Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda Mu gihe intara z’Amajyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kuba ahantu h’imvururu n’imirwano ishingiye ku mitwe yitwaje intwaro, Igisirikare cya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo
Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya
Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya Bujumbura, umwuka utari usanzwe mu mujyi mukuru w’ubukungu w’u Burundi, aho indwara ya Cholera yongeye gutera inkeke ku buryo abayobozi bafashe ingamba zikomeye, zirimo kubuza abaturage guhana amaboko mu kuramukanya, guca ku mihanda batwaye
Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella”
Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella” UCI bisobanuye Union Cycliste Internationale, mu Kinyarwanda bivuga Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Imikino y’Amagare. Ni ryo shyirahamwe riyobora, ritegura kandi rigakurikirana ibikorwa byose by’amagare ku isi hose harimo Shampiyona y’Isi y’Amagare (UCI Road
Rubavu: Urupfu rw’umusore w’imyaka 27 wasanzwe mu mugozi muri Lodge
Rubavu: Urupfu rw’umusore w’imyaka 27 wasanzwe mu mugozi muri Lodge Mu masaha ya saa yine n’igice za mu gitondo ku wa gatandatu, tariki ya 4 Ukwakira 2025, abaturage bo mu Mudugudu wa Nyakabungo, Akagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu,
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye Mu mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubuzima bw’abasirikare bakuru akenshi buba bukurikiranirwa hafi n’abantu benshi
CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda
CNDD-FDD iri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda Mu minsi ya vuba, ubutumwa bwa Citizen of Africa kuri Twitter bwatangaje ko hari amakuru yihutirwa asaba abaturage kwitonda: ko umutwe wa CNDD-FDD uri kwitegura kugaba igitero ku Rwanda, ko mu gace ka Mabayi ku mupaka
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri?
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri? Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi akomeje kuzamura impungenge zikomeye mu baturage ndetse no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu. Nyuma y’igihe kitari gito umusesenguzi wari warahungiye
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare Kigali, umujyi w’urukundo n’ishema Mu minsi umunani itazibagirana, ijisho ry’isi yose ryari ryerekeje ku gihugu cyacu, u Rwanda, n’umurwa mukuru warwo Kigali. Ku nshuro ya mbere mu mateka y’imyaka irenga ijana ya Shampiyona y’Isi y’Amagare,
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda Los Angeles, USA-Kigali, Rwanda Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (Rwanda Development Board, RDB) cyatangaje ko cyinjiye mu bufatanye bushya n’ikipe ya basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, LA Clippers, ikina muri
Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani
Imirwano: AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani Mu nama yabereye imbere ya Hotel La Trinité mu mujyi wa Nzibira, umuyobozi wungirije w’abarwanyi ba M23, Brig. Gen. Bernard Byamungu, yasobanuye impamvu n’intego ya M23: abo barwanyi bavugaga ko barengera abaturage bagahagarika