RDF yohereje abasirikare mu gihugu cya Jamaica

RDF yohereje abasirikare mu gihugu cya Jamaica

Jan 15, 2026

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zohereje itsinda ry’abasirikare b’inzobere mu bwubatsi muri Jamaica, mu rwego rwo gufasha icyo gihugu gusana ibikorwa remezo byangijwe n’ibiza byatewe n’inkubi y’umuyaga wiswe ‘Hurricane Melissa’, wibasiye Jamaica mu mpera z’umwaka ushize ukangiza byinshi. Abo basirikare boherejwe muri icyo gihugu

Read More
Umusirikare wa Sandf yasobanuye uko Fardc yabagambaniye kuri afc/m23 mu mujyi wa Goma

Umusirikare wa Sandf yasobanuye uko Fardc yabagambaniye kuri afc/m23 mu mujyi wa Goma

Jan 15, 2026

Umwe mu basirikare bo mu ngabo za Afurika y’Epfo (SANDF) bari baroherejwe kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahishuye akaga we na bagenzi be bahuye na ko karimo kugambanirwa n’ingabo za RDC bari baragiye gufasha ku rugamba, bigatuma inyeshyamba za M23 zibatsinda.

Read More

Burundi/RDC:igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi gikomeje komoka Tanganyika ku bwinshi kujya guhangana na m23

Jan 14, 2026

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi muri Congo mu ibanga ,aba basirikare bakaba bari kunyuzwa mu mazi ahavugwa ko hamaze koherezwa amato 3 yuzuye abasirikare banyuze muri Tanganyika. Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera kohereza abasirikare benshi mu bice binyuranye muri Repubulika

Read More
Goma:Twamaze kugarura umutekano mu bice tugenzura/Maj Gen Sultan Makenga

Goma:Twamaze kugarura umutekano mu bice tugenzura/Maj Gen Sultan Makenga

Jan 13, 2026

Ku wa mbere, 12 Mutarama 2026, abayobozi barenga 800 b’abaturage baturutse mu turere tugenzurwa na AFC m23 twa Rutshuru, Lubero, Nyiragongo, Masisi, ndetse n’igice cya Walikale bitabiriye inama n’abayobozi bakuru ba AFC-M23 mu nzu ndangamurage ya Himbi, icyicaro cya guverinoma y’intara ya Kivu

Read More
Igisirikare cya Tanzaniya n’icy’Abarundi birukanye Wazalendo na Fardc muri Makobola mu gihe drone yarasaga Minembwe

Igisirikare cya Tanzaniya n’icy’Abarundi birukanye Wazalendo na Fardc muri Makobola mu gihe drone yarasaga Minembwe

Jan 13, 2026

Igisirikare cy’u Burundi ku bufatanye n’icya Tanzania hamwe n’abacancuro bari i Makobora basubije inyuma ingabo za FARDC n’abo mu mutwe wa Wazalendo. Ibi bikaba bigamije gutuma ari bo bajya ku murongo w’imbere muri gahunda yo kwisubiza umujyi wa Uvira. Byongeye kandi biravugwa ko

Read More
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bwayo kuva muri Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bwayo kuva muri Venezuela

Jan 12, 2026

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bwayo kuva muri Venezuela no kwigengesera mu gihe bakora ingendo mu mihanda. Ibi byatangajwe nyuma y’uko hari amakuru yatangajwe ko hari umutwe w’abantu bitwaje intwaro ukomeje guhigisha uruhindu abantu bafite ubwenegihugu bwa Leta Zunze

Read More
Masisi :umutwe wa afc/m23 bongeye gusakirana

Masisi :umutwe wa afc/m23 bongeye gusakirana

Jan 12, 2026

Abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bongeye gusakiranira mu mirwano n’abo mu ihuriro Wazalendo rirwana ku ruhande rwa Leta, mu gace ka Masisi. Ikinyamakuru Actualité cyo muri RDC cyatangaje ko imirwano yatangiye Saa Kumi n’Ebyiri za

Read More
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump kuri politiki ye yo gukomanyiriza ibihugu birimo ibya Afurika

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump kuri politiki ye yo gukomanyiriza ibihugu birimo ibya Afurika

Jan 12, 2026

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri politiki ye yo gukomanyiriza ibihugu birimo ibya Afurika, kurwanya abimukira no guhagarika inkunga, avuga ko bikwiye kuba isomo rikomeye ku Banya-Afurika bacyishingikiriza ku bufasha bw’amahanga. Ibyo

Read More
Ubuyobozi bwa Gambia bwatangaje ko bwafashe abimukira barenga 780 bari mu myiteguro yo guhunga bambuka Inyanja ya Atlantika berekeza i Burayi

Ubuyobozi bwa Gambia bwatangaje ko bwafashe abimukira barenga 780 bari mu myiteguro yo guhunga bambuka Inyanja ya Atlantika berekeza i Burayi

Jan 12, 2026

Ubuyobozi bwa Gambia bwatangaje ko bwafashe abimukira barenga 780 bari mu myiteguro yo guhunga bambuka Inyanja ya Atlantika berekeza i Burayi banyuze mu birwa bya Canary Islands biherereye muri Espagne hafi y’inkombe za Afurika y’Amajyaruguru. Amakuru ahari ni uko abo bimukira bafatiwe ahantu

Read More
Ingabo za leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye muri Syria

Ingabo za leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye muri Syria

Jan 11, 2026

Ingabo za leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye muri Syria bigamije kwihorera ku mutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIL) nkuko byatangajwe n’Ingabo za Amerika zishinzwe ibikorwa byo mu karere (US Central Command – CENTCOM). Ibyo bitero byagabwe ku itegeko rya Perezida

Read More