Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi.
Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi. Kuva mu mpera z’umwaka wa 2021, Brigadier General w’igipolisi Bertin Gahungu, ushinzwe umutekano muri Ambasade y’u Burundi ku cyicaro cya ONU i New York, yanze gusubira mu gihugu nk’uko byategetswe na Leta ya Gitega. Umupolisi
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero.
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bamaze imyaka myinshi bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero. Umwe muri abo banyeshuri ni uwitwa Irakoze Emery, umuryango we ukaba ukeneye kumenya ukuri ku ishimutwa yakorewe muri 2017 i Ngozi. Imyaka umunani irashize umuryango
Ubuzima bubi bw’imbonerakure ku rugamba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Imbonerakure, ku miterere yazo, ni urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD rwakomeje gukoreshwa mu bikorwa bijya gusa n’iby’igisirikare birimo kugenzura abaturage, kwikoma abatavuga rumwe n’ubutegetsi, gukora ibikorwa byo guhashya abarwanya ubutegetsi mu buryo butemewe n’amategeko. Mu gihe zimaze gufatwa nk’inkingi y’ubutegetsi, zikoreshwa nk’igisirikare cyo hanze
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge.
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge. Ku wa 24 Kamena 2025, Iran na Israel binjiye mu masezerano y’agahenge, ariko ako gahenge kavugwaho ko kari kabangamiwe cyane n’uko impande zombi ziregana kukarengaho mu masaha ya
Qatar yagabweho igitero
Qatar yagabweho igitero Ibisasu bya Irani byarashe ku birindiro bya Amerika muri Qatar Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kamena 2025, igihugu cya Irani cyarashe ibisasu bitandatu ku kigo cya gisirikare cya Al-Udeid kiri i Doha muri Qatar, aho ingabo za Leta
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025 Icyo urutonde rushingiraho: Uburyo igihugu kiyobowe (neza cyangwa nabi), kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abaturage, kuba umuyobozi ufite icyerekezo rusange kandi gihuriweho, ivangura ry’ubutegetsi rishingiye ku nyungu bwite cyangwa ku gushaka gukundisha
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho. Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, Perezida Donald Trump yagejeje ijambo ku gihugu avuga ko indege za gisirikare za Amerika
Burundi mu ntara ya Rumonge indagara zirabona umugabo zigasiba undi.
Burundi mu ntara ya Rumonge indagara zirabona umugabo zigasiba undi. Ku mbuga nkoranya mbaga hashize iminsi hakwirakwiza amakuru avuga ko mu gihugu cy’Uburundi ahitwa Rumonge, ikiro kimwe cy’indagara kiruta kure umushahara umupolisi cyangwa umusirikare wo hasi ahembwa ku kwezi. N’uko imibare ibigaragaza, mu
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Dore isesengura ry’uko misile za Iran zabashije kunyura kuri système ya THAAD ya Amerika, n’impamvu eshanu zikomeye zituma izi ntwaro nshya zigora cyane ubwirinzi bwa
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose!
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose! Kuwa 20/6/2025, ku rukuta rwa X rwa minisitere y’abakozi ba leta n’umurimo hasohotse itangazo rigaragaza iminsi y’ikiruhuko uko izakurikirana, bigaragara ko hazabaho konji icyumweru cyose. Iryo tangazo riragira riti ”Minisiteri y’abakozi ba Leta