Imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame
Uyu munsi, ni isabukuru y’imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk’amahirwe akomeye ndetse n’umugisha ku bwo kugira umuyobozi w’umuhanga kandi ukunda Igihugu n’abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y’abaturage ndetse n’isura nziza y’Igihugu. Umunsi nk’uyu mu mwaka wa
Inama mpuzamahanga y’abagaba bakuru b’ingabo yariteraniye kigali yasojwe
Inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ibiri ibera i Kigali yahuje abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka, yasoje ibiganiro by’ingirakamaro byakanguriye abayobozi b’Afurika kugira uruhare rugaragara n’ubufatanye mu guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano bikibangamiye iterambere ry’umugabane.Yasojwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda. Iyi
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe ibyaha bya Jenoside guhanishwa igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu. Munyemana w’imyaka 70, yari amaze ibyumweru bitandatu aburana ubujurire ku gifungo cy’imyaka 24, urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwamukatiye mu Kuboza 2023. Imbere y’abari baje kwumvira urubanza
Nizeyuhoraho ukurikiranyweho gucuruza ‘Ethanol’ mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari guhigishwa uruhindu
Nizeyuhoraho Pierre, Umuyobozi wa ‘NI & P Company Ltd’ yari isanzwe itumiza ikinyabutabire cya ‘Ethanol’ yifashishwa mu kwenga inzoga, yamaze gutoroka ubutabera nyuma y’uko amenye ko ari gushakishwa akurikiranyweho kuyicuruza binyuranye n’amategeko. Ubwo hamurikwaga ibyavuye muri ‘Operation Usalama’ igamije kurwanya ubucuruzi butemewe, yahuriweho
Ibitero bya drone bikoswe na fardc bikomeje kwibasira ibice bigenzurwa na Afc/m23
Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’impande zigifasha, rukomeje kurenga ku gahenge kemejwe, rukarasa rukoresheje intwaro zikomeye zirimo indege z’intambara, aho rwarashe mu bice binyuranye byo muri Masisi na Walikare. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa
Uganda umunsi uzaberaho amatora ya perezida n’abadepite wamenyekanye
komisiyo y’amatora muri Uganda yatangaje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, azaba ku wa 15 Mutarama 2026. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 21 Ukwakira 2025, nyuma y’aho byari bisanzwe bizwi ko aya matora azaba muri Mutarama 2026, ariko hataratangazwa itariki. Kugeza
Menya amateka ya Fred Gisa Rwigema
Fred Gisa Rwigema yavutse ku itariki 10 Mata 1957, avukira ahahoze ari muri perefegitura ya Gitarama mu Majyepfo y’u Rwanda, ubu ni mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyamiyaga. Mu 1960, we n’ababyeyi be bahungiye muri Uganda bajya mu nkambi ya Nshungerezi,
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya MWC2025 uburyo u Rwanda rukataje mu kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe nta gikozwe mu kuziba ibyuho biri muri Afurika ku bijyanye no guhuza abantu no kwimakaza ikoranabuhanga, hazakomeza kubaho ubusumbane hagati y’uyu mugabane n’ibindi bice by’Isi. Yabigarutseho kuri uyu wa 21 Ukwakira 2025 ubwo yatangizaga Inama mpuzamahanga
Theo Bosebabireba yahawe Miliyoni 1 Frw yo kwifashisha mu burwayi bw’umugore we
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba, yahawe Miliyoni 1 Frw n’Itorero riyoborwa na Bishop Prof. Fidèle Masengo mu rwego rwo kumufasha mu burwayi bw’umugore. Uramutse ukurikira ibitangazamakuru bitandukanye ntabwo wabura kuba uzi ko Theo Bosebabireba afite ikibazo kimukomereye aho umugore we Mushimyimana Marie
Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y’igihugu, rwafashe Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga. Itabwa muri yombi rye, ryamenyekanye mu gitondo cyo kuwa Kabiri tariki ya 21 Ukwakira 2025,