Ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2025/2026 yashyizwe ahagaragara
Ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2025/2026 yashyizwe ahagaragara Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yashyize ahagaragara ingengabihe nshya y’umwaka w’amashuri 2025/2026, igaragaza uburyo igihembwe kizakurikirana, amatariki y’ibizamini bya Leta ndetse n’igihe cy’ibiruhuko. Iyo ngengabihe izagenderwaho n’amashuri yose ku rwego rw’igihugu, yaba ayisumbuye, abanza ndetse n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.
Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno
Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno Mu ijoro ryakeye mu mujyi wa Goma, ubwato bwihuta cyane bwitwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubundi bwitwa Mikeno bwari bwarohamye mu kiyaga cya Kivu mu myaka ine ishize. Ibi byabaye mu gihe ubuyobozi bwa
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko uru rwego ruri mu myiteguro yo gushinga ikipe ya ruhago izitabira amarushanwa mu Rwanda. Yavuze ko intego nyamukuru atari ugutsinda imipira
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, nyuma yo kwakirwa i Kinshasa ku wa 19 Kanama 2025 na Perezida Tshisekedi. Uyu muyobozi w’Uburayi yagize ati: “Rwose Perezida Tshisekedi yampamirije ko inyandiko yateguwe
IZUBA: INSHUTI NDETSE N’UMWANZI W’UBUZIMA BWACU
IZUBA: INSHUTI NDETSE N’UMWANZI W’UBUZIMA BWACU Mu buzima bwa buri munsi, hari ibintu dufata nk’ibisanzwe ariko bifite akamaro kanini ku buzima bwacu. Izuba ni kimwe muri byo. Umuntu wese agikura ijisho mu idirishya akareba uko rimurika, yibwira ko ari ibintu bisanzwe, ariko mu
Impinduka ntoya ku mabara y’ururimi ishobora kugaragaza ibibazo by’umutima, mu gifu, cyangwa mu maraso
Impinduka ntoya ku mabara y’ururimi ishobora kugaragaza ibibazo by’umutima, mu gifu, cyangwa mu maraso Hari benshi mu buzima bwa buri munsi batajya bita ku mwanya ururimi rufite mu buzima bwabo. Ururimi rukunze gufatwa nk’igikoresho cyo kuvuga cyangwa gufasha mu kurya gusa, ariko mu
Mu Buhinde umugabo yishe umugore we akoresheje inzoka
Mu Buhinde umugabo yishe umugore we akoresheje inzoka Mu Buhinde, mu gace ka Kollam kari mu Ntara ya Kerala, haravugwa inkuru iteye ubwoba y’umugabo wagambiriye kwica umugore we akoresheje uburyo budasanzwe: gukodesha inzoka y’ubumara ikamuruma. Umugambi we wari uwo kugwiza umutungo binyuze mu
Kugenda n’ibirenge mu mucanga, umuti w’ubuzima bwiza
Kugenda n’ibirenge mu mucanga, umuti w’ubuzima bwiza Hari abatekereza ko kugenda mu mucanga wambaye ibirenge ari ukwishimisha gusa. Ariko mu by’ukuri, ni imwe mu myitwarire yoroheje ariko ifite umumaro mwinshi ku buzima bw’umubiri ndetse n’uw’umutima. Abashakashatsi n’impuguke mu by’ubuzima bagaragaza ko kuba umuntu
Kugenda mu byatsi wambaye ibirenge, umuco ushobora kuguhindurira ubuzima
Kugenda mu byatsi wambaye ibirenge, umuco ushobora kuguhindurira ubuzima Mu buzima bwa none, abantu benshi batunzwe n’ibiribwa byihuse, bakora amasaha menshi bicaye ku meza cyangwa imbere ya mudasobwa, abandi bagatwarwa n’urusaku rwa telefoni zigezweho. Ibi byose bituma tugenda duhora duhangayitse, tudatuje ndetse n’imibiri
Inzara zishobora gutanga amakuru y’ingenzi ku buzima bw’umuntu; kuba ikimenyetso cy’indwara zikomeye zirimo iz’umwijima, iz’umutima, n’iz’ubuhumekero
Inzara zishobora gutanga amakuru y’ingenzi ku buzima bw’umuntu; kuba ikimenyetso cy’indwara zikomeye zirimo iz’umwijima, iz’umutima, cyangwa z’ubuhumekero Inzara zawe ntizikwereka gusa ubwiza cyangwa isuku yawe, ahubwo ni indorerwamo y’ibibera mu mubiri wawe imbere. KBenshi iyo bavuze ku nzara batekereza gusa ku buryo bwo