CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda
CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda Mu minsi ya vuba, ubutumwa bwa Citizen of Africa kuri Twitter bwatangaje ko hari amakuru yihutirwa asaba abaturage kwitonda: ko umutwe wa CNDD-FDD uri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda, ko mu gace ka Mabayi ku mupaka
Abayobozi b’igisirikare cy’u Rwanda(RDF) n’icya Uganda (UPDF) bakorera ku mupaka bahuriye Kabale
Inama ya gatandatu y’abayobozi b’ingabo zikorera hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda ihuza ’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Uganda (UPDF) kuri uyu wa Kabiri yafunguwe ku mugaragaro mu Mujyi wa Kabale, muri Uganda; kugirango baganire kandi bakemure ibibazo by’umutekano byambukiranya imipaka. Iyi
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe, nyuma yo kutumvikana kw’abagize Sena ku mushinga w’ingengo y’imari nshya. Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ukwakira 2025 nibwo Guverinoma ya Amerika yafashe umwanzuro wo kwinjira muri ibi bihe bidasanzwe,
umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines
umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines wica abantu 69, ukomeretse abarenga 150, mu gihe abandi benshi bagishakishwa. Uyu mutingito wibasiye Amajyepfo ya Phillipines mu Ntara ya Cebu mu masaha y’ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki 30 Nzeri 2025. Inzego
Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America
Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America mu biganiro bya nyuma bigamije imikoranire mu by’ubukungu. Byatangajwe na Massad Boulos, Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bijyanye na Afurika, mu butumwa yatanze mu
Umunyarwanda wari usanzwe ari rwiyemezamirimo yaguye muri RDC
Umunyarwanda Rutayisire Vianney wari usanzwe ari rwiyemezamirimo, biravugwa yapfiriye mu maboko y’Urwego Rushinzwe Ubutasi bwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DEMIAP). Mu Ugushyingo 2022 ni bwo Rutayisire yari yatawe muri yombi n’inzego z’ubutasi za RDC zimujyana i Kinshasa zimushinja gukorana n’umutwe
Ingabo zifasha fardc kurwanya afc/m23 zarahiriye kwisubiza Nzibira ku mbaraga
Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’abarwanyi b’imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo, batangije ibitero byiswe ibyo kwisubiza umujyi muto wa Nzibira wigaruriwe na AFC/M23. Iri huriro ryatangije ibi bitero ku wa Mbere tariki ya 30 Nzeri, nyuma y’icyumweru
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri?
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri? Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi akomeje kuzamura impungenge zikomeye mu baturage ndetse no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu. Nyuma y’igihe kitari gito umusesenguzi wari warahungiye
Afc/m23 yatangiye kwikangwa mu mujyi wa Kisangani
Mu mujyi wa Kisangani ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Tshopo, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangiye gukangurira abawuturiye kwitandukanya n’icyengezamatwara ry’ihuriro rya AFC/M23/MRDP rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu cyabo. Umwe mubayobozi ba FARDC, witwa General Batambombi ushyinzwe gukangurira abantu gukunda
MINUBUMWE yavugutiye umuti abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bitwikiriye imbuga nkoranyambaga
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko Guverinoma iri gukora uko ishoboye mu biganiro bigamije kuganira n’ibigo bifite mu nshingano imbuga nkoranyambaga kuko zinyuzwaho amagambo yo guhakana akanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo ababikora bahanwe. Ibi bikorwa bigiye gutangira mu gihe