Ruhango: Abajura 3 basambanyije umudamu w’imyaka 58 bafashwe
Police y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abacyekwaho gusambanya Mukanyandwi Elina uko ari batatu. Ibi police y’u Rwanda yabitangaje Ku wa 13 ugushyingo 2024 inyuze Ku urubuga rwa X aho yasubizaga kuri tweet ya Tv1Rwanda. Aha Tv1Rwanda yatabarizaga umugore w’imyaka 58 y’amavuko
Brig Gen. Ronald Rwivanga yahumurije abaturage batuye mu Karere ka Nyamasheke
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen. Ronald Rwivanga yahumurije abaturage batuye mu Karere ka Nyamasheke, nyuma y’aho umusirikare witrwa Sgt Minani Gervais arasiye abaturage 5 mu kabari. Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024, ni bwo uyu
Umusirikare wa RDF yarashe abaturage batanu
Sgt Minani Gervais w’imyaka 39 y’amavuko akurikiranyweho kurasira mu kabari ko mu Karere ka Nyamasheke abasivile batanu bagapfa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 13 ugushyingo 2024. Ni mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda rinyujijwe ku urukuta
Abanya-Uganda bakoresha TikTok bafunzwe bashinjwa gutuka umuryango wa perezida
Abanya-Uganda babiri bafunzwe bashinjwa gutuka Perezida Yoweri Museveni, umugore we Janet Museveni n’umuhungu wa Perezida, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, ku rubuga nkoranyambaga rutangazwaho za videwo rwa TikTok. Umucamanza Stella Maris Amabilis yategetse ko David Ssengozi, bahimba Lucky Choice, w’imyaka 21, na Isaiah Ssekagiri, w’imyaka
Sudani y’Epfo: Abaturage bishwe n’inyota
Abaturage bo muri Sudani y’Epfo, baravuga ko barimo kwicwa n’inyota bitewe no kubura amazi meza yo kunywa, nyuma y’uko imyuzure yibasiye Amajyepfo y’icyo gihugu yatumye amazi yivanga na Peteroli. Ibi byatewe n’imvura yaguye ari nyinshi bidasanzwe bitewe n’imihindagurikire y’ikirere, iteza imyuzure myinshi ituma
Ubucucike mu magororero yo mu Rwanda bwagabanyutseho 19%
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda bwagabanyutseho 19%, aho bwavuye kuri 140,7% bwariho mu mwaka wa 2023, kuri ubu buri ku 121,8%. Icyakora nubwo habayeho iryo gabanyuka, iyo Komisiyo ivuga ko n’ubusigaye bukiri ikibazo kuko butajyanye