Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.
Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite. Agahinda gakabije (depression profonde) ni kimwe mu bibazo byo mu mutwe bikunze kugaragara cyane mu barwayi bajya kwivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera mu
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza. Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko: “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati
Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.
Biravugwa ko Masunzu yaba ari hagati nk’ururimi, Kinshasa ikaba yaramuhamagaye ngo agende afungwe, akaba ashaka kujya muri M23. Masunzu wari umukuru wa zone ya 3 ya gisirikare ya FARDC, ikorera mu ntara za Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi intara z’Iburasirazuba bwa
Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR
Burundi: ishyamba rya kibira niryo riri gutorezwamo FDLR Ibikorwa bya gisirikare bya FDLR (Forces démocratiques de libération du Rwanda) biri kuba muri ishyamba rya Kibira riherereye mu burengerazuba bwo mu Burundi, abasirikare ba FDLR bari kwiyegeranyiriza muri iryo shyamba nk’igicumbi cyangwa ahabera
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni
Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”.
Huye: Abahanzi batangije gahunda “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”. Huye, tariki ya 25 Nyakanga 2025, abahanzi baturuka mu karere ka Huye batangije ku mugaragaro gahunda yitwa “Uruhare rw’umuhanzi mu iterambere ry’igihugu”, igamije kugaragaza no guteza imbere impano z’abahanzi, gukangurira urubyiruko kugira uruhare
Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe.
Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe. Mbayahaga Isidore ugereranywa na KAJUGA Robert wo mu Rwanda nawe ahawe amahirwe ari ku rwego rumwe n’ayahawe KAJUGA Robert. Mbayahaga Isidore agereranywa na Robert Kajuga, cyane kandi ko bombi bahawe amahirwe yo gukora
Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi.
Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi. Uvira Aho iherereye: Uvira ni umujyi uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo (Sud-Kivu), mu burasirazuba bwa RDC, ku nkombe z’ikiyaga Tanganyika. Uhera bugufi n’umupaka wa Gatumba uva i Bujumbura mu Burundi. Mu mateka: Uvira
Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.
Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho Dr Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbura Dr Edouard Ngirente wari umaze imyaka umunani (2017–2025) ku buyobozi bwa Guverinoma.
Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.
Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe. Mu Rwanda, birakurikirwa n’iyegura ry’abagize Guverinoma bose, nk’uko biteganywa mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, mu ngingo ya 124 n’iya 125. Minisitiri w’Intebe ni inkingi ya Guverinoma Ingingo