Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani
Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani Mu nama yabereye imbere ya Hotel La Trinité mu mujyi wa Nzibira, umuyobozi wungirije w’abarwanyi ba M23, Brig. Gen. Bernard Byamungu, yasobanuye impamvu n’intego ya M23: abo barwanyi bavugaga ko barengera abaturage bagahagarika
Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe
Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe Umujyi wa Uvira n’icyaro cyawo byongera kuba indiri y’amarira n’amaraso nyuma y’imirwano ikomeye yahuje imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC). Nyuma y’amasasu yamaze amasaha ane ku
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 28 Nzeri 2025 Hari igihe amakimbirane y’imitwe yitwaje intwaro arushaho kugaragaza ko ubuzima bw’umuntu bushobora kugurwa n’ubusa. Mu mujyi wa Uvira, mu Burasirazuba bwa Kivu, haturutse inkuru idasanzwe ishimangira
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai Umugabo w’Umunya-Uganda witwa Charles Mwesigwa, uzwi ku izina rya Abbey, wamamaye mu makuru y’ubugenzuzi yakozwe n’ikinyamakuru BBC cyamushinje uruhare mu icuruzwa
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyigaragambyo yo kwamagana ivanguraruhu
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyiyerekano yo kwiyamiriza ivanguraruhu yateguwe inyuma y’urupfu rwa wa mwirabure George Floyd, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru vya Amerika bisubiramwo amasoko atavuzwe amazina. Bivugwa ko aba
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia Gustavo Petro
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’imyitwarire idakwitse ndetse iteza ibyago yo gutiza umurindi abigaragambya mu Mujyi wa New York. Gustavo Petro yabonywe hanze y’Icyicaro Gikuru cya Loni i New York akoresha indangururamajwi ari kuganiriza abantu bashyigikiye
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa y’Amagare, Thomas Voeckler, yemeje ko u Rwanda ari igihugu kitamworoheye kubona icyo yakinenga, nyuma y’iminsi we n’abakinnyi be bamaze bakiriye neza uko bakiriwe, bishimira uburyo bwo kubaho ndetse
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse
Yagiye kurega ko yafotowe mu buryo bunyuranije n’amategeko ahita afungwa
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana hafungiye umukecuru bikekwa ko yaranduye imyumbati y’uwo abereye mukase, aho bivugwa ko yafashwe amafoto ayirandura, agiye kurega ahita afungwa. Byabereye mu Mudugudu wa Nyarunyinya, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko
Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri
Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ku wa 25 Nzeri 2025. Yavuze ko aya masezerano ari ingenzi mu guharanira umutekano w’ingufu z’igihe kirekire no kugera ku ntego z’iterambere