Ruhango: Abajura 3 basambanyije umudamu w’imyaka 58 bafashwe

Ruhango: Abajura 3 basambanyije umudamu w’imyaka 58 bafashwe

Nov 13, 2024

Police y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abacyekwaho gusambanya Mukanyandwi Elina uko ari batatu. Ibi police y’u Rwanda yabitangaje Ku wa 13 ugushyingo 2024 inyuze Ku urubuga rwa X aho yasubizaga kuri tweet ya Tv1Rwanda. Aha Tv1Rwanda yatabarizaga umugore w’imyaka 58 y’amavuko

Read More
Brig Gen. Ronald Rwivanga yahumurije abaturage batuye mu Karere ka Nyamasheke

Brig Gen. Ronald Rwivanga yahumurije abaturage batuye mu Karere ka Nyamasheke

Nov 13, 2024

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen. Ronald Rwivanga yahumurije abaturage batuye mu Karere ka Nyamasheke, nyuma y’aho umusirikare witrwa Sgt Minani Gervais arasiye abaturage 5 mu kabari.   Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024, ni bwo uyu

Read More
Umusirikare wa RDF yarashe abaturage batanu

Umusirikare wa RDF yarashe abaturage batanu

Nov 13, 2024

Sgt Minani Gervais w’imyaka 39 y’amavuko akurikiranyweho kurasira mu kabari ko mu Karere ka Nyamasheke abasivile batanu bagapfa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 13 ugushyingo 2024. Ni mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda rinyujijwe ku urukuta

Read More
Abanya-Uganda bakoresha TikTok bafunzwe bashinjwa gutuka umuryango wa perezida

Abanya-Uganda bakoresha TikTok bafunzwe bashinjwa gutuka umuryango wa perezida

Nov 13, 2024

Abanya-Uganda babiri bafunzwe bashinjwa gutuka Perezida Yoweri Museveni, umugore we Janet Museveni n’umuhungu wa Perezida, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, ku rubuga nkoranyambaga rutangazwaho za videwo rwa TikTok. Umucamanza Stella Maris Amabilis yategetse ko David Ssengozi, bahimba Lucky Choice, w’imyaka 21, na Isaiah Ssekagiri, w’imyaka

Read More
Sudani y’Epfo: Abaturage bishwe n’inyota

Sudani y’Epfo: Abaturage bishwe n’inyota

Nov 13, 2024

Abaturage bo muri Sudani y’Epfo, baravuga ko barimo kwicwa n’inyota bitewe no kubura amazi meza yo kunywa, nyuma y’uko imyuzure yibasiye Amajyepfo y’icyo gihugu yatumye amazi yivanga na Peteroli. Ibi byatewe n’imvura yaguye ari nyinshi bidasanzwe bitewe n’imihindagurikire y’ikirere, iteza imyuzure myinshi ituma

Read More
Ubucucike mu magororero yo mu Rwanda bwagabanyutseho 19%

Ubucucike mu magororero yo mu Rwanda bwagabanyutseho 19%

Oct 30, 2024

Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda bwagabanyutseho 19%, aho bwavuye kuri 140,7% bwariho mu mwaka wa 2023, kuri ubu buri ku 121,8%. Icyakora nubwo habayeho iryo gabanyuka, iyo Komisiyo ivuga ko n’ubusigaye bukiri ikibazo kuko butajyanye

Read More