Rubavu:Urwego rw’igihugugu rushinzwe ubugenzacyaha rwasabye abaturage n’abayobozi gufatanya kurwanya icuruzwa ry’abantu

Rubavu:Urwego rw’igihugugu rushinzwe ubugenzacyaha rwasabye abaturage n’abayobozi gufatanya kurwanya icuruzwa ry’abantu

Mar 13, 2026

Urwego rw’igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) mu gikorwa cy’ubukangurambaga mu kurwanya no gukumira icyaha cy’icuruzwa ry’abantu rwakanguriye abaturage n’abayobozi batandukanye bo mu karere ka Rubavu gufatanya narwo kurwanya iki cyaha giteje inkeke Isi n’u Rwanda rudasigaye. Umugenzacyaha ushinzwe agashami ko gukumira no kugenza icyaha

Read More
Burundi:Ubutegetsi bwa CNDD FDD bwongeye gusubukura imyitozo y’abagamije gutera u Rwanda

Burundi:Ubutegetsi bwa CNDD FDD bwongeye gusubukura imyitozo y’abagamije gutera u Rwanda

Mar 13, 2026

Igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi cyongeye gusubukura imyitozo ihabwa abashaka kugaba ibitero ku Rwanda nkuko byatangajwe na bamwe mu mbonerakure zatorotse iyo myitozo. Imbonerakure zari zarahurijwe mu nkambi ya Ndava ziturutse muri Kivu y’Amajyepfo kurwana n’ingabo zihuriro rirwanya perezida Tshisekedi zvuga ko ziri mu

Read More
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyahakanye raporo ya komisiyo y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ikiramwamuntu ibashinja ibitero muri Sudan Y’Epfo

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyahakanye raporo ya komisiyo y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ikiramwamuntu ibashinja ibitero muri Sudan Y’Epfo

Mar 11, 2026

Igisirikare cya Uganda cyateye utwatsi raporo ya Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu igishinja kugaba ibitero bikomeye muri Sudani y’Epfo byatwaye ubuzima bw’abasivile benshi.   Iyi raporo yasohotse tariki ya 27 Gashyantare 2026 ivuga ko ingabo za Uganda n’iza Sudani y’Epfo zagabye ibitero

Read More
Goma igitero cya drone gihitanye umukozi w’umuryango w’abibumbye

Goma igitero cya drone gihitanye umukozi w’umuryango w’abibumbye

Mar 11, 2026

Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe, Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu mujyi wa Goma cyiciwemo abarimo umukozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF). Amakuru y’iki gitero yemejwe n’umutwe

Read More
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze mu gihugu cy’Ubufaransa mu nama

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze mu gihugu cy’Ubufaransa mu nama

Mar 10, 2026

Perezida w’u Rwanda ari mu bategetsi uyu munsi bari mu nama ya kabiri ijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za nikleyeri mu iterambere ku isi yatumijwe na Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa. Ibihugu bigera kuri 60 birahagarariwe muri iyi nama iri kubera i Boulogne-Billancourt hafi ya Paris,

Read More
Sudan abaturage 17 bahitanywe n’igitero cya drone cyagabwe mu isoko

Sudan abaturage 17 bahitanywe n’igitero cya drone cyagabwe mu isoko

Mar 9, 2026

Umutwe wa Sudan People’s Liberation Movement-North (SPLM-N) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu ku Cyumweru washinje Igisirikare cya Sudan gutera ibisasu mu bice ugenzura muri Kordofan y’Amajyepfo, bihitana byibuze abasivili 17 abandi benshi barakomereka mu gitero cyagabwe ku isoko. Uturere dukikije umujyi wa Dilling

Read More
Ifungwa ry’umupak wa Ruhwa rikomeje guteza akaga abaturage bawuturaniye

Ifungwa ry’umupak wa Ruhwa rikomeje guteza akaga abaturage bawuturaniye

Mar 6, 2026

Abarundi batuye muri Komine ya Cibitoke mu Ntara ya Bujumbura bararira ayo kwarika nyuma y’aho muri Gashyantare 2026 Leta y’u Burundi irenze ku isezerano yari yarabahaye ryo gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda. Tariki ya 2 Mutarama 2026, Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD riri ku

Read More
Monusco yashyiriweho umuyobozi mushya w’Umunyamerika

Monusco yashyiriweho umuyobozi mushya w’Umunyamerika

Mar 6, 2026

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagize Umunyamerika James Swan Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).   James Swan amaze imyaka myinshi akorera muri Afurika. Kuva mu 2001 kugeza mu 2004 yabaye Ambasaderi wungirije wa Amerika muri RDC,

Read More
Gen Maj Sultani Makenga yavuze ko RDC yashegeshwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi uyobora igihugu nk’akarima ke

Gen Maj Sultani Makenga yavuze ko RDC yashegeshwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi uyobora igihugu nk’akarima ke

Mar 4, 2026

Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23 Gen Maj Sultani Makenga yavuze ko RDC yashegeshwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi uyobora igihugu nk’akarima ke. Yavuze ko ingabo za AFC/M23 ziharanira kubohora igihugu, abaturage ntibakomeze kwicwa. Ati “Tshisekedi yakusanyije abajura bose n’abanyabyaha abaha intwaro kugira ngo bice abasivili

Read More
Ni RDC ikwiye gufatirwa ibihano kubera imyitwarire yabo

Ni RDC ikwiye gufatirwa ibihano kubera imyitwarire yabo

Mar 4, 2026

Alain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye igisirikare cyu Rwanda na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo ibihano, avuga ko ahubwo byari bikwiye gufatirwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu mugabo

Read More