RDC:Umutwe wa m23 mu kaga ko kunyagwa ikirombe cya Rubaya n’utundi duce twinshi
Ingabo zihuriro rirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa zikomeje kotsa igitutu ingabo zihuriro rya Afc/m23 mu bice byinshi bitandukanye haba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ndetse na Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano ikaze yatangiye mu mpera z’icyumweru gishize aho umutwe wa Wazalendo uterwa inkunga n’igisirikare cya Fardc
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi. Leta ya RDC yifuza ibi nk’inguranye y’amabuye y’agaciro yemereye abashoramari b’Abanyamerika kugira ngo bayacukure, banayatunganye
Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yahakanye amakuru y’uko ‘TikTok’ yashyizeho uburyo bwo kwinjiza amafaranga ku bashyira amakuru kuri TikTok bari mu Rwanda bizwi nka ’monétisation
Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yahakanye amakuru y’uko ‘TikTok’ yashyizeho uburyo bwo kwinjiza amafaranga ku bashyira amakuru kuri TikTok bari mu Rwanda, bizwi nka ’monétisation’. Abakoresha imbuga nkoranyambaga bari bamaze iminsi bagaragaza ibyishimo by’uko urubuga rwa TikTok rwaba rwamaze gufungura
Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Amb. Mukantabana Mathilde yagaragaje ko urupfu rwa Rev Jesse Jackson ari igihombo gikomeye
Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Amb. Mukantabana Mathilde, yagaragaje ko urupfu rwa Rev. Jesse Jackson ari igihombo gikomeye kuko yaharaniye uburenganzira bw’ikiremwamuntu, by’umwihariko akaba yari inshuti nziza y’u Rwanda. Urupfu rwa Rev. Jesse Jackson rwamenyekanye ku wa 17 Gashyantare
Imirwano ikaze izindukiye mu gace ka Point Zero hagati ya Twirwaneho na Fardc
Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe, Fizi na Mwenga, aravuga ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18/02/2026, hazindukiye imirwano ikaze mu nkengero za centre ya Point Zero, ahari guhangana umutwe wa MRDP-Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya
Ambasade y’Ubufaransa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje ko ingabo zabo ziri muri iki gihugu
Mu cyumweru gishize abasirikare b’igihugu cy’Ubufaransa bagaragaye mu ntara ya Tshopo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku kibuga cy’indege cya Kisangani aho batozaga igisirikare cya Fardc. Perezida Tshisekedi amaze igihe yiruka amahanga asaba inkunga ya gisirikare aho baza kumufasha guhangana n’ihuriro rya
Perezida Joseph Kabila yarokotse ubwicanyi muri Ethiopie
Uwahoze ari perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Kabila Joseph yarokotse ubwicanyi bwari bwateguwe n’uwamusimbuye perezida Felix Tshisekedi akaba yaburokokeye mu gihugu cya Ethiopie aho yari yagiye guhura na bagenzi be bo mu Ihuriro aherutse gushinga ryitwa Souvons le RDC. Amakuru dukesha
Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi ryamushinje kubangamira agahenge
huriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ryamushnje kubangamira agahenge yohereza indege za drone kurasa mu bice bigenzurwa niri huriro. Umuvugizi wa Afc/m23 bwana Lawrence Kanyuka mu itangazo yasoye kuwa 16 Gashyantare 2026 yashinje ingabo zirwana k’uruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa ko
FARDC yahakanye ko Twirwaneho ko atariyo iri kugenzura point zero
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 15 Gashyantare 2026, Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyemeje ko ibirindiro bya Point Zero no mu turere tuyikikije, muri Teritwari ya Fizi, Intara ya Kivu y’Amajyepfo, bikiri mu maboko yabo. FARDC yahakanye amakuru yari akomeje
Abanyamulenge bareze leta y’U Burundi mu nkiko
Umuryango w’Abanyamulenge batuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) watanze ikirego mu Rukiko rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACJ), usaba kurenganurwa ku byaha bivugwa ko byakozwe n’ingabo z’u Burundi mu gace ka Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni ikirego cyatanzwe