Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
Ku nshuro ya mbere mu mateka: u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga Mu gihe ibihugu byinshi byo mu karere byamaze kugira ubukungu bushingiye ku mabuye y’agaciro, u Burundi bwanditse amateka mashya ku wa 10 Ukwakira 2025, ubwo bwoherezaga toni 260 z’amabuye y’agaciro
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda Mu gihe intara z’Amajyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kuba ahantu h’imvururu n’imirwano ishingiye ku mitwe yitwaje intwaro, Igisirikare cya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida Dina Boluarte, kubera ubwicanyi n’ibyaha bikomeje guhitana ubuzima bw’abantu muri icyo gihugu. Perezida Dina, utarigeze yerekwa urukundo n’abo ayobora kuko akunzwe hagati ya 2-4%, yegujwe mu ijoro ryakeye ryo ku wa 09
Perezida Sénégal Bassirou Diomaye Faye ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi
Perezida Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi. Urugendo rwe mu Rwanda biteganyijwe ko ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ko ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame. Iby’urwo ruzinduko byemejwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri muri Sénégal, ku
Mai Mai Shikito na FARDC byaraye birasaniye muri santere ya Kamituga
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo rishyigikiwe na Leta byaraye birasaniye muri santere ya Kamituga iherereye muri teritwari ya Mwenga, intara ya Kivu y’Amajyepfo. Urusaku rw’amasasu menshi y’imbunda nto n’inini rwumvikanye mu masaa tanu y’ijoro muri iyi santere
Aba-Rayons baguriwe amatike yo kureba umukino w’Amavubi na Bénin
Mu rwego rwo gushyigikira ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rayon Sports na APR FC zisanzwe ari abakeba, zaguriye amatike abafana bazo n’ab’Amavubi bifuza kuzaza kuyashyigikira ejo kuri Stade Amahoro. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025 kuri Stade Amahoro Saa Kumi n’Ebyiri z’Umugoroba,
Abarwanyi ba Wazalendo bishe umusirikare wa Fardc mri Kamituga
Mu mujyi wa Kamituga uherereye muri teritwari ya Mwenga wabaye isibaniro ry’imirwano hagati ya Wazalendo na Fardc ,aho abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo barasanye bikomeye na Fardc uyu mutwe ukaba waje no kwica urashe umusirikare wa Fardc witywa kapiteni Kangela Kaleba Moise wari komanda
GĂ©nĂ©ral Bunyoni yinjijwe ibitaro bikuru bya Gitega arinzwe cyane n’igisirikare cy’u Burundi
Radio RPA ikorera mu gihugu cy’u Burundi kuri murandasi kuko yahagaritswe mu mwaka wa 2015 yatangaje ko Bunyoni yajyanywe mu bitaro uno munsi saa tanu n’igice. Iyi Radio ivuga ko yagiye aherekejwe n’imodoka umunani, zirimwo iz’abakozi b’iperereza, abashinzwe umutekano n’abacunga ibiro by’umukuru
Nyamasheke: Hagiye kubakwa hoteli zirenga 10
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke yatangaje ko mu mezi atanu ashize, aka karere kabonye igishushanyo mbonera, kamaze kwakira abashoramari barenga 10 bashaka kubaka hoteli.Yabitangaje ubwo yari yitabiriye ibirori byo guha impamyabumenyi abanyeshuri barenga 80 barangije amasomo ya serivisi za hoteli atangwa n’Ikigo Sangira Talent
Madamu Ingabire Marie Immaculée yitabye Imana azize uburwayi
Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w’Umuryango urwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, azize uburwayi yari amaranye igihe. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 09 Ukwakira 2025, atangajwe