubushakashatsi ku Buzima bwo

Read More
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA

IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA

Sep 25, 2025

IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA Umunya Australia Chapman Brodie ari mu bakinnyi b’ibyamamare batangiye guhamya ko imihanda ya Kigali izasiga amateka mu mikino y’amagare ku rwego rw’Isi. Nyuma yo gufasha ikipe ye gutwara umudali wa zahabu mu isiganwa rya Team

Read More