RDC/GOMA: Urubyiruko rwo mu mujyi wa Goma rusabye Joseph Kabila ibintu bitoroshye.
Urubyiruko ruhagarariye urundi rw’abanyecongo rutuye mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwahuye n’uwari perezida wa repubulika...
Read MoreUmuhanzi Asinah yerekeje mu nkiko kubera inkoni
Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Asinah, umwe mu bagore bamenyekanye mu myidagaduro nyarwanda, ari mu rugamba rwo gushaka ubutabera nyuma y’uko yakubiswe...
Read MoreUmukozi wa British Airways wambaye ubusa mu ndege ari mu.mazi abira
Umugabo w’imyaka 41, ukorera sosiyete y’indege ya British Airways, yafashwe n’inzego z’umutekano akigera ku kibuga cy’indege i Londres, nyuma yo...
Read MoreRDC:Ihuriro rya afc/m23 ryamaganye ubugizi bwa nabi bukomeje gukorwa na Kinshasa.
Ihuriro riryanya ubutegetsi bwa repubulika ya demokarasi ya Congo (afc/m23)ryatangaje ko rikomeje kwamagana ibitero bikorwa na leta ya Kinshasa...
Read MoreRDC:samidrc yongeye gucyura ibikoresho n’abasirikare bayo bari muri Goma.
Ingabo za SADC zari zaraje m’ubutumwa bwa SAMIDRC m’uburasirazuba bwa Rdc mu mujyi wa Goma guhangana n’ingabo z’umutwe wa m23 zongeye gucyura intwaro...
Read MoreRDC:Icyo tuzahemba umugambanyi ni ukwicwa mubimenye/Gen Ephraim Kabi.
Mu cyumweru gishizi Gen Ephraim Kabi yabwiye abasirikare barinda Perezida Felix Tshisekedi ko igihembo cy’umugambanyi ari ukwicwa,ibyo yabivuze mu...
Read MoreDRC:Jenerali Banywesize yateje impaka hagati ya leta n’imiryango yigenga
Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ONGDH), ryasohoye itangazo ryerekana impungenge zishingiye ku...
Read MoreUko byifashe mu rubanza rwa P.Didiy uremerewe n’ibiyaga
Sean Combs, uzwi cyane ku izina rya P. Diddy, umwe mu bahanzi, abatunganya umuziki n’abanyemari b’ibyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari...
Read MoreRaila Odinga yongeye guteza impaka kuri leta ya Nairobi
Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yasabye Perezida w’iki gihugu gusubiza icyubahiro no gutanga indishyi y’akababaro ku miryango...
Read MoreGicumbi: Ibisambo byafatiwe ingamba zishobora kubica burundu
Abaturage batuye mu tugari two mu nkengero z’Umujyi wa Byumba, mu Karere ka Gicumbi, batangaza ko bishimiye gahunda nshya yo gushyiraho irondo...
Read More