Rwanda: Abasirikare 20 b’Abarundi n’abandi bo mu bihugu bigize EAC bari gufasha abatishoboye.
Rwanda: Abasirikare 20 b’Abarundi n’abandi bo mu bihugu bigize EAC bari gufasha abatishoboye. Iki gikorwa cyatangiye kuwa 29/6/2025, kikaba kiri mu mugambi wa CIMIC (Coopération Civilo-Militaire / Ubufatanye hagati y’abasivile n’igisirikare), ugamije gukomeza umubano n’ubufatanye hagati y’abaturage n’inzego z’umutekano mu bihugu bigize Umuryango
Burundi abaturage baricanye ku itariki 30/6/2025, bamwe baranabatwitse ku mugaragaro!
Burundi abaturage baricanye ku itariki 30/6/2025, bamwe baranabatwitse ku mugaragaro! Mu gihe leta ya Gitega ikomeje kwifatanya na leta ya Kinshasa, izo leta zombi ntizigeze zigira impuhwe ku baturage bazo, dore ko gutwika abantu ku mugaragaro abandi bari kubireba ndetse no kwica abaturage
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump Mu butumwa bwe ku rukuta rwe rwa X, uwahoze ari perezida wa Kongo Kinshasa, bwana Joseph Kabila, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko amasezerano yakorewe imbere ya Trump ntacyo avuze ku ntambara iri kubera muri
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu.
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu. Bujumbura – Kamena 28, 2025 Imiryango umunani ituye mu gace ka Nyakabiga ya kabiri, muri Komine Mukaza, irarira ayo kwarika nyuma y’inkongi y’umuriro yaturitse kuri uyu wa gatandatu ahagana saa saba
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi. Mu ntambara z’igihe kirekire zibangamiye uburenganzira n’umutekano w’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akenshi hibandwa ku mitwe yitwaje intwaro nka M23, CODECO, FDLR, n’abandi bazwi nk’inyeshyamba. Nyamara, ubushakashatsi
IRAN: Igihe cyo guherekeza abaguye mu ntambara na Israël; igihugu cyateguye imihango y’icyubahiro.
IRAN: Igihe cyo guherekeza abaguye mu ntambara na Israël; igihugu cyateguye imihango y’icyubahiro. Téhéran, ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Kamena 2025, Leta ya Iran yatangiye imihango y’icyubahiro ku rwego rw’igihugu yo guherekeza abasirikare bakuru n’abashakashatsi mu by’ubumenyi bwa kirimbuzi (nucléaire) bishwe mu
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA.
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yihanangirije abima Abanyarwanda bo muri Uganda ibyangombwa, bitewe no gukomeza gushidikanya ku bwenegihugu bwabo mu buryo budafite ishingiro. Itegeko Nshinga rya Uganda ryo mu mwaka wi 1995 ryemeza
Burundi: Imyaka 10 nyuma y’ibibazo bya politiki, ONU yatangaje raporo iteye impungenge.
Burundi: Imyaka 10 nyuma y’ibibazo bya politiki, ONU yatangaje raporo iteye impungenge. Raporo yatangarijwe i Genève, kuwa 26/2025 hasohotse raporo ivuga ko hashize imyaka icumi havutse ibibazo bikomeye bya politiki mu Burundi byatangijwe n’uwari Perezida Pierre Nkurunziza washakaga kwiyamamariza manda ya gatatu.
Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo.
Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo. Nord-Kivu: Imirwano ikaze i Muhola hagati ya FARDC-UPDF n’inyeshyamba za Maï-Maï. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, habaye imirwano
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri; Intambara y’ubwenge
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri: Intambara y’ubwenge yatinze gufatwa nk’inkubiri y’ubwirinzi bushya n’ibihugu byo mu Burengerazuba Irani isohora ku isoko ry’umurimo aba injeniyeri 233,700 buri mwaka. Uyu ni umubare w’abanyeshuri barangiza amasomo y’ikoranabuhanga buri mwaka muri