Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.

Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.

Jul 27, 2025

Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.   Agahinda gakabije (depression profonde) ni kimwe mu bibazo byo mu mutwe bikunze kugaragara cyane mu barwayi bajya kwivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera mu

Read More
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.

Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.

Jul 27, 2025

Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.   Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko:   “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati

Read More
Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.

Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.

Jul 26, 2025

Biravugwa ko Masunzu yaba ari hagati nk’ururimi, Kinshasa ikaba yaramuhamagaye ngo agende afungwe, akaba ashaka kujya muri M23.   Masunzu wari umukuru wa zone ya 3 ya gisirikare ya FARDC, ikorera mu ntara za Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi intara z’Iburasirazuba bwa

Read More
Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR

Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR

Jul 26, 2025

Burundi: ishyamba rya kibira niryo riri gutorezwamo FDLR   Ibikorwa bya gisirikare bya FDLR (Forces démocratiques de libération du Rwanda) biri kuba muri ishyamba rya Kibira riherereye mu burengerazuba bwo mu Burundi, abasirikare ba FDLR bari kwiyegeranyiriza muri iryo shyamba nk’igicumbi cyangwa ahabera

Read More
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.

Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.

Jul 26, 2025

Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.   ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni

Read More
Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”.

Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”.

Jul 26, 2025

Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”.   Huye, tariki ya 25 Nyakanga 2025, abahanzi baturuka mu karere ka Huye batangije ku mugaragaro gahunda yitwa “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”, igamije kugaragaza no guteza imbere impano z’abahanzi, gukangurira urubyiruko kugira uruhare

Read More
Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe.

Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe.

Jul 25, 2025

  Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe.   Mbayahaga Isidore ugereranywa na KAJUGA Robert wo mu Rwanda nawe ahawe amahirwe ari ku rwego rumwe n’ayahawe KAJUGA Robert.   Mbayahaga Isidore agereranywa na Robert Kajuga, cyane kandi ko bombi bahawe amahirwe yo gukora

Read More
Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi.

Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi.

Jul 24, 2025

Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi. Uvira Aho iherereye: Uvira ni umujyi uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo (Sud-Kivu), mu burasirazuba bwa RDC, ku nkombe z’ikiyaga Tanganyika. Uhera bugufi n’umupaka wa Gatumba uva i Bujumbura mu Burundi.   Mu mateka: Uvira

Read More
Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.

Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.

Jul 24, 2025

Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.   Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho Dr Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbura Dr Edouard Ngirente wari umaze imyaka umunani (2017–2025) ku buyobozi bwa Guverinoma.  

Read More
Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.

Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.

Jul 24, 2025

Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.   Mu Rwanda, birakurikirwa n’iyegura ry’abagize Guverinoma bose, nk’uko biteganywa mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, mu ngingo ya 124 n’iya 125.   Minisitiri w’Intebe ni inkingi ya Guverinoma Ingingo

Read More