Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État
Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaburiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, ko ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cyo kwica uwahoze ari Perezida Joseph Kabila rishobora gutera
Afurika y’Epfo:Ntabwo dukeneye kuyoborwa n’umukire/Motsepe
Perezida w’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), Patrice Motsepe, yamaganye ibyari biherutswe gutangazwa ko ashaka guhatanira kuyobora Afurika y’Epfo, avuga ko icyo gihugu kidakeneye kuyoborwa n’umukire. Ni nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari amakuru yavuze ko uwo muherwe, afite gahunda yo gusimbura
Pretoria:Ramaphosa yabwiye Tshisekedi ko ashobora guhirikwa k’ubutegetsi na Kabila
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Sunday Times, Ramaphosa yabwiye Perezida Félix Tshisekedi ko gushyira
Tanzania:Utavugarumwe n’ubutegetsi wari wagiye muri Kenya yafunzwe
Abanya-Kenya bakomeje kuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwinjira muri Tanzania ari ikivunge bakabohoza Umuyobozi wungrije w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, wari wangiwe kwinjira muri Kenya. Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryari ryatangaje ku wa Gatandatu ko Umuyobozi wungirije waryo,
Umuraperi French Montana yireguye ku cyaha ashinjwa cyo kwiba isaha ya Miliyoni $1
Umuraperi French Montana yahakanye iby’uko yaba yaribye isaha ifite agaciro ka Miliyoni $1 [1,455,600,000 Frw], nyuma y’uko abagabo babiri bo mu Busuwisi bamureze mu rukiko.Abo bagabo, Justo Obiang na Samir Gato, bavuga ko bahuye na French Montana mu 2015 ubwo yari mu gitaramo
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Faye wa Sénégal
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Faye yageze mu Rwanda ku wa Gatanu nabwo yakirwa na Kagame ku
Valens Uwineza yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RALGA
Valens Uwineza yagizwe Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rihuza Inzego z’Ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA) asimbuye Dominique Habimana uherutse kugirwa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu.Yemejwe mu Nama y’Inteko Rusange idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Ukwakira 2025, hifashishijwe ikoranabuhanga. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahanuye abanyeshuri 9000 ba UR basoje amasomo
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye abasoje Kaminuza y’u Rwanda (UR) mu byiciro bitandukanye gukomera ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda mu byo bakora byose kugira ngo bazabashe kugera ku nzozi zabo. Ni impanuro yahaye abagera ku 9526 basoje amasomo yabo muri Kaminuza y’u Rwanda
Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo
Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo Umunyarwanda Sadate Munyakazi, uzwi nk’umwe mu bantu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu buryo butavugwaho rumwe, ndetse uzwi cyane nk’umuntu ukunze kuvuga ibintu atitaye ku ngaruka zabyo, yongeye guteza impagarara nyuma yo gutangaza amagambo
Kinshasa amabandi yitwaje intwaro yateye banki afata bugwate abakozi bayo n’abakiliya
Amabandi yitwaje intwaro yagabye igitero cy’ubujura kuri Banki iri mu gace kamwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bituma habaho gukozanyaho hagati y’aya mabandi na polisi. Iki gitero cyabaye hagati saa tatu n’igice na saa yine zo kuri uyu wa Kane