Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État

Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État

Oct 20, 2025

Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaburiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, ko ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cyo kwica uwahoze ari Perezida Joseph Kabila rishobora gutera

Read More
Afurika y’Epfo:Ntabwo dukeneye kuyoborwa n’umukire/Motsepe

Afurika y’Epfo:Ntabwo dukeneye kuyoborwa n’umukire/Motsepe

Oct 20, 2025

Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), Patrice Motsepe, yamaganye ibyari biherutswe gutangazwa ko ashaka guhatanira kuyobora Afurika y’Epfo, avuga ko icyo gihugu kidakeneye kuyoborwa n’umukire. Ni nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari amakuru yavuze ko uwo muherwe, afite gahunda yo gusimbura

Read More
Pretoria:Ramaphosa yabwiye Tshisekedi ko ashobora guhirikwa k’ubutegetsi na Kabila

Pretoria:Ramaphosa yabwiye Tshisekedi ko ashobora guhirikwa k’ubutegetsi na Kabila

Oct 20, 2025

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Sunday Times, Ramaphosa yabwiye Perezida Félix Tshisekedi ko gushyira

Read More
Tanzania:Utavugarumwe n’ubutegetsi wari wagiye muri Kenya yafunzwe

Tanzania:Utavugarumwe n’ubutegetsi wari wagiye muri Kenya yafunzwe

Oct 20, 2025

Abanya-Kenya bakomeje kuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwinjira muri Tanzania ari ikivunge bakabohoza Umuyobozi wungrije w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, wari wangiwe kwinjira muri Kenya. Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryari ryatangaje ku wa Gatandatu ko Umuyobozi wungirije waryo,

Read More
Umuraperi French Montana yireguye ku cyaha ashinjwa cyo kwiba isaha ya Miliyoni $1

Umuraperi French Montana yireguye ku cyaha ashinjwa cyo kwiba isaha ya Miliyoni $1

Oct 18, 2025

Umuraperi French Montana yahakanye iby’uko yaba yaribye isaha ifite agaciro ka Miliyoni $1 [1,455,600,000 Frw], nyuma y’uko abagabo babiri bo mu Busuwisi bamureze mu rukiko.Abo bagabo, Justo Obiang na Samir Gato, bavuga ko bahuye na French Montana mu 2015 ubwo yari mu gitaramo

Read More
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal

Oct 18, 2025

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Faye yageze mu Rwanda ku wa Gatanu nabwo yakirwa na Kagame ku

Read More
Valens Uwineza yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RALGA

Valens Uwineza yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RALGA

Oct 17, 2025

Valens Uwineza yagizwe Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rihuza Inzego z’Ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA) asimbuye Dominique Habimana uherutse kugirwa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu.Yemejwe mu Nama y’Inteko Rusange idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Ukwakira 2025, hifashishijwe ikoranabuhanga.   Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique

Read More
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahanuye abanyeshuri 9000 ba UR basoje amasomo

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahanuye abanyeshuri 9000 ba UR basoje amasomo

Oct 17, 2025

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye abasoje Kaminuza y’u Rwanda (UR) mu byiciro bitandukanye gukomera ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda mu byo bakora byose kugira ngo bazabashe kugera ku nzozi zabo. Ni impanuro yahaye abagera ku 9526 basoje amasomo yabo muri Kaminuza y’u Rwanda

Read More
Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo

Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo

Oct 17, 2025

Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo Umunyarwanda Sadate Munyakazi, uzwi nk’umwe mu bantu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu buryo butavugwaho rumwe, ndetse uzwi cyane nk’umuntu ukunze kuvuga ibintu atitaye ku ngaruka zabyo, yongeye guteza impagarara nyuma yo gutangaza amagambo

Read More
Kinshasa amabandi yitwaje intwaro yateye banki afata bugwate abakozi bayo n’abakiliya

Kinshasa amabandi yitwaje intwaro yateye banki afata bugwate abakozi bayo n’abakiliya

Oct 17, 2025

Amabandi yitwaje intwaro yagabye igitero cy’ubujura kuri Banki iri mu gace kamwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bituma habaho gukozanyaho hagati y’aya mabandi na polisi. Iki gitero cyabaye hagati saa tatu n’igice na saa yine zo kuri uyu wa Kane

Read More