Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar
Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar Andry Rajoelina, wahoze ari Perezida wa Madagascar mu bihe bibiri bitandukanye (2009–2014 na 2019–2025), yambuwe ubwenegihugu bw’iki kirwa nyuma yo gushinjwa kugira ubundi bwenegihugu yahawe n’u Bufaransa mu buryo butubahirije amategeko. Icyemezo cyafashwe na Minisitiri w’Intebe w’inzibacyuho,
Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda?
Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda? Nyuma y’uko FERWAFA yemeje ko amakipe yo muri Sudani, arimo Al Hilal SC Omdurman na Al-Merrikh SC, yemerewe gukina muri Rwanda Premier League guhera mu Ugushyingo
Amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina muri Rwanda Premier League
Amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina muri Rwanda Premier League Ni inkuru itunguranye ariko inashimishije abakunzi ba ruhago mu Rwanda no muri Afurika yose: Al-Merrikh SC na Al Hilal SC Omdurman, amakipe abiri akomeye cyane muri Sudani, yamaze kwemererwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu
Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange
Ihuriro FCC, ryibumbiyemo imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko rishyigikiye Joseph Kabila Kabange Mu gihe politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje gususurutswa n’intambara, ibibazo by’umutekano n’imyivumbagatanyo y’abaturage, ihuriro Front Commun pour le Congo (FCC), ryari rimaze
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC Umwuka w’uburakari n’agahinda urakomeje mu ngabo z’u Burundi nyuma y’uko abasirikare bagera kuri mirongo itatu (30) bahanishijwe igihano gikomeye cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, bazira kwishyuza amafaranga bavuga ko
Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé
Paris: Iperereza ryatangiye nyuma y’amashusho yo muri Gereza ya La Santé Ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Paris bwatangije iperereza rikomeye nyuma y’uko hagaragaye amashusho y’umugororwa uri muri gereza ya La Santé, avuga mu buryo butangaje ko ashaka kwica Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo
RDC: Amakuru y’intambara, amasezerano mashya na Brezil, umutekano, umu FDLR witwa Tokyo Mu gihe amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kuba inzozi, icyumweru cya 16-23 Ukwakira 2025 cyanzwe n’imirwano, ibirego, n’amasezerano mashya y’ubufatanye. Kuva mu nama y’abanyamakuru ya AFC/M23
Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho
“Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho Ubuyobozi bwa #Tshisekedi buyobora bushingiye ku gushimisha rubanda no ku bwoba” Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, i Goma (intara ya Nord‑Kivu, muri République démocratique du Congo)
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda Fiston Chrisnovic Balanganayi, umujyanama wa perezida akaba n’umwe mu bavuga rikijyana muishyaka rya Tshisekedi, UDPS, yatangaje ko igihe kigeze ngo RDC ifate u Rwanda irwiyomekeho cyane ko ari igihugu gito kingana n’umudugudu
Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État
Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaburiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, ko ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cyo kwica uwahoze ari Perezida Joseph Kabila rishobora gutera