Perezida Kagame Paul yahanuye urubyiruko ko rudashobora kubaka igihugu rutabanje kwiyubaka ubwarwo
Mu birori bisoza umwaka, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahanuye urubuiruko rw’u Rwanda arwibutsa ko rudashobora kubaka Igihugu rudahereye ku kubanza kwiyubaka ubwarwo. Ibirori bisoza umwaka byabereye muri Kigali Convention Centre ku mugoroba wo ku wa Mbere, byitabiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’Igihugu
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yahagaritse mu mirimo umuvugizi w’igisirikare Général-major Sylvain Ekenge
Ibiro ntaramakuru bya Congo (ACP) byatangaje ko kuri uyu wa mbere Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yahagaritse mu mirimo umuvugizi w’igisirikare Général-major Sylvain Ekenge, kubera amagambo y’ivangura yavuze ku bwoko bw’abatutsi. ACP hamwe n’ikinyamakuru Le Potentiel bisubiramo umusirikare mukuru abimenyesha ko
Uburasirazuba bwa RDC bukomeje kuba isibaniro ry’imirwano n’amakimbirane
Guhera kuwa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2025 urufaya rw’amasasu rwumvikanaga mu bice bya Mamau guhera mu masaha ya ssa tanu z’amanywa ,aho igisirikare cya leta ya Kongo (FADRC)cyari gihanganye bikomeye n’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo m’uburasirazuba bwa Biakato muri sheferi ya
Nyamagabe:ishyaka rya greenParty ryahuguye abarwanashyaka baryo muri aka karere
Uyu munsi kuwa 28 Ukuboza 2025 ,ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryasoje guhugura abarwanashyaka baryo bo mu ntara y’Amajyepfo aho basoreje aya mahugurwa mu karere ka Nyamagabe. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo ubuyobozi bwa rino shyaka bwatangiriye mu karere ka
Rubavu:hatashye inzu yubatswe nabahoze mu bucuruzi bw’ubuzunguzayi
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Sebahizi Prudence ari kumwe na guverineri w’intara y’Iburengerazuba n’abayobozi batandukanye mu nzego za leta n’izabikorera batashye inyubabo y’ubucuruzi ifite agaciro ka Miliyoni 450Frw yubatswe n’abahoze ari abazunguzayi mu Karere ka Rubavu nyuma yo kwishyira hamwe bagashinga Koperative Unama Ukore Gisenyi.
UKO UBUKORONI BWATSINZE U RWANDA
Abakoroni bari bafite intwaro zikomeye cyane; imbunda n’imizinga, naho Abanyarwanda bafite amacumu n’imyambi gusa , abakoroni babarushije amaboko. Icyo gihe abakoroni binjira mu Rwanda hari amakimbirane hagati y’abana b’umwami Rwabugiri; ingabo za Musinga ahagarariwe na Nyina Kanjogera ( kuko Musinga yari umwana) zarwanye
Umutwe wa FDLR wateguje u Rwanda ko ugiye kurwotsa igitutu paka bawemereye ibiganiro
Mu gihe DRC ivuga ko yatangije ubukangurambaga busaba ko inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR kwitanga no gushyira intwaro hasi, hagamijwe ko basubizwa mu Rwanda bakanga bakazahatirwa gutaha ku gahato, ubu uyu mutwe wo uravuga ko uzirwanaho kugeza igihe Leta y’u Rwanda
Afc/m23 yongeye gushinja Fardc kugaba ibitero muri Masisi hakoreshejwe drone
Indege zitagira abadereva z’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero bivugwa ko byongeye kwibasira abasivili mu ijoro ryakeye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, Ihuriro rya AFC / M23 ryamaganye mu buryo bukomeye ibitero bya
Fardc yashinje ihuriro rya Afc/m23 kubagabaho urufaya rw’ibitero
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zashinje umutwe wa M23 gukaza ibitero ku birindiro byazo biri mu burasirazuba bwa Congo, mu gihe buri ruhande rushinja urundi kuba nyirabayazana yo kwica agahenge zumvikanye. Umuvugizi wa FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge mu itangazo
Tanzania abagize uruhare mu myigaragambyo bari gufungwa ariko abandi bari kwicwa buhoro buhoro
Muri Tanzania imibare y’abaguye mu myigaragambyo ikomeje kwiyongera. Abagize uruhare muri iyo myigaragambyo bari gufatwa bagafungwa. Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bafatanyije na CHADEMA, Ishyaka ritavuga rumwe na CCM babwiye AFP ko abantu 3000 aribo bamaze kugwa muri iyo myigaragambyo. Mu mijyi ya