Umusirikare mukuru mu ngabo za Uganda yasabye aba Tanzania guhirika ubutegetsi bwa Samia Suluhu
Gen. (Rtd) David Sejusa wo mu gihugu cya Uganda, yasabye aba Tanzaniya gukora iyo bwabaga bagahirika ingoma ya Madam Samiya Suluhu Hassan uherutse gutorerwa kuyobora icyo gihugu cya Tanzaniya, ndetse no ku munsi w’ejhashize akaba yararahiye nyuma yo kwemezwa na komisiyo y’amatora NEC.
Perezida Samia Suluhu yarahiriye kuba perezida wa Tanzania mu muhezo
Ntangaje ko Samia Suluhu Hassan ari we mukuru w’igihugu watorewe kuyobora Repubulika yaTanzania avuye mu mu ishyaka CCM,” byavuzwe n’umukuru wa INEC, Jacobs Mwambegele, mu gitondo cyo ku wa gatandatu, tariki ya 01/11/2025. Ayo magambo ashobora gusa nk’asanzwe kuri wowe, ariko ni yo
Abarwanashyaka ba green party muri Rusizi bibukijwe amahame n’ingengabitekerezo bibagenga
Komiseri mukuru muri greenParty hon Alexis Mugisha mu kiganiro yaganirije abarwanashyaka ba green Party y’ibanze kwibutsa abarwanashyaka inshingano zabo mu kubaka ishyaka mu nzego zose z’igihugu,agaruka cyane ku mahame y’ishyaka n’ingengabitekerezo y’ishyaka kugira ngo abarwanashyaka bose bajye babasha kuyisobanura mu buryo bumwe,agaruka ku
Perezida Samia Suluhu yatsinze amatora ya Perezida ku majwi hafi 98%
Komisiyo y’amatora muri Tanzania yatangaje ko Samia Suluhu Hassan, wari usanzwe ari Perezida, ari we watsinze amatora ya perezida yabaye ku wa gatatu, n’amajwi hafi 98%. Komisiyo y’amatora itangaje ibi mu gihe hari ubwoba ko abantu babarirwa mu magana bapfiriye mu mvururu zabaye
Tanzania abigaragambya bateye station ya Police basahura imyenda yaba police barayambara
Imyigaragambyo ikomeje gufata intera iteye ubwoba mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yakomeza kubayobora; ibyari imyigaragambyo byahindutse ubujura, ni mu gihe abayirimo bagaragaje ubujura budasanzwe. Uyu n’umunsi wa gatatu, imyigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu bice
Abantu 816 bamaze kugwa mu myigaragambyo muri Tanzania
Imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Tanzania ,uburakari bwiyongereye ku wa kane nyuma y’uko komisiyo y’igihugu y’amatora itangiye gutangaza ibyavuye mu matora, aho Samia yabonye hafi 95% by’amajwi mu ntara ya Mbeya iri mu majyepfo y’uburengerazuba. Umunsi w’amatora waranzwe n’imvururu hagati y’abashyigikiye abatavuga
Igisirikare cya Tanzania nticyumviswe n’abigaragambya
Ni umunsi wa gatatu w’imyigaragambyo ku banya-Tanzania, bigabije imihanda bamagana amatora y’umukuru w’igihugu , banze kumva ibyo basabwe n’ubuyobozi bw’ingabo muri Tanzania busaba ko ihagarara. Abigaragambya biganjemo urubyiruko bavuga ko amatora yabaye atanyuze mu mucyo kuko abanyapolitiki benshi batavuga rumwe n’ubutegetsi bafunzwe abandi
Abaturage ba Nyamasheke muri abingenzi muri Green Party kuko mudahwema kudushyigikira/hon Mugisha Alexis
Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryakomeje ibikorwa byo guhugura abarwanashyaka baryo mu karere ka Nyamasheke ,aho banatoye abayobozi bahagararira iri shyaka mu nzego zitandukanye. Mu gutangiza inama n’amahugurwa yiri shyaka umuyobozi w’intara y’iburengerazuba muri iri shyaka bwana Ntihanuwayo Modeste yashimye
U Rwanda ntirwemeranya na Perezida Macron ku ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ikibuga cy’indege cya Goma cyidakwiye gufungurwa hadashingiwe ku biganiro bya Doha biri hagati ya leta ya Kinshasa n’ihuriro rya Afc m23 rirwanya ubu butegetsi. Macron yatangaje ko kiriya kibuga cy’indege kigiye gufungurwa ku wa Kane tariki ya 30
Goma:Ihuriro Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ntirikozwa ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma
Inama yabereye mu Bufaransa igamije kuvuga ku mahoro muri Congo Kinshasa yasabye ko ikibuga cy’ingede cy’i Goma, mu burasirazuba bwa Congo cyafungurwa, ibyo AFC/M23 ikigenzura ibona ko bidashoboka. Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 yavuze ko batarebwa n’ubusabe bwo gufungura ikibuga cy’indege cy’i Goma. Kuri