Raila Odinga, umunyapolitike uzwi cyane muri Kenya no mu karere, yapfuye ku myaka 80
Raila Odinga, umunyapolitike uzwi cyane muri Kenya no mu karere, yapfuye ku myaka 80 Nairobi, 15 Ukwakira 2025 Raila Amolo Odinga, umwe mu banyapolitike bakomeye Kenya yagize mu kinyejana cya 20 n’icya 21, yapfiriye mu gihugu cy’u Buhinde aho yari yajyanwe kwitabwaho n’abaganga,
Umuyobozi wa Green party Dr Frank Habineza yatorewe kuba umusenateri
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Dr. Frank Habineza na Perezida wa PSP, Nkubana Alphonse, batowe nk’abasenateri bashya mu nama rusange idasanzwe ya NFPO yabereye i Kigali.Nibemezwa n’urukiko rw’ikirenga, bazasimbura abasenateri Alexis Mugisha na Clotilde Mukakarangwa, manda yabo izarangira ku
Rubavu:green party yahuguye abarwanashyaka bayo muri kano karere
Mu kiganiro komiseri mukuru muri GreenParty Hon. Alexis Mugisha yagejeje ku barwanya shyaka ba Green party mu karere ka Rubavu yabibukije amavu n’amavuko y’ishyaka ndetse abasobanurora impamvu nyamukuru yatumye iri shyaka rihitamo kuba iritavuga rumwe n’ubutegetsi.Avuga ko ibi Byose bikorwa hatangwa ibitekerezo byunganira
Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha?
Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha? Nyuma y’ibyumweru bibiri gusa urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) rufashe icyemezo cyatangaje benshi, aho rwakatiye urwo gupfa Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, inkuru nshya ikomeje gutangaza isi yose. Uwo wahoze ari
Perezida wa sena y’u Rwanda Dr.Francois Xavier Kalinda yagiranye ibiganiro n’umunyamabanga wa IPU
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda, ari kumwe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi (Inter-Parliamentary Union – IPU), Martin Chungong. Martin Chungong ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, aho yageze
Perezida wa Madagascar yavuze ko yahungiye ahantu hizewe
Perezida uri mu bibazo wa Madagascar Andry Rajoelina yavuze ko ubu yihishe “ahantu hatekanye” nyuma y’igerageza ryo kumwica, nyuma y’ibyumweru bishize haba imyigaragambyo y’abasaba ko yegura. Mu ijambo yavuze imbona nkubone yagejeje ku baturage arinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, Rajoelina, w’imyaka 51,
Nta mpamvu yo kulindira ko apfa kuko turi mu biganiro/Dr Balinda Oscar uvugra afc/m23
Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere “ku gahenge karambye” kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar. Dr Oscar Balinda yari abajijwe ku biherutse gutangazwa na Perezida Félix Tshisekedi ari
U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie
U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie Mu mateka mashya y’imyitozo n’ubunyamwuga mu gisirikare, u Rwanda rwongeye kugaragaza ko ari igihugu cyubatse ingabo zifite ubumenyi buhanitse, nyuma y’uko Ingabo z’u Rwanda zidasanzwe (RDF Special Forces)
Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga
Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga Mu gihe isi ikomeje gushakisha uburyo bwo kubungabunga ibidukikije no kugabanya imyanda ituruka mu bikorwa by’abantu, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hatangiye gukwirakwira uburyo bushya bwo gushyingura abantu bapfuye butari busanzwe. Ubu buryo bwiswe
Perezida wa FERWAFA yateguje igisubizo cyo gutsindwa kw’Amavubi
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice yateguje igisubizo cyo gutsindwa ku ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, avuga ko bagiye gushyira imbaraga nyinshi cyane mu bakiri bato.Amavubi arimo arabarizwa muri Afurika y’Epfo aho yagiye gukina n’iyi kipe y’igihugu mu mukino usoza