Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe
Uvira: Wazalendo na FARDC mu mirwano yabaye hagati yabo, ubu bararebana ay’ingwe Umujyi wa Uvira n’icyaro cyawo byongera kuba indiri y’amarira n’amaraso nyuma y’imirwano ikomeye yahuje imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC). Nyuma y’amasasu yamaze amasaha ane ku
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 28 Nzeri 2025 Hari igihe amakimbirane y’imitwe yitwaje intwaro arushaho kugaragaza ko ubuzima bw’umuntu bushobora kugurwa n’ubusa. Mu mujyi wa Uvira, mu Burasirazuba bwa Kivu, haturutse inkuru idasanzwe ishimangira
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai Umugabo w’Umunya-Uganda witwa Charles Mwesigwa, uzwi ku izina rya Abbey, wamamaye mu makuru y’ubugenzuzi yakozwe n’ikinyamakuru BBC cyamushinje uruhare mu icuruzwa
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa y’Amagare, Thomas Voeckler, yemeje ko u Rwanda ari igihugu kitamworoheye kubona icyo yakinenga, nyuma y’iminsi we n’abakinnyi be bamaze bakiriye neza uko bakiriwe, bishimira uburyo bwo kubaho ndetse
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwafashe icyemezo cy’amateka ku wa 25 Nzeri 2025, ruhanisha uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Nicolas Sarkozy, igihano cyo gufungwa imyaka itanu ndetse
UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO
UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE KO KUNYWA INZOGA, KABONE N’UBWO WABA UNYWA NKEYA, BISHOBORA GUTERA IKIBAZO Mu gihe imyaka myinshi ishize byari bimenyerewe ko kunywa inzoga mu rugero bishobora kugira umumaro ku buzima bw’umuntu, cyane cyane ku bwonko, ubushakashatsi bushya bwasohowe n’Ikigo cy’Ubushakashatsi ku Buzima bwo
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA Umunya Australia Chapman Brodie ari mu bakinnyi b’ibyamamare batangiye guhamya ko imihanda ya Kigali izasiga amateka mu mikino y’amagare ku rwego rw’Isi. Nyuma yo gufasha ikipe ye gutwara umudali wa zahabu mu isiganwa rya Team
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko Albania impaka k’ubwenge bw’ubukorano (AI) bwagizwe minisitiri wo kurwanya ruswa Albania yongeye kuba ku isonga mu bikorwa bishya bya politiki n’ikoranabuhanga nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe, Edi Rama, atangaje ku wa 14 Nzeri 2025
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE Urukundo rwubakwa ku mibanire n’itumanaho. Ikiganiro hagati y’abakundana cyangwa abashakanye ni ryo rishimangira imbaraga, n’igihe urukundo rushobora kumara. Abantu benshi bibaza bati: “Ese abakundana baganira iki cyane mu buzima bwa buri munsi?” N’ubwo buri mubano wose